Benshi mu banyamurya ngo ba Rayon Sports bandikiye perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate gutumiza inteko rusange mu gihe kitarenze iminsi 5 kugira ngo asobanure ku bibazo biri kuvugwa muri...
Umugabo witwa Ndahayo w’imyaka 44 y’amavuko wo mu Kagari ka Gasharu mu Murenge wa Rutare mu Karere ka Gicumbi, yafashwe kuri uyu wa Kabiri akekwaho gusambanya umwana we w’umukobwa w’imyaka...
Umugore witwa Minute Chola,ukomoka mu gace kitwa Talayi mu karere ka Milenge muri Zambia yagiye mu nkiko gusaba gatanya kubera ko umugabo we amuzengereza amusaba ko batera akabariro inshuro...
Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda akunda abandi” gusa abenshi usanga bakoresha aya magambo cyangwa se iyi mvugo ariko mu by’ukuri nta...
Kuri uyu wa Gatandatu saa 15:30 kuri Stade Ubworoherane Ikipe ya Musanze FC irakira Rayon Sports mu mukino wa shampiyona igeze ku munsi wa 25. Menya amakuru avugwa mu makipe yombi na byinshi...
Abaturage bafite imirima mu gice kigiye kwegurirwa inganda mu karere ka Musanze banze gusinyira ingurane barimo guhabwa na minisitere y’ubucuruzi n’inganda, ngo kuko amafaranga babariwe ari make ku...
Umwarimu ku ishuri rya NYANZA TSS(ETO GITARAMA) riherereye mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa bacuruzaga...
Perezida wa 41 wa USA, George Herbert Walker Bush yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Ugushyingo 2018 azize ubusaza kuko yari afite imyaka...
Abaturage batuye mu mudugudu wa Iwade mu ntara ya Kent mu Bwongereza bakoze agashya bifotoza bambaye ubusa kugira ngo bakusanye amafaranga yo gutabara bagenzi babo...
Mwiseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko amakuru yavuzwe ko musaza we yamuriganyije amafaranga yahawe nk’inkunga...
Umugabo witwa Albert Ara w’imyaka 40 ukomoka mu gihugu cya Belize yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa na se ari gusambanya icyana cy’ingurube cyari kimaze amezi 2 gusa...
Umuryango utegamiye kuri Leta Best Famuly Rwanda ufasha imiryango itishoboye mu bikorwa bitandukanye kuri uyu gatatu tariki 04 Nzeli yubakiye ubushobozi ababyeyi bo mumiryango ifashwa n’uyu...
Umuhanzi akaba n’umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi kandi nka KNC, yavuze ko atari asanzwe akurikirana hafi ibikorwa bya Miss Rwanda, ariko ko kuri iyi nshuro ya 10 ashyigikiye umukobwa witwa...
Kuri uyu munsi wa kabiri wo gukingira COVID-19 mu Rwanda, ku bitaro bikuru bya Ruhengeri mu Karere ka Musanze, habereye igikorwa cyo gukingira abakinnyi ndetse n’abayobozi b’ikipe ya Musanze...
Mu muco w’i Rwanda n’ahandi henshi ku Isi usanga umusore ari we ufite inshingano zo kubwira umukobwa ko yamukunze bityo n’umukobwa akicyiriza yemera ko bakundana. Ku basore benshi, bagorwa cyane...
Umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi mu jyana gakondo wamenyekanye nka Cyusa Ibrahim uherutse gutandukana n’umukunzi we Jeanine Noach yerekanye umwana yabyaye mu gihe bari mu munyenga...