U Rwanda ruri kuganira na Kampani yo mu Burusiya ikora ikanacuruza bisi zikoresha Gaz Methane ngo bumvikane uko iyi kampani yakwagurira ibikorwa byayo mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Imodoka zikoresha gaz Methane zishobora kwinjira mu Rwanda mu minsi iri imbere
5 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda rugiye kwakira inama y’abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika
7 November 2025, by Brenda MIZEROKuva tariki ya 10 kugeza ku ya 12 Ugushyingo 2025, u Rwanda ruzakira inama ya 19 ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika.
-
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
7 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko kandi byari korohera igabo za RPA zari zishamikiye ku ishyaka RPF Inkotanyi guhorera Abatutsi bicwaga muri Jenoside,ariko zahisemo inzira y’ubumwe n’ubwiyunge aho kubikora.
-
MINEDUC yashyize hanze amanota y’abakoze ibizamini bya Leta,isubizaho gusibira ku batsinzwe
4 October 2021, by Dusingizimana RemyMinisteri y’uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri abanza (P6) n’uwa 3 w’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’Level).
Abanyeshuri bashoje icyiciro cy’amashuri abanza batangiye ibizamini bya leta ku wa mbere tariki ya 12 Nyakanga 2021, ni 251,906, barimo abakobwa 136,830 n’abahungu 115,076.
Muri rusange, abanyeshuri bagombaga gukora ibizamini bya Leta mu cyiciro rusange ni 121,626, harimo abakobwa 66, 240 n’abahungu 55, 386. (…) -
Ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1.598,3 Frw mu mwaka umwe
18 February, by Brenda MIZERORaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yagaragaje ko ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1,09 $, ni ukuvuga arenga miliyari 1.598,3 Frw mu 2024 avuye kuri miliyoni 886,9 $ ryari ririho mu 2023.
-
Biravugwa ko Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC yeguye
14 January 2020, by Dusingizimana RemyMadame Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC biravugwa ko yasezeye ku nshingano ze muri uyu mutwe utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda.
-
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
-
Busingye yasubije Musenyeri uheruka ku rwanya icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
29 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROAmbasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye yanenze Musenyeri w’Itorero ry’Abangilikani mu Bwongereza, Justin Welby uherutse kuvuga ko gahunda igihugu cye kirimo zigamije kugabanya abimukira nta musaruro kandi ko azakora ibishoboka byose akazirwanya.
Muri izo gahunda Musenyeri Welby ashaka kurwanya harimo n’ubufatanye bw’u Rwanda n’u Bwongereza, aho icyo gihugu cy’i Burayi giteganya kujya cyohereza mu Rwanda abimukira binjiyeyo binyuranyije n’amategeko, bagafashwa kuhatangirira (…) -
Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umubare munini w’abana bitabira ishuri mu gihe bujuje imyaka yo kwiga gusa bamwe batinda kurangiza ibyiciro bitandukanye, abahungu bakaba benshi barivamo imburagihe kubera impamvu zinyuranye zirimo n’ababyeyi babajyana gukora imirimo y’ingufu.
-
Dr. Sabin Nsanzimana yashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana ku Isi
13 October 2025, by Brenda MIZEROIkinyamakuru Time cyanditse ko Dr Sabin Nsanzimana usanzwe ari Minisitiri w’ubuzima ari umwe mu bantu 100 bavuga rikijyana kurusha abandi ku isi.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye kwakira inama y’abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo muri Afurika
#Kwibuka28: Perezida Kagame yashimiye Inkotanyi ko zitihoreye
MINEDUC yashyize hanze amanota y’abakoze ibizamini bya Leta,isubizaho gusibira ku batsinzwe
Ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1.598,3 Frw mu mwaka umwe
Busingye yasubije Musenyeri uheruka ku rwanya icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
Impungenge ku bana b’abahungu bagenda bagabanyuka mu mashuri y’u Rwanda
Dr. Sabin Nsanzimana yashyizwe ku rutonde rw’abavuga rikijyana ku Isi