Nyma y’aamezi abiri umuhanzi Yvan Buravan wari umaze kwigarurira imitima ya benshi umubyeyi we ari we se umubyara yamuvuze ibigwi yifashishije umuvugo...
Guhera saa 6:00AM z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zazindutse ziroha ibisasu biremereye mu duce twigaruriwe n’inyeshyamba za M23 ari two...
Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano,Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko atabona M23 nk’umutwe w’iterabwoba ndetse ko nta we ukwiye kuwurwanya kuko ari abantu...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo...
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, hamaze iminsi hacicikana ubutumire bw’ubukwe bwa The Ben n’umukunzi we Miss Pamella, amatariki yabwo ndetse n’aho buzabera.
Ubu butumire bwavugaga ko ubukwe...
Umukandida watsinzwe ku mwanya wa perezida wa Kongo mu 2018, Martin Fayulu yatangarije TV5 Monde ko u Rwanda ruri gukoresha Perezida Felix Tshisekedi mu guhungabanya RDC.
Fayulu yavuze ko...
Umunyamakuru Edman wavuzweho gutandukana n’umugore we Liza nyuma y’amezi ane bakoze ubukwe, yagaragaye ari kumwe na Liza ndetse bari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka imfura...
Umutwe wa M23 wavuze ko utatumiwe muri Kenya ahagiye kubera ibindi biganiro byiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere, Tariki ya...
Kuri uyu mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022,hatangiye ibiganiro bigamije gushaka umuti ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC biri kubera I Nairobi muri Kenya.
Ibi biganiro...
Kuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye...
Umujyanama ku kwirinda jenoside mu muryango w’abibumbye (ONU/UN) yatangaje ko amakimbirane ari muri RD Congo ari “ikimenyetso kiburira” kuko hari ibintu nk’urwango rukabije n’urugomo “byavuyemo...
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko “nta kuruhuka kwemewe amahoro arambye ataraboneka” mu burasirazuba bwa DR Congo, ubwo yahuraga na ba Perezida Tshisekedi na João Lourenço wa...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yashyize hanze imyirondoro y’abo yise abatasi b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo bakoranaga ngo binjiye mu mujyi wa Kinshasa binyuze mu muryango[ONG]...
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu w’iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yikomye amahanga ko yatumye ibintu birushaho kuzamba hagati y’igihugu cye na Repubulika ya Demokrasi ya Kongo. Ni mu ijambo yagejeje...