Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko Abanyarwanda bagera kuri 3% batari bamenya gukoresha serivisi z’imari, ikebura abagifite imyumvire y’uko kuzigama bisaba amafaranga menshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi
7 November 2025, by Brenda MIZERO -
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
11 February, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
-
Micomyiza Jean Dieu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda[AMAFOTO]
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUbushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa 27 Mata 2022, bwakiriye Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho.
-
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
3 January 2024, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko Perezida Tshisekedi atazigera agenzura uduce wabohoje ndetse bo na Alliance Fleuve Congo biyemeje guhirika ubutegetsi bwa RDC.
-
Ingendo mu modoka rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zabujijwe abantu bategekwa kuba bageze mu ngo zabo saa moya
27 August 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika muri Village Urugwiro yafashe umwanzuro wo guhagarika ingendo z’imodoka rusange zihuza Kigali n’izindi ntara ndetse abantu basabwa kuba bageze mu ngo zabo 19:00.
-
Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]
26 August 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane ahitwa Abbey Gate ku kibuga cy’indege cya Kabul habereye iturika ry’igisasu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bituma abantu 90 bahasiga ubuzima, nk’uko bitangazwa Minisiteri y’ubuzima muri Afghanistan.
Umutwe wa Islamic State [ISIS] Utangaza ko umwe mu biyahuzi bayo yateye agamije kwica abatemera islam n’abakorana n’igisirikare cya Amerika", nk’uko Reuters yanditse.
Aba Taliban 28 nibo baraye baguye muri icyo gitero cya bombe i Kabul, nk’uko umutegetsi w’umu Taliban (…) -
Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze
13 January, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yakiriye muri Villlage Urugwiro, Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, amusezeraho kuko arangije inshingano ze.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Donald Trump wa Amerika-AMAFOTO
26 January 2018, by Iyamuremye JanvierKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame amaze guhura na mugenzi wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aho biteganyijwe ko baza kugirana ibiganiro byihariye.
Perezida Kagame na Trump bahuriye mu nama yiga ku bukungu bw’isi i Davos mu Busuwisi igiye kumara iminsi ine. Aba bakuru b’ibihugu byombi bakaba baganiriye ku bijyane n’imikoranire y’Afurika n’Amerika.
Tryump aherutse kuvuga imvugo itaravuzweho rumwe n’ibihugu bya Afurika aho yagize (…) -
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
-
Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2
20 June 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2023, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mumu Rwanda.
Umuryango.rw
MINECOFIN yakebuye abacyumva ko impamba itazabageza i Kigali bayirira ku Ruyenzi
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
Micomyiza Jean Dieu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda[AMAFOTO]
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
Ingendo mu modoka rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zabujijwe abantu bategekwa kuba bageze mu ngo zabo saa moya
Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]
Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze
Perezida Hichilema wa Zambia yageze i Kigali mu uruzinduko rw’iminsi 2