Boris Johnson wabaye Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza yibasiye Keir Starmer uri muri uyu mwanya kuri ubu, agaragaza ko ikibazo cy’abimukira cyugarije igihugu agifitemo uruhare rukomeye, rwatangiye ubwo yateshaga agaciro amasezerano u Bwongereza bwari bufitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Boris Johnson yagaragaje kutishimira icyemezo cya Minisitiri w’Intebe Starmer cyo gusesa amasezerano n’u Rwanda.
6 January, by ISIMBI Estella -
Uwahoze ari rutahizamu wa AS Kigali yaguye mu mpanuka
24 February 2025, by Joseph IradukundaRutahizamu Abubakar Lawal wahoze akinira ikipe ya AS Kigali, yapfuye kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Gashyantare azize impanuka.
-
CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?
16 April 2021, by UbwanditsiRtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo habaga ihererekanyabubasha hagati ya Rtd Brig. Gen George Rwigamba na Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE, icyo gihe Rwarakabije yifurije akazi keza umusimbuye anamwizeza ubufatanye igihe buzaba bukenewe!
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa gatatu taliki 14/4/2021 nibwo byamenyekanye ko (…) -
Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanohereza intumwa
1 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanze kwitabira inama ya 24 y’abakuru b’ibihugu bya EAC i Arusha muri Tanzania, aho yagombaga guhabwa inkoni yo kuyobora uyu muryango.
-
Bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu Rwanda mu kwezi kwa Mata harimo ifatwa rya Sankara,gushyira hanze ubwambure bw’abakinnyi, impano zitangaje,ubwishongozi bwa Gahongayire nibindi[AMAFOTO]
1 May 2019, by Martin MunezeroNkuko bisanzwe bisanzwe buri kwezi ntihajya habura ibidasanzwe bikuberamo haba ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru byo mu Rwanda bigacika,Aha tukaba twakusanyirije abasomyi b’UMURYANGO bimwe mu bihe by’ingenzi byavuzwe cyane mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga byo mu Rwanda mu kwezi gushize kwa Mata.
-
Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi ntabwo ukibaye kuwa Gatanu
13 September 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Al Hilal na Rayon Sports bemeranyije gusubika umukino bari bafitanye kuri uyu wa Gatanu bakazakinira imikino yose i Kigali mu minsi iri imbere.
-
Senateri Mupenzi George yeguye muri Sena y’u Rwanda
7 June 2024, by Dusingizimana RemySenateri Mupenzi George yeguye ku mpamvu ze bwite. Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kamena 2024 nibwo yashyikirije Perezida wa Sena ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri.
-
Nsabimana Callixte “Sankara” yemeye ibyaha byose ashinjwa avuga ko n’inyoni zo mu ishyamba zamushinja
23 May 2019, by Dusingizimana RemyNsabimana Callixte “Sankara”, yemereye imbere y’urukiko ibyaha byose ashinjwa n’ubushinjacyaha uko ari 16,asaba imbabazi abanyarwanda n’umukuru w’Igihugu ndetse yemeza ko yitandukanyije na FLN.
-
"Bazaze ari benshi"-Perezida Kagame aratangirira kwiyamamaza i Musanze
21 June 2024, by Dusingizimana RemyUmukandida wa FPR INKOTANYI ku mwanya wa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame agiye gutangira kujya hirya no hino mu gihugu, agaragarize abaturage imbonankubone ibyo abateganyiriza.
-
Umuhanzi Sergeant Robert ari gushakishwa kubera icyaha cyo gusambanya umwana akekwaho
23 November 2020, by Dusingizimana RemyUmusirikare akaba n’umuhanzi Sergeant Major Kabera Robert wamenyekanye nka "Sergeant Robert" ari guhigishwa uruhindu akekwaho gusambanya umwana agahita atoroka.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko icyo cyaha cyakozwe tariki 21 Ugushyingo, ubwo yasambanyaga umwana w’imyaka 15. Bimaze kumenyekana ko byabaye, yahise atoroka ku buryo magingo aya yaburiwe irengero.
Inzego z’umutekano zatangiye kumushakisha uruhindu ngo agezwe imbere y’ubutabera. Zivuga ko uwabasha kumuca iryera yamenyesha inzego (…)
Umuryango.rw
Boris Johnson yagaragaje kutishimira icyemezo cya Minisitiri w’Intebe Starmer cyo gusesa amasezerano n’u Rwanda.
Uwahoze ari rutahizamu wa AS Kigali yaguye mu mpanuka
Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC ntiyanohereza intumwa
Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi ntabwo ukibaye kuwa Gatanu
Senateri Mupenzi George yeguye muri Sena y’u Rwanda
"Bazaze ari benshi"-Perezida Kagame aratangirira kwiyamamaza i Musanze