Kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yahuye na Jimmy Gatete wari kumwe n’abakoze amateka mu mupira w’amaguru wa Africa bari mu Rwanda mu kumenyenisha igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru, kizabera mu Rwanda mu mwaka wa 2024.
Jimmy Gatete umwe mu bakinnyi bakunzwe cyane mu Rwanda mu myaka yashize yageze mu Rwanda kuwa 10 Ukwakira nyuma y’imyaka myinshi atahaba aho yaje guhura n’ibindi byamamare muri Afurika bategura kiriya gikombe cy’isi.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 12 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yakiriye Jimmy Gatete n’abanyabigwi muri ruhago
13 October 2022, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwakira aba Ofisiye bato basaga 600 no kubaha amapeti
13 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe , Dr Edouard Ngirente,yasabye abasoje amahugurwa ya ba Ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda, kugira ubumenyi buhagije bwo guhangana n’ibyaha by’ikoranabuhanga.
-
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye ishyiraho abayobozi muri zimwe mu nzego
29 November 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi
12 December 2025, by Brenda MIZEROGen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bw’Akarere yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi Usta, wamusimbuye kuri uwo mwanya.
-
FPR INKOTANYI yahishuye impamvu itareka andi mashyaka ngo ayobore u Rwanda
23 February 2024, by Dusingizimana RemyIshyaka rya FPR Inkotanyi riratangaza ko u Rwanda rutaragera aho rishaka bityo ritatanga igihugu nk’impano ngo abandi bayobore ndetse ryongeraho ko igihe abanyarwanda bazaba bakirishaka nta kabuza rizakomeza kugendana nabo.
-
FARDC yatangiye kumena ibisasu mu birindiro bya M23 ikoresheje indege
8 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 uratangaza ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushingo 2022 Ingabo za Leta ya Congo zawugabyeho ibitero simusiga ziri kubamishaho imvura y’ibisasu biremereye.
Amakuru aravuga ko ibisasu bya rutura biri kuraswa n’ndege ebyiri z’intambara za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zo mu bwoko bwa Sukhoi-25.
Izi zirimo imwe yavogereye ikirere cy’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka yagize ati “Ihuriro ry’Ingabo zifatanyije na (…) -
MINEDUC igiye guhindura uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta
21 July 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yahishuye ko hagiye guhindurwa uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya leta mu rwego rwo korohereza ababyeyi kurushaho gusobanukirwa ikigero cy’imitsindire y’abana babo.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye Gaspard Twagirayezu yabigarutseho ku wa Mbere taliki ya 18 Nyakanga nyuma yo gutangiza ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza kuri GS Ntarama mu Karere ka Bugesera.
Ibizamini by’abasoza (…) -
Abapolisi 160 biganjemo abagore boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
4 November 2020, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abapolisi 160, rigizwe n’umubare munini w’abagore bayobowe na Senior Superintendent Jeannette Masozera, bagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo.
-
Polisi yerekanye abashinjwa kwiba TV z’abaturage bakajya kuzigurisha
18 February 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Gashyantare 2021, Polisi y’igihugu yerekanye abagabo barindwi bakekwaho kwiba no kugurisha Televiziyo zo mu bwoko bwa Flat Screen mu Mujyi wa Kigali.
-
U Rwanda rwagaragaje ko kubungabunga amahoro bidakwiye kwibanda ku mbaraga za gisirikare
13 November 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Colonel Deo Mutabazi, yagaragaje ko uburyo bwiza bwo kubungabunga amahoro bukwiye kwibanda ku gukemura amakimbirane aho gukoresha imbaraga z’igisirikare.
Umuryango.rw
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yakiriye Jimmy Gatete n’abanyabigwi muri ruhago
Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwakira aba Ofisiye bato basaga 600 no kubaha amapeti
Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi
FPR INKOTANYI yahishuye impamvu itareka andi mashyaka ngo ayobore u Rwanda
FARDC yatangiye kumena ibisasu mu birindiro bya M23 ikoresheje indege
MINEDUC igiye guhindura uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta
U Rwanda rwagaragaje ko kubungabunga amahoro bidakwiye kwibanda ku mbaraga za gisirikare