Laurel Hubbard wo muri New Zealand yabaye umuntu wa mbere wahinduye igitsina (transgender) watoranyijwe kurushanwa mu mikino Olempike, mu cyemezo kitavugwaho...
For the 55 countries that are members of Europe’s governing football body, UEFA, the road to Qatar begin this week. Kylian Mbappe, Cristiano Ronaldo, Gareth Bale and all European stars will be...
Igisirikare cya Myanmar cyafashe ubutegetsi nyuma y’uko mu gitondo kare kuwa mbere bafashe bakanafunga Aung San Suu Kyi utegeka iki gihugu hamwe n’abandi bantu bari hafi...
Amarira n’agahinda nibyo byaranze umunsi wishyingurwa rya Frank Rubaduka wari waratangije irushanwa rya Miss Career Africa ryari rimaze kuba inshuro ebyiri...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 26 Ukuboza 2020, abantu batatu bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri 72 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 74 bakagera ku 7,817...
Umuramyi Gaby Kamanzi, ufite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, benshi bakunze kwita ‘’Malikia wa Gospel’’ Kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, yamaze gusohora...
Perezida biboneka kugeza ubu ko yatowe muri Amerika Joe Biden yatoranyije uwitwa Ron Klain kuba umuyobozi w’ibiro bya perezida, nk’uko bivugwa n’ikipe imukorera.
Abaturage ba New Zealand/ Nouvelle Zelande batoye ku bwiganze bemera itegeko ry’igikorwa cya euthanasia, impirimbanyi zabyo zabyise "intsinzi ku bumuntu".
Abakunda kujya kugura amafunguro bahise batanguranwa ayo mahirwe yo kujya kwica isari bicaye mu ndege ya Airbus A380 iparitse ku kibuga cy’indege kinini mu...
Muri iki gihe, umwambaro wa Bikini wambarwa nabakobwa n’abagore bagiye mu bikorwa byo kwidagadura,koga, no kumurika imideri. Uri mu myenda ikunzwe cyane ndetse abantu biganjemo abaririmbyi...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 09 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba yitabye ubushinjacyaha ku cyicaro cy’Ubushinjacyaha Bukuru ku Kimihurura ari kumwe n’abunganizi be,...
Babiri mu banyamategeko bashyizweho n’umuryango wa Paul Rusesabagina ngo bamwunganire bandikiye umuryango w’abibumbye (ONU/UN) basaba ko ukora iperereza ku kibazo...
Abanyarwanda baba hanze y’u Rwanda bagiye guhurira mu giterane kizwi nka “Rwandan Christian Convention’’ ,gitegurwa mu rwego rwo kunga Ubumwe abenegihugu binyuze mu matorero...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kutajya imbizi n’Ubushinwa muri iyi minsi yahawe gasopo nyuma yuko Ubushinwa burashe misile ebyiri za karahabutaka mu Nyanja yabwo, zirimo imwe yiswe...
Umugabo ukomoka London mu Bwongereza witwa Richard Stamp afite agahinda kenshi ko kuba yararwaye kanseri igatuma bamuca igitsina ariyo mpamvu akomeje kuzenguruka isi ashaka uko yagura ikindi...
Usanga rimwe na rimwe umuntu akubwira ati “nabaho sinjya mbira ibyuya,” undi nawe akakubwira ati “mpora ntutubikana n’iyo hakonje mba ndi kubira ibyuya.”
Impanga 2 Brittany na Briana zashyingiranwe n’abasore b’impanga,Josh na Jeremy mu bukwe bw’akataraboneka bwabereye ahitwaTwinsburg muri Ohio,batwitiye rimwe.
Impanga Anna na Lucy zni ziwe mu mpanga zisa cyane ku Isi, zisangiye uburiri n’umugabo umwe ariwe Ben w’imyaka 39, mu mikorere ya buri munsi usanga zihuza umugambi zikavuga ko buri kimwe cyose kuri...