Umugore witwa Jessica Patel w’imyaka 34, yishwe anizwe n’umugabo we Mitesh w’imyaka 37 ubwo bari mu rugo rwabo mu mujyi wa Middlesbrough mu Bwongereza muri Gicurasi...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi OMS/WHO ryatangaje ko rishima intambwe yatewe mu igerageza ry’ibanze ry’umuti wa dexamethasone mu Bwongereza rigaragaza ko ushobora gukiza...
Denise Bucumi Nkurunziza, umugore wa Perezida Pierre Nkurunziza watabarutse kuwa mbere, yasubiye mu gihugu avuye mu bitaro i Nairobi muri Kenya aho yari...
Umwe mu bakora mu biro bya perezida Nkurunziza uyobora u Burundi yatangarije BBC ko umugore wa Perezida,Denise Bucumi Nkurunziza atagiye muri Kenya kwivuza...
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko ibikorwa by’imikino by’ingenzi harimo na shampiyona y’Ubwongereza Premier League, bishobora gukomeza guhera tariki ya 01/07/2020, ariko imikino igakinirwa muri...
Uwahoze ari umukinnyi w’icyamamare mu mupira w’amaguru,Samuel Eto’o, wanyuze mu makipe ya FC Barcelona,Inter Milan,Chelsea n’izindi yavuze ko agiye gufasha abanya Cameroon ibihumbi 100 bagizweho...
Muri Leta zunze ubumwe za Amerika coronavirus yishe abantu 1,736 mu gihe cy’umunsi umwe gusa w’ejo kuwa kabiri, nibo benshi iyi ndwara yishe mu gihugu kimwe ku munsi kugeza...
Umukobwa wakoresheje muri Video ya Jeje ivugwa cyane ko yaba iri mu byateje amacakubiri hagati ya Diamond Platnumz na Tanasha Donna avuga ko adakunda icyamamare Diamond ... "Ariko ku rukundo,...
Muri iyi minsi abatuye isi baryamiye amajanja bakora ibishoboka byose ngo birinde icyorezo cya Coronavirus kiri kuzahaza amahanga by’umwihariko Ubushinwa ari na ho...
Ba rutahizamu babiri ba Rayon Sports Jules Ulimwengu na Michael Sarpong bari baragiye mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bushinwa bagiye kugaruka mu Rwanda bakinire Gikundiro imikino yo kwishyura ya...
Ikipe ya APR FC yazanye umutoza w’inararibonye wo guhugura abatoza b’abanyezamu bayo witwa Hassan Hassan Haj Taieb usanzwe ari umwarimu w’abatoza b’abanyezamu warindiye amakipe akomeye yo ku mugabane...
Bisanzwe bizwi ko buri mpera z’umwaka no gutangira umushya mu Rwanda rutegura cyangwa rukakira ibitaramo bitandukanye mu rwego rwo guha Abanyarwanda ibyishimo mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani...
Minisitiri w’Intebe wa Iraq, Adel Abdul Mahdi yandikiye inteko ishinga amategeko ya Iraq asaba kwegura nyuma y’imyigaragambyo ikomeje guca ibintu mu murwa mukuru Bghdad no mu Majyepfo...
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan wahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2019, ntiyabonetse mu bakobwa 40 bagize amahirwe yo kwitwara neza mu cyiciro kizwi nka “top...
Ku nshuro ya mbere ikinyamakuru The Time cyatangaje urutonde rw’abantu ijana bari guhindura ahazaza h’ubukungu, imyidagaduro, imikino, politiki, siyansi, ubuzima...
Umurusiyakazi Maria Sharapova ukundwa na benshi mu mukino wa Tennis,yishimiye guhura na Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kahame ndetse ashimira abanyarwanda muri...
Ako karere ubu karumagaye, ariko kahoze karimo ikiyaga kinini cyitwa Makgadikgadi, aho hakaba hashobora kuba ari ho abasekuruza bacu bari batuye mu myaka 200,000 ishize.Ako karere ubu kari mu...