Umuvugizi w’umukuru w’igihugu cy’Uburundi yatangaje ko Leta ititeguye gufungura imipaka gihana n’u Rwanda mu gihe rwaba rutararekura abashatse guhirika ubutegetsi bw’Uburundi mu mwaka w’i 2015....
Inzego z’ubuyobozi mu Burundi zashyikirije u Rwanda inka eshatu ziherutse kwibwa mu Murenge wa Busanze mu Karere ka Nyaruguru zikajyanwa muri icyo gihugu.
Uburundi bwemeye kwakira inkingo za Covid-19 bwahawe na Banki y’isi nyuma yo kubandikira ibaruwa ibibasaba ariko ngo leta ntizahatiriza abaturage kujya...
Israel Mbonyi ukunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana hano mu Rwanda ndetse no muri Diaspora nyarwanda , yatangaje ko agiye gukorera ivugabutumwa mu gihugu cy’u Burundi nyuma...
Umutwe w’inyeshyamba wa Red-Tabara zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wemeza ko abarwanyi berekanywe uyu munsi kuwa mbere mu Rwanda ari abawo bahafatiwe ’bayobye’.
Kuri uyu wa 30 Nzeri 2020, Minisiteri y’Umutekano w’Imbere n’Iterambere ry’Abaturage mu Burundi, yanyomoje amakuru avuga ko leta ishaka kwinjiza urubyiruko rw’abashomeri mu gisirikare ku...
Mu gihugu cy’u Burundi, amakuru yakwirakwijwe kuri twitter aravuga ko guhera kuwa Gatandatu gukomeza no kuri iki Cyumweru, itariki 27 Nzeri, hakomeje kuvugwa imirwano ihuza Ingabo z’u Burundi...
Brig. Gen. Athanase Kararuza wari umujyanama wa Visi Perezida wa Repubulika y’u Burundi yiciwe hamwe n’umugore ndetse n’umukobwa we imyaka ine ishize, ariko ngo ababikoze barazwi kandi bafite...
Mu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu...
Inyeshyamba zo mu mutwe wa Red Tabara zatangaje ku mugaragaro ko zigiye kurwanya Leta y’Uburundi zikoresheje ingufu ziboneraho gusaba Abarundi kuwushyigikira.
Mu itangazo uyu mutwe wasohoye,...
Mu ishyamba rya Kibira, ahaherera mu giturage cya Gafumbegeti muri Komine ya Mabaye mu Ntara ya Cibitoke, habonetse imirambo y’abantu 12 bambaye impuzankano isa n’igisirikare cy’u...
Abantu 8 batwikiwe mu nzu zabo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira uwa kane tariki ya 06 Kanama 2020, mu ntara ya Bujumbura mu burengerazuba na Muyinga mu majyaruguru ashyira amajyepfo...
Ibihugu by’Uburundi na Sudani y’Epfo biri mu nzira yo kwirukanwa mu muryango wa Afrika y’Uburasirazuba kubera amadeni y’ umusanzu y’imyaka irenga ibiri ibyo bihugu birimo uwo...
Hari hashize iminsi 2 mu Burundi hari ibihuha bivuga ko Ndayishimiye arwariye mu bitaro bya BUMEREC indwara itaravuzweho rumwe aho bamwe bavugaga Covid-19 abandi bakavuga uburozi gusa kuri uyu...
Abantu bataramenyekana mu ijoro ryacyeye bateye igisasu cyo mu bwoko bwa ’grenade’ mu kabari (ikirabo) kari ri zone ya Kamenge mujyi wa Bujumbura, kugeza ubu ntiharamenyekana neza umubare w’abo...
Jean Claude Ndenzako, umuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi, yatangaje ko impamvu igihugu cye kitaragaragaramo icyorezo cya Coronavirus ari uko gifite umwihariko wo gushyira Imana...
Mu ntara ya Bujumbura Rurale habaye imirwano ikomeye ku munsi wo ku cyumweru taliki ya 23 Gashyantare 2020 yahuje inyeshyamba zitwaje intwaro na polisi y’u Burundi bituma benshi bahasiga...
Ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari kumwe n’abandi bagabo 2 aho bivugwa ko yari ahitwa ku Ruheru mu mu murenge wa Nyabimata mu Karere ka...
Umugore witwa Nitanga Béatrice akomeje guca ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga mu Burundi kuko benshi bari kwemeza ko yagaragaye ari muzima kandi yari amaze imyaka isaga 3 yarapfuye...
Umuvugizi w’umukuru w’igihugu cy’u Burundi,Jean-Claude Karerwa,yavuze ko Perezida Petero Nkurunziza atazigera yisubiraho ngo yiyamamaze mu matora ateganyijwe mu mwaka wa 2020, nubwo hari...
Umuryango w’abibumbye (ONU) uburira ko mu gihe u Burundi bwitegura amatora ya Perezida yo mu mwaka utaha wa 2020, hari impungenge ko haba ubundi bwicanyi mu...
Inkingo za Ebola ziri mu igeragezwa zakiriwe n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima mu Burundi mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuwa mbere nk’uko iri shami...