Amakuru aturuka mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka Musanze.
Ngo bahanyuze (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
14 June 2020, by Dusingizimana Remy -
Leta y’u Rwanda igiye guha ijambo rikomeye abaturage mu kuvugurura ibyiciro by’ubudehe
14 February 2019, by Dusingizimana RemyBenshi mu banyarwanda ntibishimiye ibyiciro by’ubudehe barimo,ariyo mpamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko igiye kubivugurura ndetse abaturage bakabigiramo ijambo rikomeye.
-
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
21 March 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade yayo i Bruxelles mu Bubiligi, rutangaza ko serivisi za dipolomasi zizajya zitangirwa muri Ambasade yarwo iri i La Haye mu Buholandi.
-
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
18 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda wa 05 yishwe n’icyorezo cya COVID-19 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Nyakanga 2020.Uwapfuye Ni umugore w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamashe.
-
M23 yahishuye umugambi Tshisekedi yari afite mbere yo guhura na Kagame
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuByari biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari guhurira na Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Luanda muri Angola tariki ya 15 Ukuboza 2024, kugira ngo bashyire umukono ku masezerano y’amahoro, ariko ntibyakunze bitewe n’uko Guverinoma ya RDC yanze kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23 kandi yari yarabyemeye.
-
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
20 February 2025, by Pacifique NKURUNZIZAAmbasade y’u Rwanda mu Bwongereza, yasubije iki gihugu cyashinje u Rwanda kugira uruhare mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Congo, ibusaba kureka kwirengagiza nkana no gushyigikira RDC ishakira ibisubizo mu ntambara.
-
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
14 January, by Brenda MIZEROU Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ikiza cy’inkubi y’umuyaga yiswe ‘Melissa’ iherutse kucyibasira.
-
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Amavubi, Torsten Spittler amaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha yitegura umukino w’ishiraniro azahanganamo LIBYA.
-
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
17 April 2023, by Dusingizimana RemyMu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u Bufaransa, rwakupye amazi n’umuriro muri Kigali, urwa Muammar Gaddafi rwafunze amashuri, urwa Bill Clinton wagarukiye ku kibuga cy’indege i Kigali n’abandi.
Akenshi igituma izo nzinduko zigira umwihariko, ni uburyo umutekano uba wakajijwe rimwe na rimwe bikabangamira bamwe mu baturage, (…) -
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika
7 July 2023, by Joseph IradukundaAbategura Inama Mpuzamahanga yiga ikanashakira umuti imbogamizi abagore bagihura nazo (Women Deliver Conference), batangaza ko kuba iy’uyu mwaka izabera mu Rwanda byashingiye ku gaciro ruha umugore.
Ni inama igiye kubera bwa mbere ku mugabane wa Afurika, abazayitabira bakaba bazateranira i Kigali ku matariki 17-20 Nyakanga 2023.
Iyi nama ihuriza hamwe abantu b’ingeri zinyuranye ku Isi yose, kugira ngo baganire ku mbogamizi abagore bagihura nazo hagamijwe gushaka ibisubizo bifatika, mu (…)
Umuryango.rw
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
Ambasade mu Bubiligi yahagaze ariko Ababiligi bemerewe gusura u Rwanda
COVID-19 yahitanye umukecuru w’imyaka 88 wo mu karere ka Nyamasheke
M23 yahishuye umugambi Tshisekedi yari afite mbere yo guhura na Kagame
U Rwanda rwasubije Ubwongereza ku bibera muri Congo
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’abagore ibaye ku ncuro yambere muri Afurika