Imibereho ya muntu igizwe no guhiga(imihigo) bishingiye ku iterambere aba yifuza kuzasoza ubuzima bwe agezeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Dore abantu 5 basoje umwaka 2023 bahagaze neza mu Rwanda
28 December 2023, by Joseph Iradukunda -
Leta izafasha abantu barya ari uko bakoze ku munsi n’abandi bafite amikoro make bagonzwe n’ingamba zo kwirinda Coronavirus
22 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru taliki ya 22 Werurwe 2020, abayobozi barimo batandukanye barimo Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera bagiranye ikiganiro na RBA kigaruka ku ngamba zikarishye cyane zafashwe mu rwego rwo kwirinda CoronaVirus.
-
Urukerereza ryasusurukije abitabiriye irahira rya Kenyatta [AMAFOTO]
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, muri sitade Kasarani yo mu gihugu cya Kenya habereye umuhango wo kurahiza Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta. Amakuru aturuka muri icyo gihugu aravuga ko hafi y’ iyo sitade polisi ihanganye n’ abatavugarumwe n’ ubutegetsi bahakoreye imyigaragambyo.
Perezida Kenyatta yarahiriye kuyobora manda ya kabili, aherutse gutorerwa. Uyu muhango wabereye muri Sitade ya Kasarani yakira abantu ibihumbi 60. Uyu muhango witabiriwe n’ abakuru b’ ibihugu (…) -
Guhura na Tshisekedi ntibyigeze bintera ikibazo - Perezida Kagame
13 February 2025, by Joseph IradukundaAsubiza niba koko asanga umutwe wa FDLR uteje akaga ku mutekano w’u Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko nta kuntu bitabaho, kandi Guverinoma ya Kongo ishyize imbere politiki yo kwica, dore ko Perezida Felix Tshisekedi uyiyobiye ashyira imbere ivangura no gutsemba ubwoko adashaka, afatanyije n’Interahamwe
-
Amakuru mashya:Imyanzuro y’urukiko yemeje ko Miss Elsa arekurwa
25 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUrukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda 2017, afungurwa by’agateganyo, akazajya yitaba urukiko adafunze, kugira ngo akomeze kuburana ku byaha aregwa n’ubushinjacyaha.
-
Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha [AMAFOTO]
9 September 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu Tariki ya 09 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha ku cyicaro cy’Ubushinjacyaha Bukuru ku Kimihurura ari kumwe n’abunganizi be, Emeline Nyembo na David Rugaza.
-
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika
9 November 2025, by Brenda MIZEROIshuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n’ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy ryatsindiye kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa nyafurika rya ‘Junior Achievement Africa Company of the Year’ rizabera muri Nigeria.
-
Amerika ntikiri igihangange? Hari ibimenyetso ko Uburusiya Ubushinwa na Irani Biyivangira mu Matora
24 October 2024, by Joseph IradukundaHabonetse ibimenyetso bishya bigaragaza ko Ubushinwa, Irani n’Uburusiya bishishikariye kongera ingufu zabyo mu kugena ibizava mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu kwezi gutaha muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
-
Kamonyi: Bishimiye amahugurwa agiye kubafasha gukuba kabiri umusaruro w’ibigori byabo
27 November 2023Abaturage bo mu murenge wa Runda na Rugarika,mu karere ka Kamonyi bibumbiye muri Koperative yitwa Ubumwe bugamije iterambere [KOUBITE] ikorera mu gishanga cya Bishenyi, basoje amahugurwa yari amaze amezi agiye kubafasha kongera umusaruro aho bagiye kujya beza toni zrenga zirindwi bavuye kuri 4.5 bezaga mbere y’uko bayabona.
-
Ubuzima Bwa Politiki Bwa Dr Habumuremyi wagizwe umwe mu bagize Inama y’Inararibonye
10 November 2024, by Joseph IradukundaUmwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri ni uw’uko Dr. Pierre-Damien Habumuremyi aba umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye kagira inama Umukuru w’igihugu.
Umuryango.rw
Dore abantu 5 basoje umwaka 2023 bahagaze neza mu Rwanda
Guhura na Tshisekedi ntibyigeze bintera ikibazo - Perezida Kagame
Amakuru mashya:Imyanzuro y’urukiko yemeje ko Miss Elsa arekurwa
Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha [AMAFOTO]
Rwanda Coding Academy igiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika
Amerika ntikiri igihangange? Hari ibimenyetso ko Uburusiya Ubushinwa na Irani Biyivangira mu Matora
Kamonyi: Bishimiye amahugurwa agiye kubafasha gukuba kabiri umusaruro w’ibigori byabo
Ubuzima Bwa Politiki Bwa Dr Habumuremyi wagizwe umwe mu bagize Inama y’Inararibonye