Umwe mu bakaridinali bakomeye witwa George Pell ari mbili mbili n’urukiko rw’iwabo muri Australia,aho akurikiranyweho ibyaha byo gusambanya abagore ku ngufu.
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Abanyamerika bane n’ umunya Australia w’ umupilote bapfiriye mu mpanuka y’ indege yabereye mu isanteri y’ ubucuruzi i Melbourne mu gihugu cya Autralia.
Polisi yo muri iki gihugu yatangaje ko iyi...
Abayobozi muri Australia baburiye abantu ku ikoreshwa ry’ibyuma by’ikoranabuhanga bikenera batterie mu gihe bari mu ngendo z’indege nyuma yaho ‘écouteurs’ z’umugore umwe zifashwe n’umuriro zikamwangiza...
Imijyi myiza kurusha iyindi yose ku isi muri 2023 yashyizwe hanze aho ku rutonde uwa London wigaranzuye iyindi yose ufata umwanya wa mbere uhigitse Paris na New...
Ifi idasanzwe yijimye ifite amaboko na ’inagenda’ yagaragaye ku nshuro ya mbere mu myaka 22. Iyi fi ifite intoki yagaragaye muri Australia ku nkombe za Tasmaniya.
Iyi fi yiswe inyamaboko ikunze...
Abategetsi ba Sénégal bavuga ko basabye ko toni 2,700 za ’nitrate d’ammonium’ - ikinyabutabire cyateje iturika rikomeye i Beirut muri Liban - zikurwa mu murwa mukuru...
Umugabo witwa Ndayishimiye Rodrigue wo mu karere Rulindo mu murenge wa Burega mu ntara y’amajyaruguru, yatorokanye amafaranga agera kuri miliyoni 11 kugeza n’ubu ubuyozi ndetse n’umuryango we...