Mukarutesi Vestine wari Umuyobozi w’Akarere ka Karongi mu myaka ine ishize yegujwe n’Inama Njyanama y’Akarere imushinja kutuzuza inshingano no kutumvira inama yagiriwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Karongi:Inama njyanama yeguje Meya Mukarutesi
23 October 2023, by Dusingizimana Remy -
Urukiko rwakatiye Kazungu Denis igifungo cya burundu kubera ubwicanyi
8 March 2024, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igifungo cya burundu Kazungu Denis nyuma y’uko rusanze ibyaha byose yarezwe bimuhama.
-
Perezida Tshisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC yizeza gukosora amakosa yagaragaye mbere
20 January 2024, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya RDC, Félix-Antoine Tshisekedi yarahiriye kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe cy’indi myaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora mu kwezi gushize.
-
AFC yahakanye itangazo riyitwerera gukorana n’umutwe wa ADF NALU
27 August 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’ihuriro ry’imitwe irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, Alliance Fleuve Congo (AFC) bwahakanye itangazo bwitiriwe rivuga ko bwagiranye amaseserano n’inyeshyamba zifatwa nk’umutwe w’iterabwoba wa ADF NALU mu kurwanya Leta ya Kinshasa.
-
Jay Polly yatangaje umuhanzi utaramusuye muri gereza bikamutungura
16 January 2019, by Dusingizimana RemyUmuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze cyane.
-
U Rwanda Rwamaganye Ibihano Amerika Yafatiye Kabarebe
21 February 2025, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane tariki 20, Gashyantare, 2025, Amerika yatangaje ko yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe ibihano mu rwego rw’ubukungu.
-
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
3 December 2024, by Joseph IradukundaIby’iyi nama izahuriramo ba perezida w’u Rwanda na DR Congo byatangajwe mbere gato y’uko Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agera muri Angola mu ruzinduko rw’amasaha 72 ahafite.
-
Umusoro w’ubutaka winubiwe na benshi mu Banyarwanda wakuweho
16 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana,yabwiye RBA ko impinduka zari zabayeho ku musoro w’ubutaka zibaye zikuweho, abantu bakazakomeza gusora uko bari babikoze muri 2019.
-
Felicien Kabuga yaburaniye mu rukiko rw’I La Haye ku nshuro ya mbere
11 November 2020, by Dusingizimana RemyKu nshuro ya mbere, Kabuga Félicien ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yagejejwe mu rukiko i La Haye mu Buhorandi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/11/2020.
-
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu, itariki 8 Ugushyingo 2024, yitabiriye Inama ya 7 y’Ihuriro ry’Urubyiruko muri Afurika, Youth Connekt Africa 2024. Ni inama ibera muri Kigali Convention Centre yatangiye uyu munsi bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuwa 10 Ugushyingo, yitabiriwe n’abarenga 3000 baturutse hirya no hino muri Afurika.
Umuryango.rw
Karongi:Inama njyanama yeguje Meya Mukarutesi
Urukiko rwakatiye Kazungu Denis igifungo cya burundu kubera ubwicanyi
Perezida Tshisekedi yarahiriye kongera kuyobora RDC yizeza gukosora amakosa yagaragaye mbere
AFC yahakanye itangazo riyitwerera gukorana n’umutwe wa ADF NALU
U Rwanda Rwamaganye Ibihano Amerika Yafatiye Kabarebe
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
Perezida Kagame yatangije inama ya Youth Connekt Africa 2024 i Kigali yitabiriwe n’Abarenga 3000