Umuhanzi Tom Close yasabye bamwe mu bahanze bafitiye ishyari umuhanzi Meddy kubera indirimbo ye "My Vow" iri kurebwa cyane kurusha izindi zo mu Rwanda.
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Umuhanzi w’umunya-Nigeria JoeBoy yageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 1 Ugushyingo 2022,atangaza ko azi abahanzi babiri mu Rwanda aribo Ish Kevin na Bruce Melodie.
Uyu muhanzi...
Umuhanzi Paul Van Haver [Stromae] yasohoye amashusho y’indirimbo yayoboye ihuriwemo n’abahanzi bakomeye barimo n’umuraperi Nicki Minaj uri mu bafite izina rizwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe abatutsi, abahanzi basaga 20 hatitawe mu njyana n’ ubwo bw’ indirimbo baririmba bahuriye mu ndirimbo yo kwibuka.
Abo bahanzi barimo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Umuhanzi Kid Gaju, yongerewe mu mubare w’abahanzi bazaririmba mu gitaramo The Ben ateganya gukorera i Kampala, ahitwa Fusion Auto Spa Munyonyo, ku wa Gatanu, tariki 17 Gashyantare 2017.
Iki...
Ndayambaje Emmanuel uzwi cyane mu muziki nka Bob Pro avuga ko umuziki nyarwanda udakeneye abiyita abajyanama (managers), ko ahubwo ukeneye abakorera hamwe nk’itsinda rimwe ari abantu benshi kugira...
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania uzwi ku izina rya Vanessa Mdee yavuzeko abahanzi Nyarwanda azi cyane ari The Ben ndetse n’umuhanzikazi Butera Knowless.
Ibi akaba Vanessa Mdee abitangaje...
Umuhanzikazi Butera Knowless washakanye na Ishimwe Clement, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umugore wigaragaje ku mugabane wa Afurika mu bihembo bitangwa na Nigerian...
Mu gihugu cy’u Burundi abahanzi batandukanye barimo Big Fizzo Lolilo n’abandi bakomeje umurego mu ntambara y’amagambo aho aba bombi babinujije mu ndirimbo bakomeje kugaragaza kutumvikana ku byo...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
Ali Kiba yavuze ko umuziki wa Tanzania wahindutse aho asaba abakanyujijeho kugaruka bagakosora barumuna babo bagahindura uburyo bahanga mo kuko umuziki wahindutse.
Nk’umuhanzi umaze igihe mu...
Ku itariki ya 5 Werurwe nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo y’urupfu w’umubyeyi wa Social Mula azize uburwayi akaza gushyingurwa ku itariki ya 7 z’uku kwezi i Gicumbi.
Abahanzi batandukanye...
Abahanzi bagomba kujya mu irushanwa Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro 8 bagomba kuba batarengeje imyaka 35 y’ amavuko , uwaryitabiriye inshuro eshatu zikurikiranya ntiyemerewe...
Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko impamvu iri gutuma benshi mu bahanzi bo muri Tanzania bashaka ku bwinshi abakobwa bo muri Kenya ari ubuhanga bafite mu gushimisha abagabo mu gutera...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Nyakanga 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abanduye Coronavirus mu Rwanda ari 19 barimo 12 babonetse mu mujyi wa Kigali mu bice byibasiwe cyane n’abari mu...