Guverinoma y’ u Rwanda yatangaje ko Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye intumwa ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni bakaganira ku bibazo biri gahati y’ u Rwanda na Uganda, ibiganiro byibanze ku kwishyirahamwe kw’ ibihugu.
Nk’ uko Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga, Umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba akaba n’ Umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda Mme Louise Mushikiwabo yabitangarije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko mu byo aba bayobozi baganiriyeho harimo ikibazo cy’ (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Museveni baganira ku bibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda
6 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
17 May 2022, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zarashe abasore bakekwaho ubujura nyuma yo kubasangana ibyuma n’umuhoro bashaka kubarwanya.
Ibi byabereye mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ku Cyumweru tariki 15 Gicurasi 2022 ,aho abasore babiri bivugwa ko ari abajura barashwe n’inzego z’umutekano barapfa.
Abaturage bashimiye polisi y’u Rwanda ngo kuko bari bazengerejwe n’ibisambo bidahwema kwambura abaturage no kubica bikabashyira mu ishyamba rya Gisozi.
Amakuru y’iraswa ry’aba basore (…) -
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
29 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 29 Kamena uyu mwaka,Hasohotse itangazo rishyiraho ingamba nshya zihariye mu mujyi wa Kigali no mu turere 8 two hirya no hino mu Rwanda dukomeje kugaragaramo ubwiyongere bukabije bwa Covid-19.
Iri tangazo rivuga ko guhera ku wa 1 Nyakanga, Umujyi wa Kigali n’Uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana bizatangira kubahiriza ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 zirimo:
a. Ingendo zirabujijwe guhera saa kumi n’ebyiri za nimugoroba (6:00 (…) -
Perezida Kagame yagaragarije abitabiriye inama ya“Eisenhower Fellowoships” inkomoko y’iterambere ry’u Rwanda nyuma ya jenoside
14 June 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu nama y’Umuryango Mpuzamahanga witwa “Eisenhower Fellowoships” yateraniye i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kamena 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kuba u Rwanda rukomeje gutera imbere biterwa n’uko buri munyarwanda akora cyane ndetse nta wifuza gusubira mu mateka mabi yaranze u Rwanda.
-
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
26 February 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi zagiranye ibiganiro ku bufatanye mu rwego rw’ubutabera by’umwihariko ingingo ijyanye n’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza mu 2015.
Ni ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gashyantare 2022, bihuza Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel na mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine.
Nyuma y’ibiganiro byo mu muhezo, abanyamakuru batangarijwe imyanzuro mu itangazo (…) -
Mu birori byari binogeye amaso byitabiriwe na Louise Mushikiwabo Perezida Kagame yambikiwemo umudari w’ubudashyikirwa buhambaye na Perezida wa Burkina Faso[AMAFOTO]
2 March 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yambitswe n’umukuru w’Igihugu cya Burkina Faso Roch Christian Kabore umudari w’ ubudashyikirwa buhambaye utangwa n’ iki gihugu witwa ’Grand Croix de l’Etalon’.
-
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe
11 May 2021, by Dusingizimana RemyIbitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y’icyateye impfu z’abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe.
-
KNC yavuze uburyo Aline Gahongayire akeneye kwitabwaho akavurwa
29 April 2019, by Martin MunezeroMu minsi ishize nibwo hasakaye amashusho ya Aline Gahongayire yifatira ku gahanga itangazamakuru ryo mu Rwanda. Mu buhamya aherutse gutanga, yavuze uburyo yagiye azamuka, iby’amagambo y’abantu n’uburyo atari ku rwego rw’itangazamakuru ryo mu Rwanda.
-
Nyamagabe: Gitifu w’Akarere afunze by’agateganyo akekwaho kwiba amafaranga y’Akarere
14 June 2018, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego rw’Ubugenzacyaha) bataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe TWAYITURIKI Emmanuel bamukurikiranyeho ibyaha birimo gukoresha inyandiko mpimbano yiba amafaranga y’Akarere.
Urwego rw’Umuvunyi rwatangarije Umuryango ko Twayituriki Emmanuel akurikiranweho ibyaha byo kwaka cyangwa kwakira amafaranga bidakwiye, kwiha inyungu zinyuranyije n’amategeko no gukoresha inyandiko mpimbano. (…) -
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza
26 August 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi.
Umuryango.rw
Gasabo: Inzego zishinzwe umutekano zarashe abacyekwaho ubujura bari bitwaje intwaro gakondo
Guverinoma yashyiriyeho ingamba zihariye zo kwirinda Covid-19 Umujyi wa Kigali n’uturere 8
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z’impinja 19 mu kwezi kumwe
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza