Ikipe ya Bugesera FC ikomeje inzira yo kwiyubaka aho yamaze kugura abakinnyi bakomeye barimo ni umusore wahoze akinira Rayon Sports n’Amavubi Ndatimana Robert ndetse banongerera amasezerano...
Kuri iki gicamuntsi taliki ya 03 Nyakanga nibwo umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 23 bagomba gutoranywamo abazakina umukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Manzi Thierry, usanzwe ari myugariro mu ikipe ya Rayon Sports wavunikiye mu mukino wabahuje na Bugesera Fc mu cyumweru gishize yamaze guhabwa ibyumweru bitatu adakandagira mu kibuga.
Manzi...
Umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Jimmy Mulisa ni we wahawe gutoza ikipe ya APR FC nyuma y’igihe kinini iyi kipe y’ingabo z’igihugu idafite umutoza mukuru.
Nk’uko amakuru...
Sugira Erneste, rutahizamu w’Amavubi akaba n’umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ababajwe no kuba atazaboneka ku mukino bafitanye n’ikipe ya Renaissance mu mpera z’iki cyumweru kubera indwara ya...
Manzi Thierry, myugariro wo hagati mu ikipe ya Rayon Sports,wavunikiye mu mukino wa Bugesera FC wabaye mu mpera z’ukwezi gushize, ashobora kujya kuvuzwa hanze y’u Rwanda.
Manzi Thierry yakinnye...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, n’kipe ya AS Vita Club yo muri Congo Kinshasa, Sugira Ernest, nyuma yo gukiruka indwara ya Malaria aragaruka mu kibuga ikipe ye ihura na Daring Club...
Myugariro w’ikipe ya APR FC, Ngandu yakuye urujijo mubibaza k’ ubwenegihugu bwe avuga ko ari Umunyarwanda wuzuye
Ni mu gihe hari hashize iminsi abantu bibwira ko Omar ashobora kuba ari Umurundi...
Umukinnyi ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC ndetse no mu ikipe y’igihugu AMAVUBI, Yannick Mukunzi, yatangaje ko impamvu yamuteye gukubita umukinnyi wa Kiyovu bikanamuviramo ikarita...
Umukinnyi w’ ikipe ya APR FC ukina hagati mu kibuga asatira izamu n’ikipe no mu ikipe y’igihugu Amavubi, Hakizimana Muhadjiri bakunze kwita Walcott, agiye gukina umukino wa Police afite ideni...
Umuzamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame, yatangaje ko ikintu cyatumye acikiriza amashuri ntabashe kurangiza byibuze ayisumbuye, ari uko yahaye...
Umuzamu wa Bugesera FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’, Kwizera Olivier yifurije umwaka mushya, Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Perezida Paul Kagame na nyirakuru wamureze kuva mu bwana...
Umukinnyi mpuzamahanga w’unya Rwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club yo muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, akaba na rutahizamu w’Amavubi, Sugira Ernest, atangaza ko hanze ya ruhago ikindi...
Ndayishimiye Eric uzwi nka ’Bakame’, akaba umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, yatangaje ko icyamuteye kuva muri APR FC agasinyira Rayon Sports kandi ari mukeba wa APR FC, ari uko iyi...
Rutahizamu wa Police Football Club, n’Amavubi, Danny Usengimana avuga ko impamvu yamuteye kongera amasezerano muri Police FC ari ukubera ibibazo by’umuryango we kuko ntayandi mahitamo yari afite....
Rutihazamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club, Sugira Ernest yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi 26 umutoza wa AS Vita Club, Frolent Ibenge Ikwanga azifashisha mu mikino nyafurika...
Tariki ya 14 Gashyantare buri mwaka isi yose iba yizihiza umunsi w’abakundanye uzwi mu rurimi rw’amahanga nka ‘St Valentin’. Na hano mu Rwanda warizihijwe maze bamwe mu bakinnyi ba ruhago hano mu...
Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi na Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul yashyize ahagagaragara bimwe mu ibisobanuro bya zimwe muri tatuwaje(Tattoo)ziri ku mubiri we.
Uyu musore ukina mu bwugarizi...
Nyuma y’amezi ane; Iranzi Jean Claude na Uwera Aline basezeranye kubana akaramata, dore ko bari bakundanye igihe kinini bibarutse imfura yabo y’umuhungu mu ijoro ryo kuri uyu wa 20 Gashyantare...
Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA imwemerera guhita atangira gukinira ikipe ya Rayon Sports ku mugaragaro.
Uyu musore yavuye mu ikipe ya APR...
.Ntabwo narinzi ko Ama G ashobora kundirimba...
.Ntabwo ndi Ikiryabarezi
.Abantu bansaba ko iriya ndirimbo nayihagarika..
Rwatubyaye Abdul, umukinnyi w’ ikipe ya Rayon Sports akaba na...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma avuga ko atazibagirwa kapiteni we Gangi wamuyoboye muri Rayon Sports, bitewe n’uburyo yari azi kubana na buri wese ndetse na bimwe mu byemezo yajyaga...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati ariko asatira izamu mu ikipe ya APR FC ndetse n’Amavubi, Hakizimana Muhadjiri nyuma y’ibyumweru bigera kuri 6 adakora ku umupira kubera imvune yagarutse mu...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame, atangaza ko nubwo ari byiza ko ikipe ye igeze mu cyiciro cya gatatu cy’amajonjora y’imikino nyafurika, gusa ko byari kuba byiza kurushaho...