Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 04/10/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Habimana Jean...
Umwarimu witwa Jean Bosco Ndoli Hatangimana gigishaga kuri Groupe Scolaire ya Cyapa, yishe Umugore we amunize, kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Ukwakira 2019,arangije nawe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 01/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ndagijimana Emanuel na...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 08/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ndagijimana Emanuel na...
Kuri uyu mugoroba, abantu 70 barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 baguwe gitumo batashye ubukwe mu rugo rw’Umukuru w’Umudugudu wa Nyagasozi mu Murenge wa Gahunga i Burera, aho banywaga inzoga...
Umuhanzi Hagenimana Jean Paul wamamaye ku izina rya Bushali wamenyekanye cyane ubwo yabarizwaga muri Green Ferry, yahishuye ko atakibarizwa muri iyi nzu ifasha abahanzi, by’umwihariko yafashije...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Gashyantare Polisi ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’umujyanama w’ubuzima bafashe uwitwa Sibomana Aimable w’imyka 52. Yafashwe arimo kugenda akwirakwiza...
In 2005, PIH and its Rwandan sister organization, Inshuti Mu Buzima (IMB), began working in partnership with the government of Rwanda to address the HIV/AIDS epidemic afflicting the population...
Ngezehe Donat umuturage wo mu Karere ka Burera yatanze ubuhamya bw’ukuntu yaje mu Rwanda akennye cyane atuye muri nyakatsi akaza kubona inzu abamo kuri ubu.
Ibi yabitangaje mu bikorwa byo...
In 2005, PIH and its Rwandan sister organization, Inshuti Mu Buzima (IMB), began working in partnership with the government of Rwanda to address the HIV/AIDS epidemic afflicting the population...
Mu ruzinduko perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiriye mu karere ka Burera kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Gicurasi 2019,yabwiye abayobozi badashyira mu bikorwa inshingano zabo agiye guhangana...
Habimana Gadi bivugwa ko yaburiwe irengero ku wa 13 Kanama uyu mwaka, aho yagiye mu karere ka Burera mu gikorwa cyo kugurisha Mashine Laptop, bikarangira aburiwe...
Senderi International Hit na Intore Tuyisenge basubiyemo indirimbo yabo bari barise ‘Ibidakwiriye nzabivuga’ nyuma yo kubisabwa na Perezida Paul Kagame ubwo yari yasuye akarere ka Burera akumva aba...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Nyakanga 2021,yatangaje ko kuva tariki 17/07/2021 kugeza 26/07/2021, Umujyi wa Kigali n’uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare,...
Mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 5 Gicurasi 2019, impanuka ikomeye yabereye mu murenge wa Cyanika wo mu karere ka Burera mu Majyaruguru y’u Rwanda, yahitanye ubuzima bw’umushoferi...
Imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa gatanu kugeza kuwa Gatandatu mu Ntara y’Amajyaruguru yasenyeye abaturage mu Karere ka Musanze,isenya ibikorwaremezo mu karere ka Burera.Inzu zisaga 28...
Amakuru aturuka mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, avuga abaturage batandatu bari bavuye kurema isoko mu Karere ka Burera bihana imbibi, baje kurohoma mu Kiyaga cya Ruhondo bamwe...
Uwitonze Sonia Rolland, uri mu Rwanda mu bikorwa byo gufata amashusho ya Filime yitwa “Entre Deux”, akomeje kuryoherwa n’ibihe ari kugirira mu Karere ka Burera cyane cyane ku Kiyaga cya...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Burera, ruvuga ko ababyeyi babo ari bo ba nyirabayazana mu gutuma rudashora imari mu mwuga w’ubuhinzi ngo kuko barwima ingwate, ariko ababyeyi nabo bakarusaba...
B VACANCY ADVERTISSMENT INCREASING FOOD PRODUCTION AND LIVELIHOOD IMPROVEMENT IN THE KAMIRANZOVU MARSHLAND AREA, BURERA DISTRICT (KUNGABU PROJECT)
BACKGROUND The European Commission,...
Umusore w’imyaka 30 witwa Jean Damascene Munyarukiko yitabye Imana mu bitaro bya Ruhengeri kuri iki cyumweru azize impanuka yo mu muhanda yakoze kuwa gatandatu. Umubyeyi we agiye gufata umurambo...