Kidum Kibido Kibuganizo umwe mu bahanzi bakomeye hano mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba , mu minsi ishize yari yatumiwe mu Rwanda aho yataramiye abari bitabiriye inama ya Transform...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
Icyamamare mu njyana ya R&B,Shaffer Chimere Smith wamamaye mu muziki nka Ne-Yo yageze mu Rwanda mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 06 Kanama 2019 aho yatumiwe mu gitaramo gikomeye...
Umunyamerika Shaffer Chimere Smith wamamaye mu muziki nka Ne-Yo yagaragarijwe urukundo mu gitaramo gikomeye yaririmbyemo mu Mujyi wa Kigali cyanitabiriwe na Perezida Kagame kiba cyari igitaramo...
Sherrie Silver umukobwa w’umunyarwandakazi umaze kuba icyamamare ku Isi mu kubyina imbyino zigezweho, yatewe ishema no guhura na Perezida Kagame inshuro zirenze imwe ahantu hatandukanye mu minsi...
Umuhanzi w’icyamamare hano mu Rwanda , Ngabo Medard wamamaye ku rubyiniro nka Meddy, ategerejwe mu mujyi wa Nairobi muri Kenya mu gitaramo kiswe “Rwanda Beauty...
Gaby Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzikazi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, akaba yarabitangiye kuva akiri muto aho yakurikiraga Papa we agiye kuyobora Korali nawe akajyana...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye mu muziki nka Patoranking yahishuye ko hari indirimbo yakoranye na Ngabo Medart Jobert umaze kwamamara nka Meddy mu muziki.
Umuhanzi w’icyamamare muri Amerika Chaffer Chimere Smith uzwi ku izina rya Ne-Yo yatangaje uburyo yishimira kumva indirimbo ze cyane cyane iyo ari ku buriri arimo gutera akabariro n’umugore...
Geneva ni ahantu hacyize. Ni ikicaro cya banki nyinshi zikomeye zigenga, Umuryango w’abibumbye, n’inzu za Sotheby’s na Christie’s zizwi cyane muri cyamunara z’amabuye y’agaciro ahenze...
Aurore Kayibanda,wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Jacques Gatera mu birori bibereye ijisho byabereye muri Arizona, mu muhango witabiriwe n’abantu mbarwa...