Ikipe ya AS Kigali yamaze kwerekana ko ifite gahunda mu mwaka w’imikino utaha kuko yasinyishije abakinnyi bafite amazina akomeye hano mu Rwanda barimo Rusheshangoga Michel wifuzwaga cyane na Rayon...
Ikipe ya Manchester United yananiwe kongerera amasezerano umunyezamu David de Gea ariyo mpamvu yagiye ku isoko gushaka umunya Cameroon Andre Onana kugira ngo aze...
Umunya Cameroon Samuel Eto’o wabaye rutahizamu w’ikirangirire mu makipe akomeye arimo FC Barcelona,Inter Milan,Chelsea FC ,Everton n’ayandi,arashinjwa n’umugore witwa Adileusa do Rosario Neves...
Amavubi abuze gato ngo abone amanota 3 ya mbere mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2019 izabera muri Cameroon,kuko inganyije igitego 1-1 na Guinea mu mukino Kagere Meddie...
Amavubi atsinzwe na Cote d’Ivoire ibitego 2-1 mu mukino wa kabiri mu mikino y’amatsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kizabera mu gihugu cya Cameroon mu mwaka...
Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
Cameroon yatsinze Ivory Coast igitego 1-0 mu mukino w’ishyiraniro wo gushaka itike yo kwerekeza mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi,yihuza na Alijeriya, Nijeriya...
Maroc ibaye ikipe ya Kane igiye muri Kimwe cya Kabiri, mu mikino ya shampiyona ya Afurika ya Volleyball irimo kubera muri Kigali Arena, ni nyuma yo gutsinda u Rwanda amaseti 3-0.
U Rwanda...
Ikipe y’igihugu Amavubi yakinnye umukino wa kabiri wa gicuti na Congo Brazaville wo kwitegura imikino ya CHAN 2020 urangira nta kipe n’imwe ibashije kwinjiza igitego mu...
Umutoza wungirije w’ ikipe ya Rayon Sports,Kirasa Alain,yagizwe umutoza wungirije Mashami Vincent mu ikipe y’igihugu Amavubi aho bahawe amasezerano y’umwaka.
Umutoza Mashami Vincent watsinzwe ikizamini kimwe muri 3 yari yahawe kugira ngo ahabwe akazi gahoraho ko gutoza Amavubi yamaze gusezererwa aho kuri ubu Minisiteri ya Siporo iri gushakisha...
Ikipe ya Basketball ya Patriots BBC ihagarariye u Rwanda , yiyongereye ku makipe 11 yamaze kubona itike yo kuzakina imikino yanyuma ya Basketball African League ’BAL’ iteganijwe kuzatangira muri...
Mashami Vincent ntiyahamagaye Sugira mu bakinnyi 27 bazamufasha gutangira urugendo rwo gushaka itike yo kwerekeza muri CAN 2021 nyuma yo guhagarikwa n’ikipe ye ya APR FC mu gihe kingana n’amezi 2...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yavuze ko itsinda rya F u Rwanda ruhereremo mu majonjora yo gushaka itike ya AFCON 2021 rikinika gusa avuga ko bashobora kuzitwara neza igihe ikipe...
• Bimwe mu bihangange byitezwe muri Tour du Rwanda uyu mwaka
•Abakinnyi 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo uwegukana Tour du Rwanda 2017
• Tour du Rwanda izatangira ku munsi w’ejo taliki ya 12 Ugushyingo...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umukino wa Basketball Mutokambali Moise yatangaje ko mu itsinda C arimo, ikipe ya Tunisia ariyo imuhangayikishije cyane ko andi makipe nka Cameroon na Guinea Equatorial...
Ku munsi w’ejo taliki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo abayobozi ba CAF bari bateraniye I Rabat muri Maroc bemeje ko amakipe yitabiraga igikombe cy’Afurika avuye kuri 16 agiye kuba 24 mu marushanwa...
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea yasabye gatanya - nyuma y’aho ibizamini bya ADN byerekanye ko abana babiri yitaga ko yabyaranye n’uwahoze ari umugore we atari abe ahubwo yamuciye inyuma...
Kuri uyu wa mbere,tariki ya 05 Gashyantare, Samuel Eto’o yeguye ku kuba Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Kameruni ariko Komite Nyobozi irabyanga.
Nyuma yo gufasha Manchester United kunganya na Tottenham ibitego 2-2 muri Premier League ku Cyumweru, Umunyezamu André Onana yasanze Ikipe y’Igihugu ya Cameroun mu Gikombe cya...