Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda imbere ya za Ambasade z’ibihugu bikomeye mu rwego rwo kugerageza gushimisha mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi
19 December 2025, by Brenda MIZERO -
MINEDUC yafunze amashuri abanza,ayisumbuye n’ay’inshuke yo mu mujyi wa Kigali kubera Covid-19
17 January 2021, by Dusingizimana RemyMINEDUC yatangaje ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19, amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu mujyi wa Kigali afunze guhera kuri uyu wa Mbere.
-
Fatakumavuta yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
5 November 2024, by Joseph IradukundaSengabo Jean Bosco wamenyekanye nka ’Fatakumavuta’, yamaze kugezwa ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro aho agiye kuburanira ku ifungwa n’ifungurwa ry’Agateganyo.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Gatatu
3 April 2024, by Dusingizimana RemyInama y’Abamisitiri yateranye kuri uyu wa 3 Mata 2024, iyobowe na Perezida Paul Kagame yaranzwe no gushyiraho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu.
-
U Rwanda rwishimiye icyemezo cy’urukiko rukuru rw’Ubwongereza kirwemerera kwakira abimukira
19 December 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yishimiye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwo mu Bwongereza rwemeye gahunda yo kohereza abimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe mu Rwanda.
Muri Mata, u Rwanda n’Ubwongereza bashyize umukono ku masezerano yubufatanye azatuma abimukira n’abasaba ubuhungiro bitemewe n’amategeko mu Bwongereza bimurirwa mu Rwanda.
Iyimurwa ry’itsinda rya mbere ryabo ryari riteganijwe muri Kamena, ariko ryahagaritswe n’icyemezo cy’urukiko ku munota wa nyuma, nyuma yuko bamwe (…) -
Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho
23 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zizakomeza gukwirwakwira mu karere mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ukiriho.
-
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Afurika iri ku isonga ku Isi mu kugarizwa n’ibibazo by’umutekano muke ariko nta bantu bafite inshingano n’umutwaro wo kuyicungira umutekano uretse yo ubwayo.
-
Ange Kagame yahawe akazi mu biro bya Perezida
2 August 2023, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kanama yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye z’igihugu aho umukobwa wa Perezida Kahame,Ange Kagame yahawe inshingano zo kuba Umuyobozi wungirije w’Akanama gashinzwe Ingamba na Politiki za Leta mu Biro bya Perezida.
Abandi bahawe inshingano nshya ni Gen Maj Charles Karamba wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia aho agomba kuba anahagarariye igihugu muri AU, mu gihe Michel Sebera yagizwe Ambasaderi muri Guinée (…) -
Minisitiri Musoni aravugwaho gusambanya umugore w’ uwahoze ari umusirikare akamusenyera urugo
18 March 2018Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, James Musoni arashinjwa n’ umugabo wahoze ari umusirikare w’ u Rwanda kumusambanyiriza umugore akanabyara umwana muri urwo rugo bikaba byaratumye urwo rugo rusenyuka nyiri urugo aravuga ko ubukene bukomeye.
Rtd. Captain Safari Patrick avuga Minisitiri Musoni yitwaje umwanya afite avogera urugo rwe ashukisha umugore we imyanya y’ ubuyobozi ubwo uyu mugabo yari yaragiye kwiga muri Uganda.
Rtd. Capt. Safari wakoze mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi mu Rwanda, (…) -
Boris Johnson yagaragaje kutishimira icyemezo cya Minisitiri w’Intebe Starmer cyo gusesa amasezerano n’u Rwanda.
6 January, by ISIMBI EstellaBoris Johnson wabaye Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza yibasiye Keir Starmer uri muri uyu mwanya kuri ubu, agaragaza ko ikibazo cy’abimukira cyugarije igihugu agifitemo uruhare rukomeye, rwatangiye ubwo yateshaga agaciro amasezerano u Bwongereza bwari bufitanye n’u Rwanda ku bijyanye n’abimukira.
Umuryango.rw
Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi
Fatakumavuta yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Gatatu
U Rwanda rwishimiye icyemezo cy’urukiko rukuru rw’Ubwongereza kirwemerera kwakira abimukira
Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho
Twe kumva ko hari abandi bafite inshingano yo kurinda umutekano wa Afurika- Perezida Kagame
Ange Kagame yahawe akazi mu biro bya Perezida
Boris Johnson yagaragaje kutishimira icyemezo cya Minisitiri w’Intebe Starmer cyo gusesa amasezerano n’u Rwanda.