skol
Kigali

Search: uBurusiya (993)

Kuki Donald Trump ashaka gucukura iby’agaciro ku kwezi?

Perezida Donald Trump arashaka ko leta zunze ubumwe za Amerika zitangira ubucukuzi bw’ibintu by’agaciro n’umutungo kamere ku kwezi.
15 April 2020 2731 0

Turkia yarashe indege ya gatatu y’igisirikare cya Syria

Abasirikare ba Turukiya bahanuye indege ya 3 y’intambara y’ingabo za Siriya mu ntara ya Idlib kuri uyu wa kabiri nyuma y’ubushyamirane buri hagati y’ingabo z’ibi...
4 March 2020 2774 0

Papa Francis yasengeye ku rwibutso rw’abazize ibitero by’igisasu kirimbuzi

Mu ruzinduko yagiriye i Nagasaki mu Buyapani muri weekend, umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yasabye akomeje ko intwaro kirimbuzi zirandurwa ku isi.
25 November 2019 505 0

Umwicanyi yinjiye mu kigo cy’amashuli yica abantu 17 akomeretsa abarenga 70

Mu ntara ya Crimea,mu Burusiya,umunyeshuli yinjiye mu kigo cy’amashuli aturikiriza igisasu muri Kantine, ndetse arasa bagenzi be aho abagera kuri 17bahasize ubuzima, hakomereka abarenga 70 nkuko...
17 October 2018 1695 0

Urukiko Mpuzamahanga rwategetse Amerika koroshya ibihano yafatiye Iran

Urikiko Mpuzamahanga International Criminal for Justice rwategetse Leta zunze ubumwe Amerika Koroshya ibihano yafatiye igihugu cya Iran nyuma yo kwikura mu masezerano yo guhashya intwaro...
3 October 2018 376 0

Ubutaliyani: hakozwe ibipupe bizajya byifashishwa n’abagabo n’abagore bifuza akabariro [AMAFOTO]

Mu Butaliyani hakozwe ibipupe byo gukoresha imibonano mpuzabitsina aho ugishaka yishyura amayero hagati ya 72 na 80 mu gihe kingana niminota 30.
4 September 2018 4568 0

Portugal na Espagne bazamutse biyushye akuya kandi barahabwaga amahirwe

Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku kaburembe nubwo zibashije kugera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cy’igikombe...
25 June 2018 1150 0

Amakipe abakinnyi,n’Abatoza bakoze udushya mu mikino y’igikombe cy’isi

Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
11 June 2018 1653 0

Umukinnyi w’Umurusiya yavuze ko azavuna Mohamed Salah nkuko Ramos yabigenje

Umukinnyi w’Umurusiya ukina yugarira witwa Ilya Kutepov yabwiye abanyamakuru ko nta buryo bwo guhagarika rutahizamu Mohamed Salah bazahura mu gikombe cy’isi uretse gukora nk’ibyo Sergio Ramos...
11 June 2018 2043 0

Reba ubwiza bw’inyubako perezida Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru atuyemo [AMAFOTO]

Ku wa Kane w’iki Cyumweru nibwo gafotozi w’Umurusiya yashyize hanze amafoto agaragaza ubwiza bw’inzu perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru ufatwa nk’umunyagitugu atuyemo mu mugi wa...
2 June 2018 9986 0

ISIS yongeye kwibutsa abakinnyi n’abafana bazitabira igikombe cy’isi ko izabibasira

Umutwe w’iterabwoba umaze kumenyekana ku isi yose ISIS,wongeye kwibutsa abantu bose bazitabira imikino y’igikombe cy’isi ibura ukwezi kumwe ngo itangire,ko uzabibasira ndetse wafashe ifoto iriho...
6 May 2018 2033 0

Isiraheli yishe abasirikare 14 mu gitero yagabye ku birindiro bya Syria

Indege za Isiraheli zagabye ibitero ku birindiro by’abanya Syria byitwa T-4 biherereye mu ntara ya Homs, zica abasirikare 14 barimo ingabo za Iran zikomeje gufasha perezida Assad kuguma ku...
9 April 2018 1310 0

ISIS yatangaje ko izarasisha drones abafana b’Ubwongereza mu gikombe cy’isi

Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
2 April 2018 931 0

Trump yikomye FBI kubera umusore warashe abanyeshuri 17 bagapfa

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika yacyashye ibiro by’ Amerika bishinzwe ubutasi FBI abishinja igisa n’ uburangare bwo kuba bitaratahuye mbere umugambi w’ umusore warashe abanyeshuri akica 17...
18 February 2018 1608 0

