Abasirikare ba Turukiya bahanuye indege ya 3 y’intambara y’ingabo za Siriya mu ntara ya Idlib kuri uyu wa kabiri nyuma y’ubushyamirane buri hagati y’ingabo z’ibi...
Mu ruzinduko yagiriye i Nagasaki mu Buyapani muri weekend, umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yasabye akomeje ko intwaro kirimbuzi zirandurwa ku isi.
Urikiko Mpuzamahanga International Criminal for Justice rwategetse Leta zunze ubumwe Amerika Koroshya ibihano yafatiye igihugu cya Iran nyuma yo kwikura mu masezerano yo guhashya intwaro...
Ikipe ya Espagne n’iya Portugal zinaniwe gutsinda imikino yazo ya nyuma ndetse zinganya ku kaburembe nubwo zibashije kugera mu mikino ya 1/16 cy’irangiza cy’igikombe...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Ku wa Kane w’iki Cyumweru nibwo gafotozi w’Umurusiya yashyize hanze amafoto agaragaza ubwiza bw’inzu perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru ufatwa nk’umunyagitugu atuyemo mu mugi wa...
Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
Umugore witwa Svetlana Sapogova ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya yafashwe ku ngufu n’umugizi wa nabi ubwo yari avuye gushyingura incuti ye ahitwa Saratov mu majyepfo y’Uburusiya.
Umwicanyi ukekwaho...
Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame arashima uburyo inama y’ihuriro ku bukungu bw’isi ifasha u Rwanda kwagura umubano n’ibindi b’ibihugu no kongera abafatanyabikorwa.
Umukuru w’igihugu...
Abagize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri uyu mwaka, bameje bidasubirwaho ibihano bishya kuri Koreya ya Ruguru byateguwe na Leta zunze ubumwe...
Ubushinwa burasaba Leta zunze ubumwe z’Amerika zo zakwikosora ku makosa zakoze zishyiriraho Koreya ruguru ibihano bikora ku bigo bikomeye Ubushinwa buhuriraho na Koreya ya ruguru.
Euronews...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare.
Minisitiri...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Turi tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka
1776:...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Perezida Donald Trump yagaragaye nk’uwemera ko arimo gukorwaho iperereza rijyanye n’irindi perereza riri gukorwa ku birego by’uko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika.
Mu butumwa...