Perezida wa Philippines Rodrigo Duterte w’imyaka 73 yibasiye Imana arayituka arayandagaza mu mbwirwaruhame ye ubwo yavugaga ku nkuru yo muri Bibiliya ivuga ku iremwa...
Gushaka umugore muzabana mugahuza,ni ihuririzo ku basore kimwe no ku bakobwa , kandi koko ni byo kuko Bibiliya ibivuga neza ngo ‘Umugore mwiza umuhabwa n’Imana’.
Umukuru w’urusengero muri Kenya ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru, kubazwa ku mibiri y’abantu igera ku 110 yataburuwe mu butaka bwe, mu gihe kuri uyu wa mbere hatangira isuzumwa ry’iyi mibiri...
Nyakubahwa Barikana Eugene,umudepite watangaje ko yafashe igihe cye gihagije n’ubwo asanzwe ari umukristu wo muri Gaturika,yazaga mu materaniro yo kwa Bishop Rugagi bucece, agambiriye kureba koko...
Abitabiriye amakoraniro y’ abahamya ba Yehova arimo kubera mu karere ka Kicukiro mu mujyi baravuga ko aya makoraniro abafitiye akamaro kanini mu buzima bwabo bwa buri munsi harimo kubana neza n’...
Umukobwa w’umwangavu w’imyaka 15 ukomoka mu mugi wa Cincinatti muri Ohio, aratangaza ko yagenderewe muri 2015 na “Marayika w’Imana”, akamumenyesha ko yatoranyirijwe kuzatwita umwana wa Kristo.
Uyu...
Umukuru w’urusengero muri Kenya ategerejwe mu rukiko muri iki cyumweru, kubazwa ku mibiri y’abantu igera ku 110 yataburuwe mu butaka bwe, mu gihe kuri uyu wa mbere hatangira isuzumwa ry’iyi mibiri...
Bamwe mu banyapolitiki batandukanye mu Rwanda bagiye bavuga imbwirwaruhame zasigaye mu mitima ya benshi ndetse bamwe batangira kuzikoresha mu buzima busanzwe.
Izi mbwirwaruhame zagumye mu mitwe...
Abaturage 55 bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Gahini, banze kwikingiza COVID-19 no kwambara agapfukamunwa, bafatiwe mu rugo rumwe bari gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo....
Umwarimu witwa Ntawiheba Osée wigisha mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi, yandikiye ubuyobozi bw’Umurenge abumenyesha ko atiteguye gufata urukingo rwa Covid-19 kubera ko Imana yamubujije....