Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Croatia Luka Modric yatangaje ko kuba Croatia ikunda gutsindira mu minota y’inyongera ari ibyo Imana iba yateguye kuko amakipe yose batsindiye kuri bayarushije ahubwo...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...
Ubufaransa butsinze Uruguay ibitego 2-0 mu mikino ya 1/4, bwiyongerera amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi kuko bukatishije itike yo kwerekeza mu mikino ya ½...
Tariki ya 4 Nyakanga ni umunsi ukomeye ku banyarwanda kuko aribwo bizihiza umunsi wo kwibohora ibihe bibi byatangiye ubwo abazungu bageraga mu Rwanda mu mwaka w’ 1884 kugeza kuri Jenoside yakorewe...
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal Arsene Wenger yatangaje ko kuri we nta kipe ifite abaturage bake aha amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, ndetse abona amakipe 3 arimo...
Ikipe y’igihugu ya Brazil itsinze Mexico ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16 wabereye mu mujyi wa Samara ibifashijwemo na Neymar wongeye kwereka isi yose ko ari...
Umukinnyi Angel Di Maria yatangaje ko atazigera yibagirwa ubugome bukomeye yakorewe na Real Madrid yahoze akinira akayihesha igikombe cya UEFA Champions Legue 2014,ubwo yamubuzaga gukina umukino...
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Me Bernard Ntaganda yatangaje ko u Rwanda rufunga nabi imfungwa za politiki avuga ko arimo gukorana n’ ibihugu by’ amahanga ngo arenganure izi...
Umubiligi Eden Hazard ukinira ikipe ya Chelsea FC yatangaje ko azaguma mu ikipe ya Chelsea ari uko yiyubatse kuruta iy’umwaka ushize yarangije shampiyona iri ku mwanya wa 5 ndetse aca amarenga ko...
Umukinnyi Harry Kane yongeye gucungura Ubwongereza kuko nyuma yo kubuheka akabugeza muri iki gikombe cy’isi, abufashje gutsinda ikipe ya Tuniziya ibitego 2-1 mu mukino wo mu itsinda G wabugoye...
Ikipe ya APR FC itsinze Rayon Sports ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League,biyifasha gutera intambwe yerekeza ku gikombe cyane ko AS Kigali...
Umukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari...
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo umugabo wafashwe asambana n’indaya mu kiriyo cy’ umugore we ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, amafoto agaragaza bamwe mu bakobwa bahatanye na Fanny...
Umutoza Ivan Minnaert yatangaje ko Rayon Sports igifite amahirwe yo gutwara igikombe ndetse umukino wa APR FC ariwo uzakimuhesha naramuka yitwaye neza.
Umushumba mukuru wa Redeemed Gospel Church yavuze uburyo hari abantu bagushijwe nuko bumvise avuga ko ashaka kugura indege, abibutsa ko mu kwizera ntakidashoboka kandi ko mu gihe umuntu akiri...
Ba Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe...
Umusore witwa Michael Goolaerts wakinaga umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Veranda’s Willems-Crelan yaraye yishwe n’umutima wahagaze ubwo yari mu irushanwa rya Paris Roubaix ryasojwe ku...
Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Jacky Minnaert yatangaje ko impamvu Ismailla Diarra atagaragaye ku mukino wo ku munsi w’ejo ari uko yifuzaga gukinisha Mugume Yassin atari yakabona imikinire ye...
Umunyarwandakazi Karuranga Mirage wamamaye ku kabyiniro ka Mimi Mirage yashyize hanze ifoto ye yambaye ikariso mu gihe gito ahita ayisibana kuri konte ye.
Umunyamidelikazi Mimi Mirage kuri ubu...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier yamaze gusezera ku bakinnyi be ndetse ababwira ko mu mukino wa shampiyona bafitanye na Gicumbi kuri uyu wa kane atazabatoza, aho yasubiye muri...
Benshi mu bafana b’ikipe ya Chelsea batangiye kwibasira umutoza Antonio Conte kubera ukuntu Michy Batshuayi aherutse kurekura akerekeza mu ikipe ya Borussia Dortmund yaraye yitwaye ubwo yatsindaga...
Umutoza Jeannot Witakenge niwe wahawe akazi ko kuba umutoza wungirije muri Rayon Sports asimbuye Ndikumana Hamad witabye Imana ku I taliki ya 15 Ugushyingo 2017.
Nubwo byari bimaze igihe...