Ku igicamusni cyo kuri uyu wa Gatatu ikipe ya Rayon Sports nibwo yasesekaraga ku ikibuga mpuzamahanga cya Bamako muri Mali aho igiye gukina umukino nyafurika na Onze Createurs, ikaba yakiriwe...
Umukino wa shampiyona wahuzaga ikipe ya Police FCna Mukura urangiye Police itsinze ikipe ya Mukura VS ibitego 2-1.
Wari umukino w’umunsi wa 20 wa shamnpiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ‘Azam...
Ingingo zo kurebwaho: Ese ni uko iyi kipe yaba nta banyamahanga ifite bayifasha? Ese ko umwaka ushize yatwaye igikombe cya shampiyona ntiyaba ifite abakinnyi batari ku urwego rw’abo mu umwaka...
Umuyobozi wungirije w’umujyi wa Mont-de-Marsan uherereye mu majyepfo y’Uburengerazuba bw’igihugu cy’u Bufaransa, yari yatangaje ko ikipe ya Barca niramuka itsinze PSG azamira imbeba.
Charles Dayot...
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda yashimiye Kiliziya gatolika kuba yemeye gusaba imbabazi ku ruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi.
Nk’ uko bigaragara ku rukuta rwa Perezida Kagame...
Abanyeshuri icumi ba Kaminuza ya Singhad Technical Education Society-Rwanda (STES-Rwanda) bahawe igikombe mu Buhinde mu irushanwa bari batumiwemo.
Iryo rushanwa ryateguwe n’ishuri rya Singhad...
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama nyafurika yiga ku iterambere iteganyijwe, iya 2017 (Transform Africa 2017) iziga ku iterambere ry’ imijyi y’ Afurika.
Iyo nama iteganyijwe kuva 10 kugeza 12...
Dr Yvonne Kayiteshonga, Umuyobozi ushinzwe indwara zo mu mutwe
Impuguke mu bijyanye n’ indwara zo mu mutwe mu Rwanda zigaragaza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bifite ihungabana riri ku kigero...
Aya ni amafoto asekeje cyane twabakusanyirije dukoresheje urubuga rwa google,bityo nawe ntubyihererane ngo useke wenyine,numara kuyareba uyasangize n’abandi.
Aba bo bari birukanywe mu nzu...
Madamu Carr ni Umunyamerika kazi watangije igihingwa cy’ibireti mu karere ka Rubavu mu murenge wa Mudende, n’ikigo kirera imfubyi "Orphelinat Imbabazi" nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
Melanie Brown ni umwe mu bakobwa 5 bari bagize itsinda rya Spice Girl, yanamenyekanye nk’umukemurampaka mu irushanwa rya America’s Got Talent. Muri iyi minsi hari ubuhamya yashyize ahagaragara...
Umuryango w’Abibumbye uvuga ko amahanga yose akwiye kwigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu mwaka 1994.
Tariki ya 7 Mata buri mwaka, Loni yemeje ko ari...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Uwizeyimana Bernadette, umubyeyi warokotse jenoside yakorewe abatutsi utuye mu mudugudu w’ Ituze Akagari ka Mpera mu murenge wa Bugarama ho mu karere ka Rusizi yatewe icyuma mu mutwe n’ umuntu...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Mata, Miss Queen Kalimpinya afatanyije n’abanyeshuri biga Muri lycée de Kigali (LDK) bagize umuryango wa AERG Iwacu mu rwego rwo kwifatanya n’ Abanyarwanda kwibuka...
Kuri uyu wa 11 Mata 2017, Umucuranzi w’icyamamare ndetse w’umuhanga uzwi kumazina ya John Warren Geils Jr.[J.Geils] wanashinze itsinda ry’umuziki J. Geils Band, yasanzwe mu rugo rwe i Groton muri...