Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Economist cyo mu Bwongereza bwagaragaje ko Vienna, umurwa mukuru w’igihugu cya Autriche, ari wo mujyi wa mbere ku isi woroshye cyane...
Mu bitaro byitwa king Edward Memorial Hospital biherereye mu gace ka perth mu gihugu cya Australia,umugore ufite ibiro 280 y’ibarutse umwana munini kuva isi yabaho upima ibiro 19 bikaba...
Abashakashatsi mu by’ ubuvuzi bo mu gihugu cya Australia muri Garvan Institute of Medical Research bahishuye ko bavumbuye urugingo ruba mu mubiri w’ umuntu ruto cyane rufasha umubiri w’ umuntu...
Umukobwa witwa Ashleigh Muller w’imyaka 19,ukomoka mu mujyi wa Brisbane muri Australia yatunguwe no gukanguka agasanga ikiyoka kinini kiri mu buriri bwe gusa...
Ku mbuga nkoranyambaga hiriwe amafoto y’abaherwe bo muri Australia bandagajwe n’agasembuye ubwo bari bitabiriye irushanwa rikomeye ryo muri iki gihugu ahitwa Flemington mu mujyi wa...
Abakobwa babiri b’impanga basa cyane aribo Anna na Lucy DeCinque bakomoka mu mujyi wa Perth uherereye mu burengerazuba bwa Australia,bamaramaje kongera kwibagisha ndetse no kubyarana n’umugabo...
Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...
Umukobwa w’Umuraperi Eminem witwa Hailie Scott Mathers yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yashyize hanze ari mu biruhuko mu gihugu cya...
Umunya Australia wiyise Freelee the Banana Girl yaciye ibintu kuri Instagram ubwo yavugaga ko yagiye kwibera mu mashyamba yo muri Amerika y’Amajyepfo kugira ngo ahunge abamwogosha ndetse...
Umugabo witwa Bradley Button ukomoka muri Australia yatunguwe no gusanga amenyo y’umuntu mu byokurya yagaburiwe n’abakozi bo mu ndege ya Singapore Airlines...
Umusore witwa Bobby Misner usanzwe ari uw’umuherwe witwa Tom Misner, washinze SAE Institute music school mu gihugu cyo muri Australia,aba mu buzima buhenze burimo gutunga imodoka zihenze, kubana...
Umunya Australia witwa Sarah Stevenson yaciye ibintu hirya no hino ku isi kubera amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa You Tube ari kubyara mu rwego rwo gushaka...
Umugore ukomoka muri Australia witwa Jodi Rose wivugira ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceretmu majyepfo y’Ubufaransa mu mwaka wa 2013,yatumye benshi...
Jodi Rose ukomoka muri Australia yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gutangaza ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceret mu majyepfo y’Ubufaransa mu...
Umukobwa witwa Rachael Roberts w’imyaka 33, ukomoka ahitwa Anna Bay muri New South Wales mu gihugu cya Australia yatunguye benshi kubera ukuntu yemeye gushyingiranwa n’umusaza witwa Nev McDermott...
Umugore ukomoka mu Bwongereza n’umugabo wo muri Australia bafunzwe bazira gusambanira ku karubanda ku mucanga wo Philippines rubanda na Polisi bababujije baranga bakomeza...
Mu gihugu cya Australia haravugwa inkuru ibabaje y’umurinzi w’icyanya kibamo inyamaswa [zoo] witwa Jennifer Brown wariwe n’intare mu maso no mu ijosi gusa ngo yajyanwe kwa muganga...
Mu gihugu cya Australia, umugore utatangajwe amazina utuye mu Mujyi wa Marion yatawe muri yombi nyuma yo kujya kwiba itabi, yagerayo akabanza kwikarangira inkoko no guteka umureti mbere yo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 23 Ukuboza 2020,abantu 87 basanzwemo ubwandu bwa COVID-19 mu bipimo 2,366 byafashwe, mu gihe nta muntu n’umwe wayikize mu masaha 24...