Ubuyobozi bwa NEM burabamenyeshako hari impinduka zabaye mu mikorere bitewe n’imirimo yiyongereye kuribo ndetse no gushaka gutunganya neza inshingano z’umuryango.
Umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana...
Nsengiyumva Francois wamamaye mu muziki ku kazina ka ’Igisupusupu’ yasabye pasiteri Zigirinshuti Michael uherutse kuvuga ko kwamamara kwe hari izindi mbaraga zaba zibyihishe inyuma ndetse...
Ba rutahizamu bakomoka muri Brazil aribo Diego Costa na Gabriel Jesus bagaragaye mu mafoto 2 yavumbuwe muri Bibiliya yatanzwe n’umugiraneza bari kwishimisha n’umukobwa...
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gutikirira mu impanuka y’indege yaguye mu misozi ya Colombia, akaza kurokoka ari umwe yasanganywe Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi...
Umugabo witwa Apôtre Eric uzenguruka isi yose abwiriza ubutumwa bwiza yahamije ko yagiye mu ijuru akabonana imbonankubone na Yesu ndetse na Aburahamu, Eliya na Yakobo gusa Imana ikamusaba kugaruka...
Papa Emile (iburyo) na John Loot (ibumoso) basanzwe batamvutsa inyigisho z’ivugabutumwa kuri Youtube
Muri Bibiliya, mu gitabo cy’Intangiriro, bavugamo inkuru y’abantu ba mbere Imana yari yaremye,...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Umuyobozi w’itorero rya Pantecoste, Nabii Bendera riherereye Kimara mu mujyi wa Dar es Salaam, yavuze ko icyo Wema asabwa ari ukumva ijwi ry’Imana kuko inkuru ye ntaho itandukaniye n’iya Hana wo...
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru iteye isoni n’agahinda, aho umugabo yahohoteye abakobwa be bose uko ari bane, akabasambanya yitwaje ko Imana ishyigikiye ibikorwa bye ku bakobwa be ashingiye...
Gushaka umugore muzabana mugahuza,ni ihuririzo ku basore kimwe no ku bakobwa , kandi koko ni byo kuko Bibiliya ibivuga neza ngo ‘Umugore mwiza umuhabwa n’Imana’.
Perezida wa Philippines Rodrigo Duterte w’imyaka 73 yibasiye Imana arayituka arayandagaza mu mbwirwaruhame ye ubwo yavugaga ku nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku iremwa...
Umu pasitori wagerageje kwigana ibivugwa kuri Yesu muri Bibiliya aho ivuga ko Yesu yagendesheje amaguru hejuru y’amazi, arohamye mu mazi atanyaguzwa n’ingona.