Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.
Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.
Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi wambaye umwambaro w’umuhondo.
Abakiriya b’akabari bagomba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
23 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Col Tom Byabagamba aritaba "Ubujurire" kuri uyu wa gatatu aburana “Gatoroshi”
27 April 2021, by UbwanditsiCol Tom Byabagamba araburana mu mizi ubujurire bwe kuri uyu wa 28 Mata 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana mu bujuire icyaha cyo kwiba gatoroshi na sharijeri yayo.
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rukaba rwari rwamuhamije iki cyaha rumukatira imyaka 3 yaje yiyongera ku yindi 15 yari yarakatiwe mbere.
Tom Byabagamba yahoze ari Col mu gisirikare cya RDF yahamijwe icyaha cy’ubujura n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ahita akijuririra kuko yaburanye agihakana.
Col Tom (…) -
Min. Mushikiwabo asanga umubano w’u Rwanda n’amahanga waragenze neza muri 2017
24 December 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’umuryango w’Afurika y’iburasirazuba aravuga ko u Rwanda rusoje umwaka ruhagaze neza mu rwego rw’ububanyi n’amahanga muri rusange, ibintu yemeza ko no mu mwaka utaha u Rwanda ruzakomeza gushimangira no guteza imbere umubano n’ibindi bihugu.
Minisitiri Louise Mushikiwabo avuga ko kuva uyu mwaka watangira, u Rwanda rwakoze ibikorwa binyuranye biruhuza n’ibindi bihugu, birimo no kwakira inama mpuzamahanga zinyuranye. Ku rundi ruhande ariko ibi (…) -
NEC yemeje by’agateganyo abakandida bemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida
6 June 2024, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.
-
Perezida Ruto urata umubano afitanye n’u Rwanda yemeje ko yaganiriye na Perezida Kagame
4 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Kenya, William Ruto, yemeje ko yabonanye na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, mu Bushinwa, bagirana ibiganiro ku kunoza umubano w’ibihugu byombi no kuri kandidatire ya Odinga ku buyobozi bwa Komisiyo ya AU.
-
Ishyaka rya Democratic Green Party ryirukanye abarwanashyaka 2 kubera "imigambi mibisha" bashinjwa
25 October 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) riyoborwa na Depite Dr.Habineza Frank, ryirukanye abanyamuryango baryo babiri kubera imigambi mibisha bari bafite yo kurisenyera mu rindi bashakaga gushinga.
-
Ambasaderi w’U Rwanda mu Bufaransa yahamagajwe
24 October 2017, by Iyamuremye JanvierAmbasaderi w’u Rwanda mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa yahamagajwe nyuma y’uko Gen.James Kabarebe asabwe gutanga ubuhamya ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana wari Perezida w’u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
U Bufaransa bumaze iminsi butangije iperereza rya kabiri ku ihanurwa ry’indege yahanutse tariki 06 Mata 1994 yari itwaye Habyarimana Juvenal ndetse wanahise apfira muri iyo mpanuka.
Iri perereza ryatangiye nyuma y’uko James Munyandinda watorotse (…) -
Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye HangaPitchFest 2021 ko hagiye gukorwa ibirenze kugira ngo abitabira iri rushanwa ryo guhanga udushya mu ikoranabuhanga batere imbere kurushaho.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza y’ u Rwanda bamaze kugabanyukaho 9 000
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmubare w’ abanyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu myaka 5 ishize umaze kugabanyukaho hafi ibihumbi 9 nk’ uko byatangajwe n’ ubuyobozi bw’ iyi Kaminuza imaze imyaka itanu ishyizweho.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Kabiri
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestNone kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama y’abaminisitiri idasanzwe:
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo.
Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze.
3.Inama y’Abaminisitiri yemeje:
a) Ishyirwaho ry’Ikigo (…)
Umuryango.rw
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
NEC yemeje by’agateganyo abakandida bemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida
Perezida Ruto urata umubano afitanye n’u Rwanda yemeje ko yaganiriye na Perezida Kagame
Ishyaka rya Democratic Green Party ryirukanye abarwanashyaka 2 kubera "imigambi mibisha" bashinjwa
Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest