Sénégal na Misiri kuri iki cyumweru birahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON), aho abakinnyi babiri bakomeye ba Liverpool baba bahatanye.
Mohamed...
Ikipe ya Ghana yashegeshwe no gusezererwa rugikubita mu gikombe cy’Afurika itarenze amatsinda bwa mbere mu myaka 16 ishize.
Black Stars ifite abakinnyi bakina mu makipe akomeye ku isi yasezerewe...
Umusifuzi wo mu Buholandi witwa Shona Shukrula yatangaje ko ari mu rukundo n’umukinnyi w’umupira w’amaguru witwa Jeff Hardeveld ... nyuma yuko bombi bahuye bwa mbere mu buryo...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yahuye n’umunyabigwi mu gutoza Sir Alex Ferguson baganira ku mibanire yabo idasanzwe, bahishura n’inkuru imwe yerekana ubucuti bari...
Lionel messi uri mu bahabwa amahirwe menshi yo gutsindira igihembo cya Ballon d’or cy’uyu mwaka,yahishuye ko we yahitamo guha igihembo umwe mu bakinnyi babiri bakinana muri Paris...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Mashami Vincent yatangaje urutonde rw’abakinnyi azajyana muri Morocco gukina na Mali mu majonjora yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi 2022, bakagaruka i...
Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yamaze kumvikana na Real Madrid kuri myugariro Raphael Varane aho byamaze kwemezwa ko azakinira iyi kipe y’ubukombe mu Bwongereza mu mwaka w’imikino...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Nyakanga 2021,ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatangaje ko umutoza wari wungirije ariwe Pablo Morchón atazakomezanya n’iyi kipe umwaka utaha w’imikino kubera impamvu...
Africa’s leading digital TV operator, StarTimes will broadcast all 51 games of the UEFA Euro 2020 tournament across its five sports channels live and in HD.
StarTimes secured Broadcast rights...
AFC and StarTimes partnership involves the AFC’s major national team and club competitions for 2021.
The Asian Football Confederation (AFC) has today announced StarTimes as their new media...
Perezida w’ikipe ya Real Madrid,Florentino Perez yatangaje ko nta kipe n’imwe muri 12 yari yasinye kwinjira mu irushanwa rya European Super League yavuyemo ariko yemeza ko imbogamizi zatewe nuko...
Nubwo byavugwaga ko amakipe 6 yo mu Bwongereza yikuye igitaraganya muri European Super League kubera igitutu cy’abafana,amakuru yemeza ko ahubwo yabyemeye kubera akayabo yahawe na UEFA kugira ngo...
Irushanwa rya European Super League riri mu mazi abira nyuma y’aho amakipe atatu akomeye mu Bwongereza arimo Chelsea na Manchester City yamaze kwikura muri iri rushanwa ndetse biravugwa ko Arsenal...
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yo ku wa 5 Mata 2021 n’iyo ku wa 15 Mata 2021 zafashe imyanzuro ikurikira irebana n’isubukurwa rya Shampiyona y’Ikiciro cya mbere ‘’Primus National League...
Umusifuzi w’Umuholandi witwa Danny Makkelie uherutse gukora amahano akanga igitego cya Cristiano Ronaldo mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’sisi 2022 Portugal yahuye na Serbia,yasabye...
Ikipe y’igihugu ya North Macedonia yatunguye Ubudage bufite ibikombe by’isi bine, ku gitego cy’intsinzi cyo mu minota ya nyuma cyatsinzwe na Eljif Elmas.
Umunyafurika y’Epfo,Patrice Motsepe usanwe ari umuntu wa 9 ukize muri Afurika ndetse akaba ari nyiri ikipe ya Mamelodi Sundowns, ni we Perezida mushya wa CAF asimbuye Ahmad Ahmad wahagaritswe...
Nyuma y’uko kuva mu mpera za Mutarama 2021 hasakaye inkuru n’amafoto by’umusore utuye mu mujyi wa Ouagadougou muri Burkina Faso, usa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uyu musore...
Perezida wa Repuubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki ya 7 Gashyantare 2021, yagiranye ikiganiro n’Ikipe y’Igihugu y’Amavubi, abashimira uko bitwaye muri CHAN2020 aho yabahaye...
Umuherwe w’Umurusiya witwa Roman Abramovich yamaze gufata umwanzuro wo kwirukana umutoza w’ikipe ye ya Chelsea,Frank Lampard nyuma yo kwitwara nabi kandi yarashoye akayabo ka miliyoni 200...
Umutoza Jose Mourinho wa Tottenham akomeje gushotora mugenzi we Jurgen Klopp wa Liverpool baherukaga gushwana nyuma y’umukino wabahuje kuwa Gatatu warangiye Liverpool itsinze Tottenham ibitego...
Umwana wa Diego Maradona yasabye kizigenza Lionel Messi nawe ukomoka muri Argentina guhagarika kwambara nimero 10 mu rwego rwo guha icyubahiro se uherutse gutabaruka mu cyumweru...
Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi...