Umusore Mwangi Samuel wakoze impanuka ikomeye muri Tour du Rwanda ya 2016 ubwo yari igeze ku gace ka nyuma bigatuma acibwa ukuguru,abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yashyize hanze ifoto ari...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 25 Nzeri 2017 nibwo humvikanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umubyeyi w’umusore ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga Mugisha Samuel witwa Mukabutera...
Umunya Slovakia Peter Sagan yakoze amateka atarakorwa n’undi wese aho kuri iki cyumweru yongeye gutwara shampiyona y’isi mu gusiganwa ku magare mu bakuze ndetse iba iya 3 yikurikiranya atwaye...
Umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul wagombaga guhagararira u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare aho yagombaga guhatana mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 yimwe Visa y’igihugu...
Abasore bazahagararira ikipe y’u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare izatangira ku Cyumweru taliki ya 17 kugeza ku ya 24 Nzeri uyu mwaka bamaze kumenyekana aho bagomba kwerekeza Bergen...
Umukinnyi Twizerane Mathieu ukinira ikipe ya CCA y’i Huye niwe wegukanye agace ka central challenge muri shampiona yo gusiganwa ku magare ya hano (Rwanda cycling cup)yari igeze ku gace ka karindwi...
Ikibazo cy’amakoro ndetse n’ibura ry’abaterankunga ni kimwe mu bishobora gutuma ikipe ya Cannondale Drapac imwe mu zikomeye ku isi mu mukino wo gusiganwa ku magare ibarizwa muri Leta zunze ubumwe...
Mama wa Mugisha Samuel ukinira ikipe y’abatarengeje imyaka 23 ya Dimension Data n’ikipe y’igihugu yaraye akoze impanuka ikomeye ubwo imodoka yamugongaga aho yahise ajyanwa mu bitaro bya Ruhengeri...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Kuri uyu wa taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo hari hatahiwe gukina Rwanda Cycling Cup agace kahariwe gusigasira umuco (Race for Culture) aho abasiganwaga mu bagabo bahagurutse Gatuna berekeza I...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Umusore Niyonshuti Adrien umunyarwanda ukina umukino wo gusiganwa ku magare nk’uwabigize umwuga mu ikipe ya mbere ya Dimension data yo muri Afurika y’epfo yatangaje ko yabuze ibyangombwa birimo...
Umunya Espagne uzwi cyane kubera ubuhanga mu gusiganwa ku magare cyane cyane mu kuzamuka imisozi yatangaje ko nyuma y’irushanwa rya Vuelta a Espana izaba guhera ku italiki ya 19 kanama kugeza ku...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...
Nubwo yakiniraga ikipe itaramenyera mu mukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ya Nyabihu Cycling Team umusore Gasore Hategeka yaraye atwaye shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare...
Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
Umunyarwanda Jean Claude Uwizeye ukinira ikipe ya Sables Vendée Cyclisme-Cube yo mu Bufaransa, yaraye yegukanye isiganwa ry’amagare ryari rimaze iminsi rizenguruka intara ya Guyane, akora amateka...