Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi,Romelu Lukaku yamaze kubwira abamuhagarariye ko yifuza gusesa amasezerano n’iyi kipe igihe cyose Jose Mourinho yaba akomeje...
Umugore witwa Mugege Olga ukomoka mu Burundi ariko ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, yahanutse ku igorofa ya 10 rya Ubumwe Grande Hotel iherereye mu Mujyi wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge,ahita...
Kapiteni w’Ububiligi Eden Hazard yamaze gukuraho urujijo ku bibaza ku hazaza he mu ikipe ya Chelsea aho yavuze ko nyuma y’imyaka 6 ayimazemo aricyo gihe kugira ngo ajye gushaka ikindi kintu gishya...
Rutahizamu Alexis Sanchez yavuze ko kuri we abona umukinnyi Romelu Lukaku ukinira Ububiligi,ariwe uzahiga abandi bakinnyi mu gutsinda ibitego byinshi mu gikombe cy’isi kiri kubera mu...
Umukinnyi Bizimana Djihad wakinaga hagati mu ikipe ya APR FC yamaze gutsinda igeragezwa yari amaze iminsi akora mu ikipe ya Waasland Beveren yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi ,aho bivugwa ko...
Umukinnyi Kevin De Bruyne uri mu bihe byiza mu ikipe ya Manchester City,yatangaje byinshi yanyuzemo mu buzima birimo gutwarwa umugore na mugenzi we bakinana mu Bubiligi Thibaut Courtois ndetse no...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda banyuze mu gihe cyo gucunaguzwa, agaragaza ko kuri ubu icyo gihe cyarangiye Abanyarwanda bakwiye kwimenya kuko n’ ababacunaguzaga bagezeho...
Umukuru w’Ikigo cy’Ababikira i Sovu, Soeur Gertrude Mukangango, yicishije Abatutsi ba nyuma bari barokotse ubwicanyi bwo ku wa 22 na 25 Mata 1994 muri Monastere y’I Sovu. Monastere y’ababikira bo mu...
Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kinshasa aravuga ko umwe mu basirikare bahafi bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Antoine Felix Tshisekedi yaba yishwe...
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali ari gusaba ubufasha nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwa "Parkinson" amaranye imyaka...
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023,Rusesabagina Paul yafunguwe ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe ibyaba by’iterabwoba.
Mbere y’aho,...
Dj Briane umaze kwigarurira imitima ya benshi akiva i Burayi yageze i Kigali avi imuzi ku ngorane yatangaje yahuriye nazo i Burayi zamuteye kutifuza kugira ikindi gikorwa azongera guhuriramo na...
Ku Cyumweru,tariki ya 15 Gicurasi 2022 Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Djihad Bizimana yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Dalida Simbi.
Kuri uwo munsi wo ku Cyumweru nibwo aba bombi...
Umuhanzi Cyusa Ibrahim umaze kumenyekana nka Cyuza mu njyana ya gakondo akomeje gusangiza abamukurikira ko aryohewe n’urukundo arimo n’umukunzi we @jeanine_noach.
Ku itariki ya 11 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwicanyi bwakomeje gufata umurego mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni na wo munsi ingabo za Loni zatereranye Abatutsi bari bahungiye...
Kuri uyu munsi tariki ya 10 Werurwe 2022, muri Car free zone mu mujyi wa Kigali ahitwa Imbuga City walk hatangijwe ibikorwa birebana n’ukwezi kwahariwe Umuryango wa Francophonie,ukwezi gufite...
Amwe mu mafoto yashimishije abantu benshi ni aya Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan yicaranye i Bruxelles na Tundu Lissu, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa CCM.
Tundu umaze...
Perezida Paul Kagame yabwiye abasaba ko Paul Rusesabagina arekurwa ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo,ko bagomba kumenya ko ubuzima bw’Abanyarwanda bufite agaciro...
Myugariro Mutsinzi Ange Jimmy wari wari umaze iminsi mu igeragezwa mu gihugu cy’u Bubiligi mu ikipe yitwa Oud-Heverlee Leuven byarangiye aritsinzwe ariko yerekeza muri Portugal mu cyiciro cya...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Basketball, Dr Cheikh Sarr,yatangaje abakinnyi 12 azakoresha mu mikino ya Afrobasketball 2021, batarimo abafite ubunararibonye nka Mugabe Aristide na Sagamba Sedar...