Ku mugoroba wo ku wa Gatanu,tariki 30 Ukuboza 2022, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu barenga 3000 baturutse hirya no hino mu Gihugu mu birori ngarukamwaka by’umwaka mushya.
Perezida Kagame yavuze ko umwaka wa 2022, wabaye mwiza kuko wabayemo ibikorwa byiza kurusha imyaka ibiri yari yabanje yashegeshwe n’ibihe bya Covid-19.
Yavuze ko uyu mwaka wa 2022,igihugu cyongeye gutera imbere mu bukungu, ubuzima bw’abaturage burongera buba bwiza kurushaho.
Ati " Ndibwira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagaragarije Abanyarwanda icyo bakwiriye gukora muri 2023
31 December 2022, by Dusingizimana Remy -
Amb Nduhungirehe yamaganye BBC yakoresheje imvugo ipfobya Jenoside
14 April 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Nduhungirehe Olivier yamaganye igitangazamakuru cy’u Bwongereza BBC, ishami ryacyo ry’Ikinyarwanda (BBC Gahuza) cyagoretse inyito ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu
6 January 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) gitangaza ko kigeze ku musozo w’imyiteguro y’Ibarura rusange rya Gatanu ry’abaturage n’imiturire, rizakorwa tariki 16 Kanama muri uyu mwaka wa 2022, hakazifashishwa abarimu barenga 28,000 bo mu mashuri abanza, kandi bazakoresha ikoranabuhanga.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amabarura mu Kigo cy’Ibarurishamibare NISR, Habarugira Venant yatangaje ko mu barimu bigisha mu mashuri abanza bangana n’ibihumbi 62 basabye kuzifashishwa mu ibarura rusange (…) -
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola
5 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C ashobora kwinjiza u Rwanda mu mushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uzava ku cyambu cya Lobito muri Angola.
-
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse mu Rwanda
5 June 2024, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi yashyizwe kuri 1,663Frw ivuye kuri 1,764Frw mu gihe litiro ya mazutu izajya igura 1,652Frw ivuye kuri 1,684Frw.
-
Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cya Afurika ku nshuro ya Gatatu
12 February 2024, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cya Afurika yakiriye itsinze Nigeria ibitego 2-1,nyuma yo kurokoka by’igitangaza mu mikino y’amatsinda ikazamuka mu makipe yatsinzwe neza.
-
Amasaha, ibiganiro byihariye, amasezerano mu kigo gishya: Ibitegerejwe i Washington D.C ku munsi w’amateka
4 December 2025, by Brenda MIZEROUmunsi wari umaze igihe kinini utegerejwe wageze. Ku masaha y’umugoroba i Kigali, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington D.C hategerejwe umuhango w’isinywa ry’amasezerano ashobora gushyira iherezo ku mwuka mubi umaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na RDC.
-
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda
5 February 2024, by Dusingizimana RemyAbanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku butaka bwa RDC.
-
Perezida Kagame yakomoje ku nama yagiriwe n’ inshuti ze mbere y’ amatora
28 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza kuyobora cyangwa akazongera agasubira ku butegetsi.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Ukwakira 2017 ubwo yari yitabiriye umugoroba w’umusangiro usoza ihuriro ry’abagize Unity Club Intwararumuri ryabaga ku nshuro ya 10.
Perezida Kagame yavuze ko yabonaga (…) -
Umugabo wa Mukarugwiza uherutse gupfira ku mupaka wa Uganda yavuze uburyo yababajwe n’ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we[AMAFOTO]
30 March 2019, by Martin MunezeroUmurambo wa Mukarugwiza Elizabeth w’ imyaka 38 wapfiriye ku mupaka w’ u Rwanda na Uganda mu gitondo cyo ku wa Gatatu,yashyinguwe kuri uyu wa Kane umugabo we Dan Hakizimana avuga ko yababajwe n’ ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagaragarije Abanyarwanda icyo bakwiriye gukora muri 2023
Amb Nduhungirehe yamaganye BBC yakoresheje imvugo ipfobya Jenoside
Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse mu Rwanda
Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cya Afurika ku nshuro ya Gatatu
Amasaha, ibiganiro byihariye, amasezerano mu kigo gishya: Ibitegerejwe i Washington D.C ku munsi w’amateka
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda