Kuva ku wa 14-15 Gashyantare 2026, Abakuru b’igihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bahuriye mu nama ya 39, ari na ho AU yatangiriye kuyoborwa na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, umaze imyaka yohereje ingabo mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ndetse bombi bagahurira ku gufatanya na FDLR ishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu mfuruka z’icyumba Perezida Ndayishimiye yaherewemo kuyobora AU
14 February, by Brenda MIZERO -
Kabuga Felicien wari umaze imyaka irenga 20 atagera mu ruhame yabwiye urukiko ikintu kimwe yifuza
20 May 2020, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bw’urukiko rw’umuryango w’abibumbye bukurikirana ibyaha uyu munsi bwasabye urukiko ko Kabuga Felisiyani ava mu Bufaransa akoherezwa muri gereza y’uru rukiko rwa ONU.
-
Uwafatanywe Heroine I Kanombe yavuze ko yari aziko atwaye umuti
16 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore w’Umunya-Nigeria, Duru Priscilla wafatiwe ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe ikiyobyabwenge cya ‘Heroine’ ku mu mpera za 2016, kuri uyu wa 16 Mutarama 2018 yaburanishijwe n’urukiko rukuru avuga ko atari azi ibyari biri mu mu isakoshi yarimo iki kiyobyabwenge yavuze ko yaje mu Rwanda hari inshuti ye imutumye agasakoshi karimo imiti.
Duru gifatwa yabwiye Ubugenzacyaha ko yinjiye mu Rwanda (avuye Nigeria) tariki 26 Ukwakira 2016 atumwe n’inshuti y’umuryango we (…) -
Umunyamabanga wa leta y’Amerika yageze I Kigali kuganira n’abayobozi b’u Rwanda
11 August 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa gatatu aho agiye gusoreza uruzinduko amazemo iminsi muri Aziya na Africa.
Mu ngingo byitezwe ko Antony Blinken aganiraho n’abategetsi i Kigali harimo iy’inyeshyamba za M23, no kuba Amerika ibona ko Paul Rusesabagina afunze “mu buryo butari bwo” mu Rwanda.
Byitezwe ko Blinken ashyira igitutu ku bategetsi i Kigali ngo barekure Rusesabagina.
Kuri Twitter Perezida Paul Kagame yasubije uwari (…) -
Volleyball: Ikipe y’u Rwanda y’abagore yageze muri 1/2 cya shampiyona y’Afurika bwa mbere mu mateka
13 September 2021, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere mu mtaeka,ikipe y’u Rwanda mu bagore yageze muri 1/2 cy’Igikombe cya Afurika cya Volleyball itsinze Nigeria amaseti 3:0, mu mukino wa kabiri wo mu Itsinda A.
-
Umuryango wa Perezida Kagame wafashe iya mbere mu #Kwibaruza [AMAFOTO]
16 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame babaruwe ubwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR) cyatangiraga gukora Ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire mu Rwanda.
Amakuru arambuye ku muryango wa mbere mu Rwanda, yanditswe na Yusuf Murangwa, Umuyobozi mukuru wa NISR.
Abanyarwanda bakomeje gushishikarizwa kwitabira iki gikorwa cyo kwibaruza cyatangiye uyu munsi.
Iri barura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire rishingira ku makuru y’uko ingo zari (…) -
Pastor Kabanda Julienne yahaye gasopo abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga
13 May 2025, by Gladiator OGUmukozi w’Imana Pastor Kabanda Julienne wari umuyobozi wa Grace Room iheruka kwamburwa ubuzimagatozi, kuri ubu yamaganye abantu batandukanye bakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga bandika ibintu mu izina rye .
-
Nigeria: Abayobozi 40 mu nama yo gukumira imyigaragambyo iri gutegurwa
25 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelAbayobozi bakuru mu gihugu cya Nijeriya bateraniye mu nama y’igitaraganya, yiga ku buryo bwo gukemura ibibazo byatumye urubyiruko rutegura imyigaragambyo. Ni imyigaragambyo urubyiruko rwo muri iki gihugu ruri gutegura izaba taliki ya 1 Kanama 2024, aho bazaba bamagana imikorere mibi ya guverinoma ituma ubuzima buhenda.
-
Perezida Kagame yavuye imuzi intandaro y’ibibazo abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda
9 March 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda, yerekana ko bituruka ahanini ku mikoranire hagati y’umutwe ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda RNC na Uganda.
-
Kamonyi: Habereye impanuka y’imodoka ikomeye
14 January 2025, by Joseph IradukundaMu Karere ka Kamonyi urenze ku cyapa imodoka zihagararaho cya Musambira, munsi ya Paruwasi Musambira, habereye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi ya RFTC yavaga mu Mujyi wa Kigali, n’imodoka ya Toyota Hilux Vigo yavaga mu Karere ka Muhanga, hakaba hari abakomeretse.
Umuryango.rw
Mu mfuruka z’icyumba Perezida Ndayishimiye yaherewemo kuyobora AU
Umunyamabanga wa leta y’Amerika yageze I Kigali kuganira n’abayobozi b’u Rwanda
Volleyball: Ikipe y’u Rwanda y’abagore yageze muri 1/2 cya shampiyona y’Afurika bwa mbere mu mateka
Umuryango wa Perezida Kagame wafashe iya mbere mu #Kwibaruza [AMAFOTO]
Pastor Kabanda Julienne yahaye gasopo abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga
Nigeria: Abayobozi 40 mu nama yo gukumira imyigaragambyo iri gutegurwa
Kamonyi: Habereye impanuka y’imodoka ikomeye