Umugizi wa nabi yafashe ku ngufu umugore wari uvuye gushyingura aramwica

Umugore witwa Svetlana Sapogova ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya yafashwe ku ngufu n’umugizi wa nabi ubwo yari avuye gushyingura incuti ye ahitwa Saratov mu majyepfo y’Uburusiya. Umwicanyi ukekwaho...
6 February 2018 2773 0

Perezida Kagame yavuze inyungu u Rwanda rufite mu nama iteraniye mu Busuwisi

Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame arashima uburyo inama y’ihuriro ku bukungu bw’isi ifasha u Rwanda kwagura umubano n’ibindi b’ibihugu no kongera abafatanyabikorwa. Umukuru w’igihugu...
26 January 2018 343 0

Yakubise umugore we amakofe n’ imigeri afata amashusho ngo ayoherereze inshuti ze

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya witwa Maxim Gribanov yakubise bikomeye umugore we witwa Anastasia Ovsiannikova, amuziza ko yashakaga gutandukana amufata amashusho agaragaza ibikorwa bya...
22 December 2017 855 0

Ikibazo cya Trump n’ Ubusiya: Umucamanza Mueller arashinjwa kubona email mu buryo butaribwo

Umunyamategeko washyizweho n’itsinda ryafashije Donald Trump mu nzibacyuho yashinje umushinjacyaha ukora iperereza Robert Mueller kubona ubutumwa bwa email mu buryo bunyuranye n’amategeko. Kory...
17 December 2017 422 0

Icyo wamenya kuri Tombola y’amatsinda y’igikombe cy’isi iraba uyu munsi

• Uyu munsi nibwo haramenyekana amatsinda y’igikombe cy’isi • Tombola irabera I Moscow saa kumi n’imwe
1 December 2017 339 0

Messi,Cristiano na Neymar batewe ubwoba n’umutwe witwaje intwaro abaha gasopo(AMAFOTO)

Umutwe witwaje intwaro ugendera ku mahame y’idini ya Islam ISIS watangiye gusohora ubutumwa buburira bamwe mu bakinnyi b’ibihangange muri ruhago ko nibibeshya bakitabira igikombe cy’isi bazahahurira...
31 October 2017 2970 0

ONU yemeje ibindi bihano kuri Koreya ya Ruguru birimo gufatira imitungo ya Perezida Kim

Abagize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri uyu mwaka, bameje bidasubirwaho ibihano bishya kuri Koreya ya Ruguru byateguwe na Leta zunze ubumwe...
12 September 2017 885 0

Ubushinwa buraburira Amerika ku byo ikomeje gukora kuri Koreya ya ruguru

Ubushinwa burasaba Leta zunze ubumwe z’Amerika zo zakwikosora ku makosa zakoze zishyiriraho Koreya ruguru ibihano bikora ku bigo bikomeye Ubushinwa buhuriraho na Koreya ya ruguru. Euronews...
24 August 2017 3966 0

Umukwe wa Perezida Trump yasobanuriye Sena uko kwiyamamaza kwa Trump byakozwe

Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
25 July 2017 526 0

Ibyaranze tariki 17 Nyakanga mu mateka

Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
18 July 2017 380 0

U Burusiya n’ u Bushinwa barasaba ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyaca mu mahoro

Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare. Minisitiri...
5 July 2017 1555 0

Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara

Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka. 1295:...
5 July 2017 561 0

Taliki 4 Nyakanga: Bimwe mu byaranze uyu munsi birimo ibohorwa rya Kigali ndetse n’ibohorwa ry’abisiraheli bari bafashwe...

Turi tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka 1776:...
4 July 2017 1262 0

Perezida Museveni yasobanuye iby’ uko yafashe Umwami akamugira Ambasaderi

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yasobanuye icyatumye afata Kyabazinga (William Nadiope Gabule IV) Umwami w’ umuco wa Busoga akamugira ambasaderi ufite inshingano zihariye mu biro bya...
12 February 2017 5137 0

Byinshi ukwiye kumenya ku gikombe cya FIFA Confederations Cup gitangira kuri uyu wa Gatandatu

Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
16 June 2017 1443 0

Perezida Trump yavuze ko umushinjacyaha mukuru wungirije ari kumugendaho

Perezida Donald Trump yagaragaye nk’uwemera ko arimo gukorwaho iperereza rijyanye n’irindi perereza riri gukorwa ku birego by’uko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika. Mu butumwa...
16 June 2017 1295 0
0 | ... | 600 | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | ... | 990