Madamu Jeannette Kagame yandikiye abanyarwanda abahugura ku bubi bwo kunywa inzoga no gukoresha ibiyobyabwenge, abibutsa ko ukubatwa kose ari uburwayi kandi ko kurekura ukwiyobora bibashyira mu...
Polisi y’ u Rwanda yafashe ibinyabiziga 203 bigizwe na moto 164 n’imodoka 39 mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali kubera ko byagendaga mu muhanda bitacanye amatara kandi ari mu masaha...
Mu gihe hari amakuru yo kwiyongera cyane kw’abagabo bo muri Uganda bashaka gukorerwa ibizamini byo kwa muganga byo kumenya niba koko ari bo ba se w’abana babo, hari kwiyongera ubwoba ko ibi...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023,Rusesabagina Paul yafunguwe ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe ibyaba by’iterabwoba.
Mbere y’aho,...
Umunyamakurukazi yaguye igihumure ari gusoma amakuru imbonankubone kuri TV mu gihugu cya Colombia.
Madamu Elianis Garrido w’imyaka 35,ukora ikiganiro kuri TV yo muri Colombia cyitwa Lo Sé Todo...
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda nta ntego rufite yo kwigarurira Uburasirazuba bwa RDC nkuko bamwe babivuga kuko ngo narwo rufite amabuye y’agaciro kandi meza kurusha aya RDC.
Ubwo yari mu...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yashinje mugenzi Felix Tshisekedi wa DR Congo "kutubahiriza kenshi" ibyo yumvikanye n’abandi, “harimo na vuba aha i Bujumbura”.
Mu gihe ibihugu byombi bifitanye...
Mu gihe u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bibanye nabi,umuhanzi uri mu bazwi cyane muri kiriya gihugu,Mohombi,yakwirakwije amakuru y’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ze.
Hari itangazo...
Humvikanye amatangazo aburira ku bitero byo mu kirere mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv mu ijoro rya nijoro ku cyumweru, mu gihe urundi rukurikirane rw’ibitero bya za ndege zitagira abapilote...
Inzego zishinzwe imicungire y’ubutaka zavuze ko mu kwezi kwa 12 uyu mwaka hazatangira gutangwa ibyangombwa by’ubutaka mu buryo bw’ikoranabuhanga binyuze ku rubuga Irembo nk’uko na serivisi...
Abarimu 154 baturutse muri Zimbabwe bageze mu Rwanda baje kwigisha amasomo atandukanye ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu guteza imbere uburezi.
Kuri uyu wa 20 Ukwakira 2022,i Nyamata mu Karere...
Umubare munini w’Abarundi urimo kuboneka ku bigo by’abasaba ubuhungiro mu Bubiligi ku buryo bitakibasha kubakira bose bikaba ngombwa ko hari benshi barara ku mihanda no muri parike...
Umugore wo mu Burusiya yatawe muri yombi azira gushaka kugurisha umuhungu we w’imyaka irindwi ku bantu atazi amapound 4000.
Uyu mugore ufite abana batatu ngo yatangaje ko umuhungu we agurishwa...
Aba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC aho Perezida Umwe gusa ariwe utabonetse akaba ari Madamu Samia Suluhu uyobora...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere 23 ku ya Gicurasi 2023 ,mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi na Nyange haguye ibisasu bivugwa ko byaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ,ahari...
Ingabo za ONU ziri mu butumwa bw’amahoro muri DR Congo ku cyumweru no kuwa mbere zikoresheje za kajugujugu n’imbunda zirasa imizinga zinjiye mu mirwano ishyamirayije inyeshyamba za M23 n’ingabo za...
Perezida wa Turukiya yongeye kuvuga ko adashyigikiye ko Finland na Suède (Sweden) byinjira mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) - nyuma y’amasaha ibyo bihugu bivuze...
Ku itariki ya 11 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwicanyi bwakomeje gufata umurego mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni na wo munsi ingabo za Loni zatereranye Abatutsi bari bahungiye...
Amakipe ya Marines FC, Etincelles na Rutsiro FC nyuma yo gusabwa gushaka ikibuga cyo kwakiriraho imikino ya Rwanda Premier League kitari Stade Umuganda, basubije FERWAFA ko nta handi bifuza...
Imitungo ya Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe akaba na nyiri Christian University of Rwanda (CHUR),amerewe nabi kuko amasambu ye atatu yashyizwe muri cyamunara kugira...