Umuyobozi w’Akarere ka Nyabibu Uwanzwenuwe Theoneste n’Umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Karago bahakanye amakuru avuga ko umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,...
Umutwe wa M23 uravuga ko Leta y’u Burundi imaze iminsi yohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imihoro ndetse n’Imbonerakure zo kuhakorera...
Abahanzi bo muri aka karere ka EAC bari kuri uru rutonde ni Diamond Platnumz uri ku mwanya wa 10 na miliyoni 9, Jose Chameleon wo muri Uganda ari ku mwanya wa 16 na miliyoni 6 USD...
Mu gihe hirya no hino havugwa ubujura bukabije, Umuvugizi wa Polisi, CP John Bosco Kabera yavuze ko hafashwe ingamba zikomeye zigamije guhashya ibyo bikorwa.
CP Kabera yabwiye RBA ko abitwaza...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y ’umurenge wa Bwishyura izwi ku izina ry’inkuba ibitego bine ku busa mu mukino wa gicuti wabahuje kuri uyu wa gatanu ,kuri Stade ya IPRC West.
Uyu mukino...
Igihugu cya Uganda gikomeje guhangana n’indwara ya Ebola ikomeje guhitana abari kuyirwara ndetse hari amakuru yavugaga ko iki cyorezo cyageze mu mujyi wa Kampala.
Perezida wa Uganda Yoweri...
Perezida Paulo Kagame w’u Rwanda yabwiye Felix Tshisekedi wa Kongo ko akomeje kwirengaziga nkana ikibazo nyakuri afite , ahubwo akabangamira umubano w’ibihugu bituranyi no kunanirwa kurandura...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2022ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umuco,Hon.Bamporiki Edouard yatangaje ko kuba Inkotanyi zarabohoye u Rwanda ari ubutwari bukomeye kuko zanze ubuhunzi no kuba kure y’igihugu cyabo ndetse...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2022ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2021,ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Mu Ukuboza 2017 nibwo habayeho amasezerano hagati ya Diyosezi Gatolika ya Butare ihagarariwe na Msgr Filipo Rukamba na sosiyete y’Ubwubatsi Garco Ltd ihagarariwe na Architect Jean Baptiste Cyusa...
Muri Kenya, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40, akaba ari umukozi wa West Kenya Sugar Company Ltd, yarokotse urupfu ku wa kane, tariki ya 9 Nyakanga, nyuma yo gufatwa akora imibonano mpuzabitsina...
Umugabo witwa Nkusi Thomas wamamaye mu gusobanura filimi nka Yanga,yatangaje ko muri filimi zose yasobanuye 2 yakunze cyane ari IRIS yakinwe n’abantu bo muri Koreya y’Epfo na Prison Break iri mu...
Icyamamare mu gusobanura Filimi mu Kinyarwanda Nkusi Thomas uzwi nka Yanga [Younger] yavuze ko mu mwaka ushize cyane yarwaye ikibyimba mu nda cyaje kuzamo kanseri hanyuma aza gukira mu buryo...