Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zirigushyira imisoro mishya ku bicuruzwa biva mu Bushinwa bifite agaciro ka miliyari 200 z’amadolari y’Amerika mu gihe iki gihugu gikomeje gukaza intambara y’ubucuruzi...
Perezida Paul Kagame abona politike n’umubano wa Amerika ku karere no k’u Rwanda nk’uburyarya no gushaka inyungu zayo gusa, nk’uko bivugwa n’umunyamakuru uvuga ko baganiriye mu cyumweru gishize mu...
Umugabo wari utegereje koherezwa na Kenya muri Amerika aho akekwaho kwica umukobwa bakundanaga yatorotse kasho ya polisi i Nairobi mu buryo buri kwibazwaho...
Abadepite babiri ba Leta zunze ubumwe z’Amerika barasaba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wabo, Antony Blinken, gusaba n’imbaraga leta y’u Rwanda kurekura Paul Rusesabagina.
Aba badepite ni bwana...
Nk’uko byakomeje guhwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga mu mpera z’icyumweru gishize, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko amasezerano ziheruka kugirana n’u Rwanda i Kigali ntaho ahuriye no...
Colin Powell wahoze ari umunyamabanga wa leta y’Amerika yanenze bikomeye uburyo Perezida Donald Trump yitwaye ku bijyanye n’imyigaragambyo yo kwamagana irondabwoko, avuga ko "yarenze" ku...
Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yarenze igihe cy’agasongero k’imibare y’abandura Covid-19 ndetse ateganya ko leta zimwe zishobora gusubira mu buzima busanzwe muri uku...
Igihugu cya Iran cyagaragaje ko cyiteguye kwinjira mu ntambara yeruye na Amerika nyuma y’aho kirasiye Missile zisaga 22 ku birindiro bibiri by’ingabo za Amerika muri Iraq mu rwego rwo kwihorera ku...
Koreya ya ruguru irashinja Leta zunze ubumwe za Amerika gukwirakwiza icyorezo cya Ebola ku Isi no gufata Afurika nk’ikibuga cyo gusuzumiramo iyi virusi imaze guhitana ubuzima bwabaturage benshi...
Polisi yo muri Amerika y’Epfo yafashe cocaine (cocaïne) n’ibindi biyobyabwenge bifite agaciro ka miliyari 5 z’amadolari y’Amerika, mu gikorwa yakoze mu byumweru bitatu mu bihugu...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Joe Biden, yahisemo umujenerali witwa Charles "CQ" Brown Jr. kugirango azabe umugaba w’ingabo zose z’Amerika guhera mu kwezi kwa cumi...
Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko u Burayi bukwiriye kwishyura Amerika ku ntwaro ikomeje koherereza Ukraine mu ntambara irimo n’u...
Abanyekongo bakoze agashya bigana uburyo itangazo rya Ambasade ya Amerika iwabo ikora amatangazo basohora irivuga ko Leta ya Amerika yasabye u Rwanda guhagarika gufasha M23 no gukura ingabo ku...
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi bwakomeje kwisukiranya - bwinshi muri bwo...
Nyuma yaho President wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump atangarije abanyamerika urupfu rw’umuyobozi wa ISIS yabujije abantu gukomeza gushimagiza Obama ku rupfu rwa Osama Bin...
Ambasade ya Amerika mu Rwanda yabajije abakinnyi cyangwa abahanzi bo muri Amerika bifuza ko bazaza gutaramira cyangwa gukinira mu nyubako ya Kigali Arena iherutse gutahwa ku mugaragaro na...
Ubushinwa bwatangaje ko buzongera umusoro ku bicuruzwa by’Abanyamerika kugeza kuri miliyari 60 za Amadorari, akaba ari uburyo bwo gusubiza Amerika nyuma yo kuzamura umusoro ku bicuruzwa byose...
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa mu ijambo ryumvikanye nk’irirasa kuri gahunda ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yo gushyira imbere inyungu yazo mbere y’ibindi byose, yayiburiye ko ibihugu bishyira...
Abirabura baba muri Leta Zunze ubumwe z’ Amerika ntibemeranya na Perezida w’ iki gihugu Donald Trump uherutse kuvuga ko Afurika ari umusarane, batangije ubukangurambaga bugamije imikoranire hagati...
Nyuma y’uko Trump atangarije ko Koreya ya ruguru niramuka ishatse guhungabanya Amerika, izahura n’akaga, Koreya ya ruguru yateguye misile yo guterwa muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Koreya ya...
Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Ubuvugizi bw’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika bwavuze ko ingabo za Amerika ziteguye gutera igihugu cya Koreya y’Amajyaruguru, Kim Jung Un naramuka ahirahiye azamura ukuboko kwe ashaka...