MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...
Jay Polly yari umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, ari nabyo byatumye inkuru y’urupfu rwe ishavuza benshi kuva ku bavandimwe be, inshuti, abakunzi b’ibihangano bye ndetse...
Umunyarwenya Eric Omondi yibasiye abahanzi bo muri Kenya barimo Will Paul, Bahati abashinja ko kuba bararetse umuziki w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana biri mu bituma Igihugu cyabo cya...
Muyoboke Alex uzwi cyane mu myidagaduro kubera ko yagiye aba umujyanama w’abahanzi batandukanye yibukije abahanzi bose ndetse n’urubyiruko ko ari inshingano zabo mu kurwanya abagerageza kugoreka no...
Ambasade ya Amerika mu Rwanda yabajije abakinnyi cyangwa abahanzi bo muri Amerika bifuza ko bazaza gutaramira cyangwa gukinira mu nyubako ya Kigali Arena iherutse gutahwa ku mugaragaro na...
GodFather inzu yo muri Afurika Y’epfo yamamaye mu gutunganya amafilimi,nyirayo akaba na Director yasuye u Rwanda anagirana ibiganiro na bamwe mu bo bahuje umwuga n’abahanzi...
Umunyabigwi mu muziki w’u Burundi n’Akarere muri rusange Lolilo Simba, yatangaje ko abahanzi bo mu Burundi badakwiye kwikoma abateguye Trace Awards 2023 kuko nta n’umwe ufite ubushobozi bwo...
Ciney uherutse kurongorwa , avuga ko mu bahanzi nyarwanda harimo abatinze gushaka ariko ngo benshi muri bo bamaze kubyara abana hanze, ngo Queen na Allioni cyangwa se Young Grace bakwiye...
Abahanzi babiri bakizamuka kandi bakiri bato Baby Style usanzwe ariririmba mu njyana ya RNB ndetse na Young Boy uririmba mu njyana ya HIP HOP kuri ubu bari mu maboko ye Umunyamakuru-kazi Uwera...
Umuraperi Riderman wubatse amateka muri iyi njyana mu Rwanda, yanenze abahanzi bikuye mu irushanwa rya Salax Awards bagamije kuyica intege ndetse avuga ko nubwo hari amakosa mu kuyitegura ariko...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamamaye ku izina rya Igisupusupu kubera indirimbo ye Mariya Jeanne,yavuze ko akunda abahanzi bo mu Rwanda bose ariko cyane cyane King James ndetse na Jay Polly...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
Abahanzi Kizito Mihigo na The Ben na bagenzi be batandatu, bashyizwe ku rutonde rw’abasore babujije amahwemo abakobwa bo muri Kenya ahanini biturutse ku mafoto y’aba bahanzi...
Binyuze mu gitaramo cyatambutse ku mbuga nkoranyambaga abahanzi batandukanye b’ibyamamare ku Isi bagize uruhare mu gukusanya hafi miliyoni 128 z’amadolari zizifashishwa muguhagana n’icyorezo cya...
Abahanzi barimo Eddy Kezo na Ykee Benda bakomeye mu gihugu cya Uganda na Harmonize wo muri Tanzania batangaje ko bishimiye umuhanzi Bruce Melodie, ugiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10...
Babu Tale umujyanama wa Diamond yatangaje impamvu Wasafi idaheruka gusinyisha umuhanzi mushya dore ko uwo baheruka gusinyisha muri Wasafi yari Zuchu hari muri Mata...
Amwe mu makosa yaranze PGGSS 8 turasangamo , kutubahiriza igihe , kwirengagiza amabwiriza , kujarajara kw’ abahanzi mu njyana.
Primus Guma Guma Super Star irushanwa riba buri mwaka aho rijyamo...
Hashize imyaka kitari mike havugwa cyane imyambarire idahwitse ku bahanzikazi b’Abanyarwanda mu bitaramo hirya no hino.
Si imyambarire gusa ikemangwa kuko kuri ubu noneho hadutse ikintu cyo...
Mu gihe muri iyi minsi hakomeje kumvikana zimwe mu ndirimbo z’ abahanzi nyarwanda ziririmbye mu ndimi zivangavanze, umuhanzi King James asanga abahanzi baririmba indirimbo zivangavanzemo izindi...
Ibyamamarekazi bitandukanye byatunguye benshi kubera imyambarire yabwo mu birori bya MTV Video Music Awards bigamije guhemba abahanzi n’aba director bitwaye neza mu...
Mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda zategerejwe zikaburirwa irengero harimo iya The Ben na Though Gang ,Meddy na Sauti sol , Mani Martin ft Sauti Sol, Buravan ft Sauti Sol , Charly na Nina ft Orezi...