skol
Kigali

Search: Amerika (6653)

Amerika yagabye igitero gishya mu ntambara y’ ubukungu irwana n’ Ubushinwa

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zirigushyira imisoro mishya ku bicuruzwa biva mu Bushinwa bifite agaciro ka miliyari 200 z’amadolari y’Amerika mu gihe iki gihugu gikomeje gukaza intambara y’ubucuruzi...
18 September 2018 1434 0

Perezida Kagame yanenze imyitwarire ya Amerika ku kibazo cya RDC

Perezida Paul Kagame abona politike n’umubano wa Amerika ku karere no k’u Rwanda nk’uburyarya no gushaka inyungu zayo gusa, nk’uko bivugwa n’umunyamakuru uvuga ko baganiriye mu cyumweru gishize mu...
4 September 2023 460 0

Ushinjwa kwica umukunzi we muri Amerika agafatirwa muri Kenya yacitse polisi ya Nairobi mu buryo butangaje

Umugabo wari utegereje koherezwa na Kenya muri Amerika aho akekwaho kwica umukobwa bakundanaga yatorotse kasho ya polisi i Nairobi mu buryo buri kwibazwaho...
8 February 2024 3078 0

Abadepite 2 ba Amerika basabye Minisitiri Blinken gusaba n’imbaraga u Rwanda rugafungura Rusesabagina

Abadepite babiri ba Leta zunze ubumwe z’Amerika barasaba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wabo, Antony Blinken, gusaba n’imbaraga leta y’u Rwanda kurekura Paul Rusesabagina. Aba badepite ni bwana...
6 August 2022 1778 0

Donald Trump yivuze ibigwi karahava ubwo yasezeraga Abanyamerika

Perezida wa Amerika Donald Trump yavuze ijambo rye ryo gusezera mbere yo kuva ku butegetsi, aho yagize at: "Twakoze ibyatuzanye -n’ibindi byinshi."
20 January 2021 2221 0

Amerika yahakanye ibyo gushinga ibirindiro bya gisirikare mu Rwanda

Nk’uko byakomeje guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga mu mpera z’icyumweru gishize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko amasezerano ziheruka kugirana n’u Rwanda i Kigali ntaho ahuriye no...
22 September 2020 5678 0

Uwahoze akuriye ingabo z’Amerika yashinje Trump kwica itegekonshinga

Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko "yarenze" ku...
8 June 2020 1348 0

Perezida Trump yijeje Abanyamerika gusubira mu buzima busanzwe muri uku kwezi

Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yarenze igihe cy’agasongero k’imibare y’abandura Covid-19 ndetse ateganya ko leta zimwe zishobora gusubira mu buzima busanzwe muri uku...
16 April 2020 2728 0

Iran yihimuye kuri Amerika irasa ibisasu ku birindiro by’ingabo zayo muri Iraq

Igihugu cya Iran cyagaragaje ko cyiteguye kwinjira mu ntambara yeruye na Amerika nyuma y’aho kirasiye Missile zisaga 22 ku birindiro bibiri by’ingabo za Amerika muri Iraq mu rwego rwo kwihorera ku...
8 January 2020 5592 0

Koreya ya Ruguru yavuze uburyo Amerika ikwirakwiza Ebola n’uburyo yagize Afurika ikibuga cyayo

Koreya ya ruguru irashinja Leta zunze ubumwe za Amerika gukwirakwiza icyorezo cya Ebola ku Isi no gufata Afurika nk’ikibuga cyo gusuzumiramo iyi virusi imaze guhitana ubuzima bwabaturage benshi...
5 May 2019 5517 0

Ibiyobyabwenge by’agaciro ka miliyari $5 byafatiwe muri Amerika y’Epfo

Polisi yo muri Amerika y’Epfo yafashe cocaine (cocaïne) n’ibindi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyari 5 z’amadolari y’Amerika, mu gikorwa yakoze mu byumweru bitatu mu bihugu...
19 April 2023 440 0

Jenerali Charles Brown Jr. Umwirabura wambere wagizwe Umugaba w’Ingabo Zose z’Amerika

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yahisemo umujenerali witwa Charles "CQ" Brown Jr. kugirango azabe umugaba w’ingabo zose z’Amerika guhera mu kwezi kwa cumi...
27 May 2023 1711 0

USA: Trump yarikoroje nyuma yo kwifuza ko u Burayi bwishyura intwaro Amerika yohereza muri Ukraine

Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko u Burayi bukwiriye kwishyura Amerika ku ntwaro ikomeje koherereza Ukraine mu ntambara irimo n’u...
19 July 2023 626 0

Amerika ivuga ko Hamas ifite ikigo cy’ubuyobozi munsi y’ibitaro byo muri Gaza

Amerika ivuga ko ifite amakuru y’ubutasi ko Hamas ifite ikigo cy’ubuyobozi munsi y’ibitaro bya Al-Shifa mu mujyi wa Gaza.
15 November 2023 1499 0

Amerika n’Ubwongereza byatangiye ibitero by’indege z’intambara ku ba-Houthi muri Yemen

Amerika n’Ubwongereza, bishyigikiwe n’inshuti zabyo, mu ijoro ryacyeye byatangiye ibitero by’indege z’intambara muri Yemen ahafitwe n’inyeshyamba z’aba-Houthi zigenzura igice kitari gito n’umurwa...
12 January 2024 1377 0

