Perezida Kagame yagiriye urugendo mu Karere ka Nyamagabe kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 26 Gashyantare 2019,aho yaganirije imbaga y’abantu basaga ibihumbi 20 yaje kumwakira ku ngingo zitandukanye zirimo uburezi,iterambere ndetse n’umutekano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umunyeshuli utatsinze bamwimura bate ?-Perezida Kagame
26 February 2019, by Dusingizimana Remy -
"Abanyekongo bameze nk’abana batese bateza ibibazo bakabishinja abandi "-Perezida Kagame
4 July 2022, by Dusingizimana RemyMu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na RBA kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Nyakanga 2022,yagarutse ku ngingo nyinshi zirimo n’ikibazo kimaze iminsi cy’ubutegetsi bwa RDC bushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23.
Perezda Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutwe wa M23 wubuye imirwano akuba ubu auhangayikishije RDC, Perezida Kagame yavuze ko iki kibazo gihera mu mateka ya kera nubwo Leta y’iki gihugu ishinja u Rwanda kuwushyigikira.
Yagize ati "Twerekanye ibintu bikwiriye kwitabwaho ariko (…) -
Kazungu yemeye ibyaha aregwa byose asaba urukiko imbabazi arira
9 February 2024, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatangiye kuburanisha mu mizi Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi buturutse ku bushake iyicarubozo no gusambanya ku gahato ,kuri uyu wa Gtanu tariki ya 09 Gashyantare.
-
Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko birimo n’impamvu nyamukuru ituma akunda kwitwara mu modoka[AMAFOTO]
15 June 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yasubije ibibazo bitandukanye yabazwaga n’urubyiruko rukomoka muri Afurika, asobanura impamvu nyamukuru ituma akunda kugaragara yitwaye mu modoka mu gihe yagiriye uruzinduko mu bice runaka by’igihugu.
-
Guma mu rugo yongerewe kubera ubwiyongere bwa Covid-19
25 July 2021, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi 5.
-
Rubavu: Gitifu w’Umurenge arafunze akekwaho kwica Umuturage! Amakuru y’Umugoroba harimo na Kongo
2 September 2023, by EmmyAmakuru y’Umugoroba: Gitifu w’Umurenge muri Rubavu arakekwaho kwica Umuturage! Naho mu bijyanye na "Tour du Rwanda" mu Nzego z’Ibanze, Meya wegujwe aba ataniye he na Meya wirukanywe na "Njyanama" cyangwa wirukaniwe kuri "Yellow Paper"! Twagarutse no kuri Kongo
-
Minisitiri Biruta yavuze ku cyifuzo u Burundi bwatanze ngo umubano wabwo n’u Rwanda ugaruke no ku ifatwa rya Rusesabagina
1 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Dr.Vincent Biruta yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kubana neza n’igihugu cy’u Burundi nikibishaka gusa yemeza ko uyu mubano washoboka bidasabye amabwiriza.
-
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC
7 December 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Libya n’iy’u Burusiya byakiriye neza isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubukungu yashyizweho umukono na Perezida wa Reoubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repunulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Anoine Tsisekedi Tshilombo, ku wa 4 Ukuboza 2025.
-
Umuyobozi mukuru wa Polisi yazamuwe agirwa Commissioner General, CG
20 July 2023, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda DCG Felix Namuhoranye amuha ipeti rya Commissioner General, CG.
Muri Gashyantare uyu mwaka nibwo DCG Namuhoranye Felix yagizwe umuyobozi wa Polisi asimbuye CG Dan Munyuza, wari kuri uyu mwanya kuva mu mwaka wa 2018.
Icyo gihe Namuhoranye we yari asanzwe ari umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa.
Mu bandi icyo gihe bahawe inshingano nshya barimo CP Vincent Sano yagizwe Umuyobozi Mukuru (…) -
Ni gute ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse kuri 20% kandi ibiciro byariyongereye ku masoko?
16 September 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda (GDP/PIB) mu gihembwe cya kabiri (ukwezi kwa 4, 5,6) cy’uyu mwaka wazamutse ku kigero cya 20,6%.
Umuryango.rw
"Abanyekongo bameze nk’abana batese bateza ibibazo bakabishinja abandi "-Perezida Kagame
Kazungu yemeye ibyaha aregwa byose asaba urukiko imbabazi arira
Guma mu rugo yongerewe kubera ubwiyongere bwa Covid-19
Rubavu: Gitifu w’Umurenge arafunze akekwaho kwica Umuturage! Amakuru y’Umugoroba harimo na Kongo
Minisitiri Biruta yavuze ku cyifuzo u Burundi bwatanze ngo umubano wabwo n’u Rwanda ugaruke no ku ifatwa rya Rusesabagina
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC
Umuyobozi mukuru wa Polisi yazamuwe agirwa Commissioner General, CG
Ni gute ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse kuri 20% kandi ibiciro byariyongereye ku masoko?