Kuri iki Cyumweru taliki ya 25 Nyakanga 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abantu bashya 616 banduye icyorezo cya COVID-19, bangana na 5.4% by’ibipimo 11,339 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ni mu...
Nyuma yuko u Rwanda rushubije Uganda umusirikare w’icyo gihugu rwemeza ko yafatiwe ku butaka bwarwo, ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda iravuga ko ifite ibimenyetso ko uwo musilikaRi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza amabwiriza yo kwirinda...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Abasaza n’abakecuru bahabwa inkunga y’ingoboka mu Murenge wa Rugengabali mu karere ka Burera biguriye icyuma gisya imyaka, cyabafashije kwiteza imbere biciye ku musaruro bakibyaza.
Aba basaza...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko akarere ka Gasabo ari ko kaza ku mwanya wa mbere mu kugira umubare w’imiryango yasezeranye byemewe n’amategeko muri...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasobanuye impamvu abayobozi banyuranye mu Ntara y’Amajyaruguru bakuwe ku mirimo mu ijoro ryo kuri uyu wa 08 Kanama...
Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze mu Karere ka Rubavu ahabera umuhango wo gushyingura abaturage bahitanywe n’ibiza. Ni umuhango ubera ku irimbi rya Rugerero.
Muri aka karere...