Mu kiganiro yahaye Sky News,yishimiye ko nyuma y’ibyumweru nta mwanzuro urafatwa,Ubudage bwemeye koherereza Ukraine ibifaru biasanzwe bya Leopard 2 tanks mu kuyifasha guhangana na Vladimir Putin....
Inama y’ejo ku wa kane yahuriyemo abashagarariye ibihugu 11 ku kigo cya gisirikare muri Estonia kugira bige uburyo baha imfashanyo nshya Ukraine mu rwego rwo kuyifasha kubohoza ubutaka bwayo...
Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikani, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu misa yo kumusezeraho yabereye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda avuga ku busabe bwa Amerika ko Paul Rusesabagina arekurwa yavuze ko ’ntawe uzadukanga’ ku byemezo u Rwanda rufata ndetse ashimangira ko byasaba kugaba ugitero ugafata...
Ikipe ya Croatia ikina yugarira cyane, yasezereye kuri penaliti 4-2 Brazil mu mukino wa mbere wa 1/4 cy’irangiza wari warangiye ari igitego 1-1 nyuma y’iminota 120.
Ikipe ya Brazil yahabwaga...
Pologne (Poland) ivuga ko nta "gihamya ntakuka" ifite ku wagabye igitero cy’ibisasu bya misile byaguye mu cyaro cyo muri icyo gihugu hafi y’umupaka na Ukraine, bikica abaturage babiri b’abasivile....
Leta y’u Rwanda irashinja Repubulika ya Demokarasi ya Kongo kuvogera ikirere cyayo ubwo yoherezaga indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 ikagwa I Rubavu.
Itangazo ry’ibiro by’umuvugizi wa guverinoma...
Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo gikomeje kurwanya inyeshyamba za M23 zigaruriye uduce twinshi cyane twa Rutshuru.
Mu gihe iki gihugu gikomeje gushinja u Rwanda gufasha uyu mutwe...
Mu myigaragambyo bakoze uyu munsi mu mujyi wa Goma,Abanyekongo bari bafite amasahusho ya Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya aho bamusabye ko yaza kubakiza inyeshyamba za M23
Aba banyecongo...
Abantu benshi bakomeje gusaba ko Irani yirukanwa mu gikombe cy’isi nyuma yo kohereza inzobere mu bya gisirikare muri Ukraine gufasha ingabo z’Uburusiya.
Iki gihugu gikaze ku mahame ya kisilamu...
Abadipolomate baraburira ko amaraso menshi y’abasivile ashobora kumeneka mu ntara ya Tigray mu gihe inyeshyamba zigenzura iyi ntara zayivanwamo n’ingabo za Ethiopia n’iza...
Ikigo ntaramakuru AP cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kiravuga ko kugeza ejo hashize, Abarusiya barenga 194,000 bari bamaze kwambuka imipaka. Hafi ya bose ni abagabo kandi bakiri bato. Bagenda...
Perezida umaze igihe kirekire kurusha abandi bose ku isi, Teodoro Obiang Nguema Mbasongo wa Gineya Equatorial azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu mu matora yo mu kwezi kwa cumi na kumwe...
Komisiyo ya Sena y’ Amerika ishinzwe imibanire n’Amahanga, kuri uyu wa gatatu yemeje ko Amerika iha Tayiwani intwaro zifite agaciro k’amamiriyaridi y’amadolari.
Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi...
Ubushinwa bukomeje imyitozo ikaze ya gisirikare mu buryo budasanzwe mu mazi azengurutse ikirwa cya Taiwan, igihugu bufata ko kiri mu bigize ibice bisanzwe...