Ntibikunze kubaho ariko biremewe ko umushinjacyaha ashobora gushinjura. Mu iburanisha rya 2 mu rubanza mu mizi ruregwamo abari abayobozi ba ADEPR Ubushinjacyaha Emmenuel Nkubito yavuze ko nta bimenyetso bihamya ibyaha bihari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu rubanza rw’ abari abayobozi ba ADEPR umushinjacyaha yahindutse umushinjura
31 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Amajyepfo: Minisitiri Uwimana Console yasabye abayobozi kurwanya igwingira n’imirire mibi y’abana
19 March, by ISIMBI EstellaMu Ntara y’Amajyepfo, ibibazo by’imirire mibi n’igwingira ry’abana bikomeje guhangayikisha ubuyobozi n’abaturage, aho Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Console, yasabye abayobozi kongera imbaraga mu bukangurambaga no gukurikirana imiryango mu rwego rwo gukumira no gukemura iki kibazo gikomeje gufata intera mu turere nka Gisagara, Nyamagabe na Kamonyi.
-
Abanyamusanze baraye ijoro bajya aho Perezida Kagame yiyamamariza
22 June 2024, by Dusingizimana RemySaa saba, i Musanze batangiye urugendo berekeza Busogo aho umukandida wa FPR Inkotanyi, Perezida Kagame aributangirire gahunda ye yo kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu.
-
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha
16 November 2025, by Brenda MIZEROIngingo y’abasaba akazi ari benshi kakabona mbarwa mu Rwanda, ni imwe mu zikomeje kuvugwaho cyane. Byasembuwe na Raporo ya Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abakozi ba Leta y’ibikorwa bya 2024/25, yagaragaje ko mu Rwanda abantu 1.111.040 basabye akazi, kabonwa n’abantu 3.134.
-
Rwanda:Uducurama twateye Marburg twasanzwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro hafi y’i Kigali
4 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko mu bushakashatsi bakoze nyuma yo kubona umurwayi wa mbere wa Marburg, basanze indwara yaraturutse ku ducurama twitwa Egyptian rousette bats, twari mu kirombe cy’amabuye y’agaciro kiri hafi y’Umujyi wa Kigali.
-
Ibyo wamenya ku mikino ya FIFA Series 2026 u Rwanda rugiye kwakira
26 March, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cy’u Rwanda kigiye kwakira imikino ya gicuti Mpuzamahanga itegurwa n’Ishyiraramwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA ’FIFA Series’, iteganyijwe kuba hagati ya tariki 26 kugeza 30 Werurwe 2026, aho ibihugu umunani bigabanyije mu matsinda abiri.
-
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
-
Guteza imbere ubucukuzi no kunoza imyigishirize y’indimi: Imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano ya 20
17 February, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, igamije guteza imbere ubukungu, imibereho myiza n’imiyoborere.
-
Nduhungirehe yanenze ukubogama k’umunyamakuru wabajije Boulos ku bibazo by’u Rwanda na RDC
17 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ukubogama k’umunyamakuru waganirije umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’ubufatanye na Afurika, Massad Boulos.
-
Iyo RDC ikorana n’u Rwanda, iba ari igihugu cya mbere gikize muri Afurika- Sonia Rolland
12 January, by Brenda MIZEROUmukinnyi wa filime wabaye nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, Sonia Rolland, yatangaje ko iyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikorana n’u Rwanda mu myaka 30 ishize, yari kuba igihugu cya mbere gikize muri Afurika.
Umuryango.rw
Amajyepfo: Minisitiri Uwimana Console yasabye abayobozi kurwanya igwingira n’imirire mibi y’abana
Abanyamusanze baraye ijoro bajya aho Perezida Kagame yiyamamariza
Depite Mazimpaka yasabye ko abakora ibizamini by’akazi bajya batanga amafaranga yo kwiyandikisha
Rwanda:Uducurama twateye Marburg twasanzwe mu kirombe cy’amabuye y’agaciro hafi y’i Kigali
Ibyo wamenya ku mikino ya FIFA Series 2026 u Rwanda rugiye kwakira
Guteza imbere ubucukuzi no kunoza imyigishirize y’indimi: Imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano ya 20
Nduhungirehe yanenze ukubogama k’umunyamakuru wabajije Boulos ku bibazo by’u Rwanda na RDC
Iyo RDC ikorana n’u Rwanda, iba ari igihugu cya mbere gikize muri Afurika- Sonia Rolland