Umuhanzi The Ben yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06 Mutarama 2020 arashyira hanze Album ye ‘Fine Girl’ ikaba araba iboneka ku mbuga zitandukanye zigurishirizwaho...
Mc Tino yasabye abantu bagera kuri 200 bamuhamagaye bamubaza niba yakoze ubukwe n’umukecuru ko baza mu gitaramo kizaba taliki ya 8 Ukuboza 2018 .., cyo kuzamurika album ye Album ye nshya...
Umuraperi w’umutinganyi Lil Nas X ugenzweho muri Reta Zunze Ubumwe za America yongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho yasohoye amafoto atandukanye atwite ateguza abakunzi be album...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku izina rya The Ben uri kubarizwa mu gihugu cya Tanzania , aho ari gukora kuri album ye gatatu, agiye gukorana indirimbo n’ikimamare muri muzika muri Africa...
Umuhanzi uzwi cyane Christina Aguilera uzwi cyane mu njyana ya pop yifotoje yambaye ubusa hejuru ndetse amabere ye ari hanze mu rwego rwo kwamamaza umuzingo we mushya yise...
Umuhanzikazi Tanasha Donna yahishuye impamvu nyamukuru yatumye Diamond Platnumz atagaragara mu gitaramo cyo kumurika murika EP ye ya mbere yabaye ku italiki ya 31 Mutarama 2020 kikabera muri...
Israel Mbonyi ni umwe mu batsinze abikesheje Album ye ‘Mbwira’ yatoranyijwe nk’iy’umwaka,ahiga abandi bahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bo mu karere ka Afurika...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
Umuraperikazi Abizera Grace abenshi bazi ku izina rya Young Grace avuga ko umuziki ari ubucuruzi nk’ ubundi agashimangira ko iyo ukozwe neza ubyara inyungu wakorwa nabi ukabyara ibihombo.
Ibyo...
Abahanzi barimo Jose Chameleone ,Palasso ,Weasel ndetse na Big Fizzo bageze mu Rwanda gushyigikira umuhanzi Dj Pius mu gitaramo cye cyo kumurika Album ye hanze yise...
Tiwa Savage umuhanzikazi w’umunya-Nigeria uri mubakunzwe cyane muri Afurika yavuzeko ageze kure umushinga wa Album ye, izaba igaragaza cyane ubwiza n’amarangamutima by’umugore w’umunyafurika ndetse...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
Impano ya Kendrick Lamar yavumbuwe afite imyaka 16 ndetse uyu muhanzi wa rap aherutse gushyirwa ku rutonde rw’abahanzi 50 b’ibihe byose ba rap muri Amerika.
Ed Sheeran, umuhanzi w’ubashywe mu bagezweho muri iyi minsi yandikishije amateka mu ruhando rwa muzika nyuma y’uko Album ye igurishijwe cyane kurusha izindi ndirimbo 500 zishyize hamwe.
Uyu...
Producer Pastor P uri mu bafite inararibonye mu gukora muzika mu Rwanda arashinjwa n’umuhanzi Babo ko yamuhaye amafaranga yo kumukorera Album ntayikore…ubu yatanze ikirego….Pastor P nawe ati “...
Lucky Philip Dube ni we mucuranzi wagurishije muzika ye kurusha abandi muri Afurika, izina rye riracyibukwa n’abakunzi ba Reggae, urupfu rwe ku itariki ya 18/10/2007 rwashenguye imitima ya...
Umuhanzi Juno Juno Kizigenza yasohoye amashusho y’indirimbo “ Birenze iri kuri Album ye , akaba igaragaramo Ariel Wayz bivugwa ko ari umukunzi we , muri aya mashusho bakaba bagaragaye basomana...
Mu ijoro ryacyeye ryo kuri iki cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2017, muri Leta zunze ubumwe za Amerika hatangiwe ibihembo bikomeye muri muzika bya Grammy Awards byatanzwe ku nshuro ya 59....