Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’imyaka 2,Umurundi Bigirimana Gaël,wakiniye Newcastle United yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza (2012–2016)
Bigirimana...
Banki y’isi yashyize U Rwanda ku mwanya wa 178 ku rutonde ngarukamwaka ngaruka mwaka rureba umusaruro mbumbe w’igihugu . Muri iki cyegeranyo, umuturage w’u Rwanda umwe abarirwa amadorali 850 buri...
Brig Gen General Jeff Unyaga wahawe kuyobora Ingabo za Kenya zizitabira ubutumwa bwa EAC mu kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasuye intara ya Ituri aho bivugwa ko...
Umuryango wa Pan Africa Movement Rwanda-Chapter ku bufatanye na Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Women Chamber , CNF n’izindi nzego zifite aho zihuriye n’umuryango bagiye...
‘Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza abategetsi ku ifungwa rya Paul Rusesabagina, uburenganzira bwa muntu, no gufunga urubuga rwa politiki ku...
Abantu b’ingeri zitandukanye bakomeje kwamagana ubwicanyi bwakozwe n’ingabo za MONUSCO ku cyumweru ku mupaka wa Kasindi muri Kivu ya ruguru uhuza DRC na Uganda.
Abantu babiri barishwe abandi...
Abanya Kenya baramukiye mu matora y’umukuru w’igihugu aho ibiro by’itora byafunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe ku isaha yo mu Rwanda no mu Burundi ....
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y abenshi hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo wamamaye nka Davis D nyuma y’igihe kigera mu kwezi akorera ibitaramo bitandukanye k’umugabane w’i Burayi yahishuye...
Ba rutahizamu Paul Were na Boubacar Traore intwaro Rayon Sports igomba kwifashisha muri Shampiona zamaze kugera mu Rwanda ndetse zivuga ko zije kuyifasha gutwara igikombe.
Rutahizamu w’umunya...
Rayon Sports yasinyishije Paul Were, Rutahizamu w’umunya-Kenya amasezerano y’umwaka umwe nyuma yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu nijoro.
Yasinyiye Rayon Sports kuri uyu wa Kane mbere y’uko...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele yatangaje ko uyu munsi cyangwa ejo bafite gahunda yo kuganiriza Bimenyimana Bonfils Caleb kugira ngo barebe ko bamusinyisha.
Mu kiganiro...
Haba ku bagenda n’amaguru, abari kuri moto cyangwa abahagaze mu modoka zirimo kugenda, bamwe mu mujyi wa Nakuru mu karere ka Rift Valley mu burengerazuba bwa Kenya ku wa mbere nimugoroba...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yandikiye ubutumwa bushimira Nyakubahwa William Ruto watowe nka Perezida mushya wa Repubulika ya Kenya.
Mu butumwa...
Biravugwa ko rutahizamu Musa Camara ukomoka muri Mali ntagihindutse uyu munsi arasinya amasezerano muri Rayon Sports yahoze akinira akanayihesha igikombe cya shampiyona.
Biteganyijwe ko ahita...
Umuhanzi Burabyo Yvan uzwi ku izina rya Yvan Buravan yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza indwara ya Kanseri y’Urwagashya ari...
Raila Odinga, wabaye uwa kabiri mu matora ya perezida muri Kenya, yatanze ikirego mu rukiko rw’ikirenga cyo kuburizamo ibyavuye mu matora ya perezida.
Akanama k’amatora ka Kenya katangaje ko...
Kuri uyu wa Gatanu hemejwe agera kuri miliyoni 6.6 z’amadolari na Sudan y’epfo yo kwifashishwa n’ingabo z’icyo gihugu zizoherezwa mu bikorwa byo guhangana n’imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika...
Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly uri mu bategura irushanwa rya Miss East Africa yavuze ku modoka Miss Umunyana Shanitah yatsindiye ariko kugeza ubu amaso akaba yaraheze mu...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 18 yatsindiwe ku mukino wa nyuma na Misiri mu gikombe cya Afurika cy’umukino wa Handball cyakiniwe muri BK Arena.
Muri uyu mukino warebwe na Perezida Kagame,u...
Perezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter,...