Irambona Eric Gisa ukinira ikipe ya Rayon Sports nka myugariro uca ku ruhande rw’ibumoso, yamaze gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mugeni Olive imbere y’Amategeko mu murenge wa Gitega mu...
PLatini yabwiye Knowless na Tom Close ko ibyo bamwifuriza ari ibyiza gusa ababwira ko ari ibintu byo kwitondera kuko kubaka urugo ari icyemezo cy’ubuzima bwe...
Myugariro Irambona Eric wa Rayon Sports wasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Mugeni Olive,ku munsi w’ejo Taliki ya 15 Werurwe 2019,yatangaje koyasigiye igifunguzo cyo kuva mu buseribateri kapiteni...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagabiye inka 2 umuryango mushya wa myugariro wabo Irambona Eric warushinze kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2019 na Mugeni Olive mu muhango wabereye ku...
Munyanshoza benshi bamuzi nka Mibirizi kubera indirimbo yo kwibuka yaririmbiye Mibirizi agace yavukiyemo kuwa 25 Nzeri 1975, ahitwa i Kimbogo ahahoze ari Perefegitura ya Cyangugu ubu ni mu Ntara...
Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, wari uherutse kurushingana na mukuru wa Yvan Buravan, yitabye Imana ubwo yari arimo kubyara mu rucyerera rw’uyu wa Kabiri tariki 30...
Abakobwa batatu bakiri bato mu Buhinde bagonzwe na gari ya moshi ubwo bari barangaye bari kwifatira selfies mu muhanda wayo,bakwepa imwe indi ihita ibagonga.
Umuherwe wa mbere mu Bushinwa, Jack Ma,washinze kompanyi y’ubucuruzi bwo kuri Interineti ikomeye ya Alibaba yasabye abakozi be barushinze, bari bitabiriye umunsi mukuru wa “Ali Day” wahariwe...
Ashingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere...
Ubwo habaga umukino wa nyuma wa Champions League wahuzaga Liverpool na Tottenham , Umunyamakuru w’imikino kuri RadioTv10 Hagenimana Benjamin (Gicumbi) ubwo yari mukazi yogeza uyu mukino yatunguwe...
Kuri uyu wa mbere ku wa 10 Kamena, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na madamu we Jeanette Kagame bujuje imyaka 30 batangiye kubana nk’umugabo n’umugore.
Igikomangoma Harry cyishimiye ko giheruka kwibaruka umwana w’umuhungu witwa Archie,cyavuzweho ko cyigeze kurwarira indege umukinnyi wa filimi witwa Jennifer...
Umukobwa witwa Alexis Tadlock w’imyaka 24, ukomoka muri Arkansas mu gihugu cya US, yatangajwe ko ababajwe n’uko abantu bita umugabo we Charles w’imyaka 79 y’amavuko ko ari sekuru we ndetse ngo hari...
Karuranga Virgile uzwi nka DJ Miller uri mu ba DJs bagezweho mu mujyi wa Kigali yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Hope Nigihozo biyemeza kubana byemewe na Leta y’u Rwanda ndetse bakaba...
Icyamamare mu Rwanda mu kuvanga imiziki, Karuranga Virgile uzwi nka DJ Miller mu muziki no kuyivanga, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Hope Nigihozo biyemeza kubana...
Umukobwa witwa Alexis Tadlock w’imyaka 24, ukomoka muri Arkansas mu gihugu cya US, yatangajwe ko ababajwe n’uko abantu bita umugabo we Charles w’imyaka 79 y’amavuko ko ari sekuru we ndetse ngo hari...