Amazina ye ni Pasiteri Jean de Dieu UWIRAGIYE akaba ari umpasiteri mw’itorero ryitwa EDAR ’Eglise de Dieu en Afrique Au Rwanda’ ikicaro cyaryo kikaba giherereye mu karere ka Rubavu akaba yumvikanye...
Umuhanzikazi Young Grace uri mu Karere ka Rubavu hamwe n’umwana we, aherutse kujya ku mazi aho yifotoreje ubwo yari atwite inda y’amezi 8, yongera kwifotozanya n’umwana we w’amezi umunani avuga ko...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare akaba n’umukinnyi wa Benediction yo mu karere ka Rubavu kuri Munyaneza Didier bakunda kwita Mbappe yagize ibyago mu muryango we aho kuri...
Umunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye guca mu rihumye abo bahanganye atwara agace ka 5 ka Tour du Rwanda kabaye aka kabiri mu irushanwa kuko yari yatwaye agace ka Gatatu kasorejwe mu karere...
Myugariro wa Rayon Sports n’Amavubi,Rugwiro Herveyatawe muri yombi na RIB ishami rya Rubavu ndetse afungiwe kuri sitasiyo yayo RIB nyuma yo gufatirwa ku mupaka muto w’u Rwanda na Repubulika...
Kuri ubu AC Group imenyerewe cyane mu Mujyi wa Kigali, irimo gutanga serivisi ku bajya mu ntara ihereye ku bakora ingendo Kigali-Musanze-Rubavu. Mu korohereza abakiriya bayo, yatangije uburyo...
Bakundukize Ruth utuye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Nyamyumba Akagali ka Busoro Umudugudu wa Buvano wavutse 1981 avuga ko kuva ku myaka 7 yatangiye kumva ibisa n’intozi bimurya cyane imbere mu...
Ikipe ya Etincelles FC yo mu Karere ka Rubavu na Rutahizamu wayo Mutebi Rachid bakomeje intangiriro nziza za shampiyona kuko batsinze umukino wabo wa kabiri wa shampiyona bahuyemo na Heroes mu...
Umuhanzikazi Young Grace ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yatangaje impamvu yagiye kubyarira umwana mu karere ka Rubavu ku ivuko aho ashimangirako nta yandi mahitamo kuko yari...
Byemejwe ko hari umuntu wa kabiri wagaragayeho ibimenyetso by’indwara ya Ebola mu mujyi wa Goma uhana imbibi ndetse ugenderanira cyane n’uwa Gisenyi mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’u...
Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasuye imipaka ibiri, umuto n’umunini ihuza u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo (DRC) mu rwego rwo kureba uko bapima ibimenyetso...
Mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu ahitaruye Umujyi wa Rubavu niho habereye ibirori bibereye ijisho byo gusaba, gukwa no gusezerana imbere y’Imana hagati ya Manzi James [Humble Jizzo] n’umugore we Amy...
Ikipe ya Police FC yateye intambwe itajegajega iyigeza muri ½ cy’igikombe cy’Amahoro kuko yasanze Seninga Innocent I Rubavu imubuza gukomerwa amashyi n’abafana ba Etincelles FC mu gihe AS Kigali...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutera intambwe itajegajega mu gikombe cy’Amahoro kuko yatsindiye Marines FC igitego 1-0 ku kibuga cya stade Umuganda I Rubavu kandi yahawe ikarita itukura mu gihe ku...
Urukundo rugeze hagati y’umusore wiga muri Ines Ruhengeli na Miss Mwiseneza Josiane ruravuza ubuhuha bivugwa bamenyanye ubwo yari akiva mu karere ka Rubavu ubwo yari yatoranyijwe mu bakobwa 6...
Kuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare ndetse na Benediction Club y’I Rubavu,Nsengimana Jean Bosco yashyingiranywe na Niyireba Uwase Jeannette mu bukwe bwabaye ku munsi w’ejo taliki ya...
Nyirabukwe wa Humble Jizzo yageze mu Rwanda aho aje gutaha ubukwe bw’umukobwa we AmyBlauman buteganyijwe kuba taliki ya 24 Ugushyingo 2018, aho buzabera ku Nkengero z’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka...
Itel Mobile yashyizeho uburyo bwo korohereza buri wese gutunga smartphone zigezweho wa 2 Ugushyingo itel mobile yatangije igikorwa kizajya kiba buri wa Gatanu aho hazajya hatoranwa iduka mu gace...
Ikipe ya APR FC yihereranye Mukura VS mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi,Super Cup,iyitsinda ibitego 2-0,imbere y’imbaga y’abafana mu karere ka Rubavu kuri stade...
Agace ka gatanu kahagukiye mu Karere ka Karongi kerekeza i Rubavu ku ntera ya kilometero 95.1, kegukanwe n’umusore Hellmann Julian ukinira ikipe ya Team Embrace the world yo mu gihugu...
Ibifashijwemo n’abasore bayo bakomoka mu karere ka Rubavu,ikipe ya APR FC y’abakinnyi 10 ikuye amanota 3 kuri Musanze FC yari yayakiriye kuri Stade Ubworoherane mu mukino w’umunsi wa 25 wa...
Mu mukino uyigora cyane,Rayon Sports irahura na Etincelles FC idafite bamwe mu bakinnyi bayo bakomeye barimo Kwizera Pierrot,Mukunzi Yannick na Caleb bose bafite bafite ibibazo...
Kuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano...