.Abakozi 10% nibo gusa batangira ubwizigame muri RSSB.
.Buri masagoda 15 umukozi apfira mu kazi
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Buri masegoda 15 umukozi apfira mu kazi, mu Rwanda abakozi 90% ntibatangirwa ubwiteganyirize
27 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Gen Muhoozi Kainerugaba yaje kwizihiriza isabukuru ye i Kigali
23 April 2023, by Dusingizimana RemyUmujyanama wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni akaba n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, yashyitse mu Rwanda aho aje gukorera ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 49.
Ni nyuma y’iminsi mike ahurije hamwe Abahanzi bo mu Rwanda no muri Uganda mu gitaramo cyiswe “Rukundo Egumeho” cyo kwishimira ifungurwa ry’umupaka uhuza ibi bihugu byombi.
Mu itsinda ryageze i Kigali riherekeje uyu musirikare ukomeye,harimo Minisitiri w’Ubutabera wa Uganda, Norbert Mao; Minisitiri (…) -
Shene ya Ross Kana yibwe, inyuzwaho intambara ya Amerika, Israel na Iran
24 March, by ISHIMWE Jean de DieuShene ya YouTube y’umuhanzi nyarwanda Ross Kana yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibwa n’abantu bataramenyekana, bayikoresha mu kunyuzaho amakuru ajyanye n’intambara ivugwa hagati ya United States, Israel na Iran.
-
M23 yafashe Mubi itarwanye
22 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe wa M23 wigaruriye Centre y’ubucuruzi ya Mubi yo muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’uko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimaze kuyihunga.
-
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda
5 February 2024, by Dusingizimana RemyAbanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku butaka bwa RDC.
-
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
18 April 2025, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTEKANO: Abize i Nyamishaba bavuga ko Meya wa Ngororero atigeze abasaba imbabazi ku itotezwa yabakoreye icyo gihe bigana! Ubuhamya
-
Gasabo: Umusore arakekwaho kwica umukobwa yarangiza akiyahura
26 December 2020, by Dusingizimana RemyUmusore w’imyaka 23 ukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto, yasanzwe mu nzu arembye bikomeye irimo umurambo w’umukobwa, aho bivugwa ko uwo mumotari yaba ariwe wamwishe hanyuma akagerageza kwiyahura.
-
U Rwanda na Burundi baba bagiye gushwana bapfa RD Congo ?
1 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi n’uw’u Rwanda batangaje amagambo akomeye mu butumwa bwabo busoza umwaka ku benegihugu,baca amarenga ko 2024 ushobora kuba umwaka utoroshye mu mubano.
-
Ubushinjacyaha bugiye kujuririra icyemezo cyo kurekura Diane Rwigara n’umubyeyi we
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmushinjacyaha Mukuru, Mutangana Jean Bosco, yemeje ko Ubushinjacyaha butanyuzwe n’imikirize y’urubanza rwa Diane Rwigara n’umubyeyi we bukaba buzajuririra icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyo kurekura aba bombi.
-
Ibyo wamenya kuri Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na USA kugira ngo akurikiranweho ibyaha bya Jenoside
17 April 2021, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Mata 2021 nibwo Munyenyezi yagejejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo kumarayo imyaka 10 ari muri gereza aho yari akurikiranweho icyaha cyo kubeshya inzego z’abinjira n’abasohoka.
Umuryango.rw
Buri masegoda 15 umukozi apfira mu kazi, mu Rwanda abakozi 90% ntibatangirwa ubwiteganyirize
Gen Muhoozi Kainerugaba yaje kwizihiriza isabukuru ye i Kigali
Shene ya Ross Kana yibwe, inyuzwaho intambara ya Amerika, Israel na Iran
M23 yafashe Mubi itarwanye
Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda
INAMA Y’UMUTEKANO (EP10): Ibya Meya wa Ngororero washinjwe gutoteza “Abatutsi” biganaga i Nyamishaba
U Rwanda na Burundi baba bagiye gushwana bapfa RD Congo ?