Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli...
Umuhanzi Bebe Cool umwe mu bakunzwe muri Uganda yageze mu Rwanda aho azifatanya n’abafana be mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction kizaba kuri uyu wa Garanu taliki ya 30 Kamena...
Hari umukobwa utuye mu karere ka Gankenke ho mu ntara y’Amajyaruguru wifuza ko yabyarana na The Ben ariko ko abona kubana bitashoboka kuko The Ben ari...
Beyonce n’umugabo we Jay Z baaragaye bari gusomanira mu imbere y’abantu ubwo bari mu gitaramo mu Bwongereza kimwe mu bigize uruhererekane rw’ibitaramo bari gukora hirya no hino ku isi bise On The...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James muri muzika, yatangaje ko kutavuga umukunzi we mu itangazamakuru ari uko niyo yaba amufite cyangwa atamufite mu matwi y’abafana be bifuza ko ababwira...
Umuhanzikazi w’Umwongereza Rita Ora yatunguye benshi ubwo yambariraga ubusa imbere y’umukunzi we Andrew Watt ndetse n’abantu bari kumwe ku mucanga w’ahitwa Tuscany mu Butaliyani bamaze iminsi...
Umuhanzi nyarwanda uzwiho kugira udushya, kumenya kuganira no kuririmba injyana zitandukanye ku ngino zigezweho Senderi International Hit yatangaje ko kuba afite imyaka ikabakaba 40 y’ amavuko...
Umuhanzikazi ukomoka muri Kenya witwa Akothee yibasiriwe n’abanya Kenya benshi kubera imyambariire ye mu gitaramo yakoreye I London muri weekend ishize.
Mu mafoto yaciye ibintu uyu munsi turasangamo agaragaza bimwe mu byamamare nyarwanda byishimiye intsinzi ya Real Madrid ,Umufana wa Liverpool yarize arahogora , Gicumbi abazungu ntibatanze kuri...
Mbere y’umukino wa nyuma wahuje Real madrid na Liverpool,benshi mu bawukurikiye batangariye uburanga bw’umuhanzikazi w’umwongereza witwa Dua Lipa wasusurukije abantu yambaye neza...
Abantu batandukanye bakoresha imoso batangaza ko bahura n’ibibazo bitandukanye mu buzima, bituruka ku kuba bafatwa nk’abadasanzwe cyangwa se bafite ikibazo.
Dushime Burabyo Yvan uzwi cyane mu muziki nka Yvan Buravan umwe mu bahanzi beza mu njyana ya R&B u Rwanda rufite ubu, nyuma yuko mu minsi ishize yashyizeho inyogosho ikavugisha benshi, ubu...
Umuhanzi w’icyamamare muri aka karere ndetse no ku isi yose Diamond Platnumz yatangaje ko ari gupanga uko yava mu muziki akibanda ku bucuruzi bwe ndetse n’indi mishanga ateganya...
Umuhanzikazi Taylor Swift uzwi cyane muri USA,yatengushywe n’ikanzu yari yambaye mu muhango wo gutanga ibihembo bya 2018 Billboard Music Awards wabaye ku munsi w’ejo, benshi babona ubwambure...
Bob Marley, ni umuhanzi w’icyamamare wamenyekanye ku isi yose, bitewe n’ubutumwa bufasha abakurikirana ibihangano bye yatangaga mu njyana ya rege (reggae) ikunzwe n’abatari bacye mu bice...
Bamwe muri aba bakobwa bo mu bihugu bitandukanye ni abanyamideli, abandi ni abanyamuziki ndetse n’abakinnyi b’amafilime.
Reka duhere ku mwanya wa 10 tugana ku mwanya wa 1, tureba aba bakobwa beza...