Abanyekongo barashinjwa guhimbira Ambasade ya Amerika itangazo rivuga ibibi ku Rwanda

Abanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku...
5 February 2024 5976 0

Umunyamerika ukomoka mu Rwanda bivugwa ko afunzwe n’abarwanyi bashyigikiye Uburusiya

Ibiro by’ububanyi n’amahanga by’Amerika byavuze ko bizi amakuru yuko Umunyamerika uba muri Ukraine yafashwe n’abarwanyi baharanira ubwigenge bashyigikiye abasirikare b’Uburusiya. Suedi Murekezi,...
14 July 2022 917 0

Afghanistan: US iri kotswa igitutu ku gihe ntarengwa cyo guhungisha abavayo

Amerika irimo kotswa igitutu ngo itume habaho kongera igihe cyo guhungisha abantu bava muri Afghanistan igenzurwa n’aba Taliban, mu gihe igihe ntarengwa cyo kuhakura ingabo...
24 August 2021 456 0

Abategetsi benshi ku isi bavuze ku ntsinzi ya Biden hazamo n’abanenze amatora

Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
8 November 2020 4155 0

Donald Trump yabaye Perezida wa 3 utakarijwe icyizere n’abadepite mu mateka ya Amerika

Perezida Donald Trump yatakarijwe icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko nyuma y’uko imuhamije ibyaha birimo kugirana ibiganiro na mugenzi we wa Ukraine bigamije kumusaba gukora iperereza ku ba...
19 December 2019 2630 0

Umunya-Nigeria yakoze ibitarakorwa n’undi uwo ariwe wese mu mateka ya Amerika ubwo yinjiriraga ibiro by’iki gihugu akoresheje...

Kugeza ubu Leta zunze ubumwe za Amerika, zimaze gutahura Abanyanigeria barenga 80, bakekwaho kuyivogera bifashishije ikoranabuhanga ryo kuri murandasi,aba bakaba baratangiye gufatwa kuva muri ¼...
14 December 2019 9519 0

Donald Trump yiyamye Abanyamerika gukomeza gushimagiza Barack Obama ku rupfu rwa Osama Bin Laden

Nyuma yaho President wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump atangarije abanyamerika urupfu rw’umuyobozi wa ISIS yabujije abantu gukomeza gushimagiza Obama ku rupfu rwa Osama Bin...
29 October 2019 3010 0

Ambasade ya Amerika mu Rwanda ishobora kuzana abakinnyi bakomeye ku isi n’abahanzi barimo Jay-Z na Beyonce i Kigali mu nyubako...

Ambasade ya Amerika mu Rwanda yabajije abakinnyi cyangwa abahanzi bo muri Amerika bifuza ko bazaza gutaramira cyangwa gukinira mu nyubako ya Kigali Arena iherutse gutahwa ku mugaragaro na...
12 August 2019 4534 0

Intambara y’Ubucuruzi:Ubushinwa bwiyemeje kwihorera kuri Amerika

Ubushinwa bwatangaje ko buzongera umusoro ku bicuruzwa by’Abanyamerika kugeza kuri miliyari 60 za Amadorari, akaba ari uburyo bwo gusubiza Amerika nyuma yo kuzamura umusoro ku bicuruzwa byose...
14 May 2019 2410 0

Perezida w’ Ubushinwa yahanuriye Amerika gutsindwa intambara y’ ubukungu

Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa mu ijambo ryumvikanye nk’irirasa kuri gahunda ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yo gushyira imbere inyungu yazo mbere y’ibindi byose, yayiburiye ko ibihugu bishyira...
17 November 2018 1467 0

Abirabura baba muri Amerika biyemeje gufatanya na Afurika mu iterambere

Abirabura baba muri Leta Zunze ubumwe z’ Amerika ntibemeranya na Perezida w’ iki gihugu Donald Trump uherutse kuvuga ko Afurika ari umusarane, batangije ubukangurambaga bugamije imikoranire hagati...
23 February 2018 745 0

Koreya ya Ruguru nyuma gutera Rocket muri Amerika irimo gutegura misile yo kuyirasaho

Nyuma y’uko Trump atangarije ko Koreya ya ruguru niramuka ishatse guhungabanya Amerika, izahura n’akaga, Koreya ya ruguru yateguye misile yo guterwa muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika. Koreya ya...
9 August 2017 5053 0

Icyizere cyo kuba Uburusiya bwabana n’ ubutegetsi bushya bw’ Amerika kiraje amaside

Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
3 August 2017 324 0

Amerika yahannye Iran, Iran igaragaza uburakari muri ubu buryo

Kuri uyu wa Mbere Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangije ibihano "bya mbere bikomeye kuri Iran", Iran igihugu gikize kuri Peteroli ngo kizabirengaho, ndetse n’ abaturage bacyo...
5 November 2018 1652 0

Amerika yatangaje ko yiteguye gutera Koreya ya ruguru mu minsi iri imbere

Ubuvugizi bw’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika bwavuze ko ingabo za Amerika ziteguye gutera igihugu cya Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jung Un naramuka ahirahiye azamura ukuboko kwe ashaka...
25 May 2018 3338 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 6630