Ubuyobozi bwo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi bushobora guhinduka ku wa 25 Mutarama 2025 mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati yabwo na Perezida Evariste Ndayishimiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urunturuntu hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umuyobozi w’Ishyaka CNDD-FDD
24 January, by Brenda MIZERO -
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
26 November 2024, by Joseph IradukundaKugeza ubu amakuru ava mu Karere ka Nyamasheke ni uko Abakozi bagera kuri 11 basezeye akazi batakiri Abakozi b’Akarere!
-
Abapolisi b’u Rwanda basimbuye abandi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique.
12 March, by ISIMBI EstellaKu wa Gatatu tariki 11 Werurwe, ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali, Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bagize itsinda RWAFPU3-3, bavuye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique (MINUSCA), aho bari bamaze igihe kirenga umwaka.
-
Bobi Wine yatangiye kwamagana ibyavuye mu matora rugikubita
15 January 2021, by Dusingizimana RemyRobert Kyagulanyi, umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi yamaganye ibyavuye mu matora by’agateganyo, anavuga ko ari we watsinze, n’ubwo komisiyo y’amatora ivuga ko amajwi yose atarabarwa.
-
#Kwibohora27: ” Uyu munsi u Rwanda si igihugu ku ikarita gusa”-Perezida Kagame
4 July 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko nyuma y’imyaka 27 u Rwanda rwibohoye,rutakiri igihugu ku ikarita gusa ahubwo rusobanuye icyizere, ndetse ubu abanyarwanda bafatanya buri wese akita kuri mugenzi we.
-
Urujijo ku mishyikirano ya M23 na RDC i Kampala itavugwaho rumwe
23 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuhera kuri uyu wa 22 Nyakanga 2024, ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko i Kampala muri Uganda hari kubera imishyikirano ihuza abahagarariye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame ,Museveni n’abandi bayobozi bo muri Afurika bahuriye mu nama ihuza Uburusiya n’umugabane w’Afurika
23 October 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira imikoranire.
-
Minisitiri Dr. Bizimana yibukije ko kunoza Ikinyarwanda bidahagarika kwiga izindi ndimi
10 February, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Damascene, yashimangiye ko iterambere ry’u Rwanda ridashobora kugerwaho hatitawe ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda by’umwihariko indangagaciro yo kwigira no kunoza imivugire n’imyandikire y’ururimi rw’Ikinyarwanda.
-
Mu mashuri havanywe toni 5,5 z’ibinyabutabire byashoboraga guhumanya abanyeshuri
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIkigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko kugeza muri Nyakanga 2025 cyari kimaze gukura mu mashuri ibinyabutabire birenga toni 5,5 byasaziye muri laboratwari zo mu mashuri agera ku 109 byashoboraga guhumanya ubuzima bw’abahiga n’abahakora.
-
RDC bigeze he? Umujyanama wa Sultani Makenga yagizwe ’guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru’
6 February 2025, by Joseph IradukundaIhuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rifite umutwe wa M23 ryashyizeho guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru hamwe n’abamwungirije mu gace k’iyi ntara bagenzura.
Umuryango.rw
Urunturuntu hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umuyobozi w’Ishyaka CNDD-FDD
Nyamasheke: Abakozi 11 b’Akarere bamaze gusezera kazi nyuma yo kuganirizwa
Abapolisi b’u Rwanda basimbuye abandi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique.
#Kwibohora27: ” Uyu munsi u Rwanda si igihugu ku ikarita gusa”-Perezida Kagame
Urujijo ku mishyikirano ya M23 na RDC i Kampala itavugwaho rumwe
Minisitiri Dr. Bizimana yibukije ko kunoza Ikinyarwanda bidahagarika kwiga izindi ndimi
Mu mashuri havanywe toni 5,5 z’ibinyabutabire byashoboraga guhumanya abanyeshuri
RDC bigeze he? Umujyanama wa Sultani Makenga yagizwe ’guverineri w’intara ya Kivu ya Ruguru’