Umunyezamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports,Kimenyi Yves yatangaje ko yifuza ko abakunzi b’iyi kipe batangira kujya bamwita “Umurayon w’ukuri” kubera ukuntu yakuze ayikunda ndetse na papa we akaba...
Myugariro Habimana Hussein na Kimenyi Yves bakinana mu ikipe ya Rayon Sports bamenye amwe mu mabanga ya bamwe muri bagenzi babo aho bavuze ko umukinnyi uzi kubyina ari Sarpong mu gihe uwambara...
Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka ‘KNC’akaba umuyobozi wa Radio na TV1 ndetse n’umuyobozi wa Gasogi united yazamutse mu cyiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda avuga ko agiye...
Myugariro Rugwiro Herve waraye atsinze igitego cye cya mbere mu ikipe ya Rayon Sports,yatangaje ko we na bagenzi be bavuyemo kare ndetse abona batitanze uko bikwiriye kugira ngo bakomeze mu...
Ikipe ya Rayon Sports yahabwaga amahirwe yo kwegukana CECAFA Kagame Cup y’uyu mwaka,isezerewe muri ¼ n’ikipe ya KCCA yo mu gihugu cya Uganda iyitsinze ibitego...
Ni nyuma y’amezi agera ku 8 umukinnyi w’umunyezamu Ndayishimiye Eric uzwi mu Rwanda nka Bakame , ubu ngo yaba ari mu biganiro byo kuba yakinira ikipe ya Police Fc nyuma yo kwirukanwa n’ikipe yo...
Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda bari batewe n’uko ubuyobozi bwa CECAFA bwari bwazamuye itike yo kwinjira ku mikino ikipe yabo yakinnye,bituma ifata umwanzuro wo...
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram,umutoza Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho yamaze gusezera ku kazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports agasigira umunya Cameroon witwa...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe ‘Englebert’ yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yitabiriye irushanwa rya CECAFA Kagame...
Umukinnyi Rutanga Eric yatangaje ko nyuma yo kuva mu ikipe ya Rayon Sports agiye kumvikana na Nkana FC yo muri Zambia yasanze abayobozi bayo bisubiyeho ku mafaranga bari bemeye kumuha ndetse ngo...
Rayon Sports itarabashije kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro,ihojeje amarira abakunzi bayo ubwo yatsindaga Police FC ibitego 3-1,mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu w’igikombe...
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame...
Umukobwa witabiriye amarushanwa menshi y’ubwiza witwa Fatou Jallow,yavuze ko uwahoze ari perezida wa Gambia witwa Yahya Jammeh,yamufashe ku ngufu mu mwaka wa 2015 ubwo yari mu...
Ubuyobozi bwa CECAFA bumaze gutangaza uko amatsinda y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019 ahagaze aho ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe na TP Mazembe ndetse bazahura ku mukino...
Rutahizamu Bizimana Yannick witwaye neza mu mwaka wa shampiyona ushize mu ikipe ya AS Muhanga yamaze kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sports aho yayisinyiye amasezerano y’imyaka...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje urugamba rwo kwiyubaka, yamaze gusinyisha myugariro w’Umunyarwanda witwa Ndizeye Samuel wakiniraga ikipe ya Vital’o FC yo mu gihugu cy’u...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana na rutahizamu Rafael Jonathan da Silva wamaze kurangiza amasezerano ye ndetse ngo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 05 Kamena uyu mwaka nibwo yurira indege...
Umunya-Brazil Roberto Oliveira Goncalves de Carmo wasoje amasezerano ye yari afite muri Rayon Sports nk’umutoza, yasubiye iwabo muri Brazil asigira umukoro ubuyobozi bwa Rayon Sports wo gutekereza...
Abafana ba Rayon Sports bishimiye gutwara igikombe cya shampiyona ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kamena 2019 birabarenga niko guhundagazaho akayabo k’amafaranga ba rutahizamu Jules Ulimwengu waciye...
Umutoza Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho,birwavugwa ko ashobora kuva mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’umukino wa Marines FC akisubirira iwabo muri Brazil ntiyongere...
Umuyobozi wa Rayon Sports yatangaje ko batiteguye guteshwa igikombe n’ikipe ya Kirehe FC kuko ngo bahuye n’ingamba nyinshi barazitsinda gusa yavuze ko baramutse batayitsinda batabona inzira...
Umurambo wa rutahizamu w’umurundi Papy Faty waguye mu kibuga wagejejwe i Burundi ku wa kane biyanyijwe uyu nyakwigendera ashyingurwa uyu munsi i Bujumbura.