Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima, DHS7, bwagaragaje ko imibare y’abana bari munsi y’imyaka 5 bagwingira mu Rwanda yageze kuri 27% mu mwaka wa 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abana bagwingira mu Rwanda bageze kuri 27% bavuye kuri 33%
17 December 2025, by Brenda MIZERO -
U Bufaransa: Umunyarwanda Twagira ukurikiranyweho Jenoside yirukanywe ku kazi yari yahawe
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko CNLG yamaganye kuba Umunyarwanda Dr. Charles Twagira yarahawe akazi n’ ibitaro byo mu Bufaransa kandi akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi ibyo bitaro byanzuye ko yirukanwa.
Nk’ uko byatangajwe Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG, Dr Twagira yari yatangiye gukora muri ibi bitaro bya “Paul Doumer”, nyuma yo guhabwa akazi kandi yarigeze gufungwa n’ubutabera bw’u Bufaransa kubera ibyaha yari akurikiranyweho bya Jenoside.
Nubwo yaje gufungurwa ariko (…) -
Ndindabahizi Emmanuel wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye muri gereza Bénin
14 October 2025, by Brenda MIZERONdindabahizi Emmanuel wabaye Minisitiri w’Imari mu gihe cya guverinoma yiyise iy’Abatabazi, yapfiriye muri gereza muri Bénin, aho yari yaroherejwe gusoreza igihano cy’igifungo cya burundu yakatiwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR), nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu.
-
Isaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro,amakoraniro n’abafana ku bibuga barakomorerwa
27 January 2022, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi tariki ya 28 Mutarama 2022,yemeje ko isaha abantu basabwa kuba bageze mu ngo ari saa sita z’ijoro mu gihe amakoraniro n’abafana ku bibuga nabyo byakomorewe.
Mu myanzuro mishya ikurikiye iyatangajwe ku wa 14 Ukuboza 2021,hahinduwemo kuzamura amasaha yo kugera mu rugo aho yakuwe saa yine ashyirwa kugera saa sita.
Hanatarangajwe ko ibitaramo by’umuziki bizasubukurwa hashingiwe ku mabwiriza azagenwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB.
Ibi (…) -
Inama y’Ibihugu bya BRICS Yagaraje Ugushaka guhanga n’Uburayi n’Amerika ya Ruguru
30 October 2024, by Joseph IradukundaMu gihe abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bavuga ko inama y’ibihugu bya BRICS yabereye i Kazan mu Burusiya idashobora kubyara amahari mu bihugu bifite imbaraga kw’isi, ababikurikiranira hafi bo bemeza ko ibihugu bya BRICS birimo gusuzuma ibibazo bishobora gutuma byigobotora guhora mu kwaha kw’ibihugu by’i Burayi na Amerika ya ruguru.
-
Byagenze bite kugira ngo TPLF iganze igisirikare cya Ethiopia cyahoze ari ntavogerwa
18 November 2021, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya Ethiopia, cyahoze kitisukirwa ndetse cyubahwa n’Amerika, cyakomeje gukubitwa inshuro cyane ku rugamba ku buryo leta yafashe icyemezo kidasanzwe cyo guhamagarira abaturage b’abasivile kujya mu ntambara bakayifasha guhangana n’inyeshyamba zo muri Tigray.
Ni impinduka idasanzwe ku gisirikare.
Mu mwaka ushize, cyahiritse ku butegetsi ishyaka rya Tigray People’s Liberation Front (TPLF) ryari ku butegetsi mu karere ka Tigray mu majyaruguru y’igihugu - none ubu abarwanyi b’uyu (…) -
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon
20 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe amavugurura n’ubufatanye bw’inzego muri Gabon, François Ndong Obiang, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2025.
-
Perezida Kagame yihanganishije Zambia yabuze uwabaye Perezida wayo wa mbere
18 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yihanganishije Abanya-Zambia kubw’urupfu rwa Kenneth Kaunda wabaye Perezida wa mbere w’iki gihugu. Perezida Kagame yavuze ko imiyoborere myiza no guharanira amahoro byamuranze akiriho bitazibagirana.
-
U Rwanda rwakiriye inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika
10 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubushobozi bwo guhanga ibishya no gukorera hamwe ari byo bigena imbaraga Afurika ifite mu guhangana n’ibibazo by’umutekano.
-
RDC: Abakandida bane basabye ko amatora ahindurwa impfabusa
21 December 2023, by Dusingizimana RemyAbakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
Umuryango.rw
Abana bagwingira mu Rwanda bageze kuri 27% bavuye kuri 33%
Ndindabahizi Emmanuel wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye muri gereza Bénin
Isaha yo kugera mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro,amakoraniro n’abafana ku bibuga barakomorerwa
Inama y’Ibihugu bya BRICS Yagaraje Ugushaka guhanga n’Uburayi n’Amerika ya Ruguru
Byagenze bite kugira ngo TPLF iganze igisirikare cya Ethiopia cyahoze ari ntavogerwa
Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Brice Oligui Nguema uyobora Gabon
Perezida Kagame yihanganishije Zambia yabuze uwabaye Perezida wayo wa mbere
U Rwanda rwakiriye inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika
RDC: Abakandida bane basabye ko amatora ahindurwa impfabusa