Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, mu gitaramo cyiswe “Intsinzi Concert” cyabereye kuri Petit Stade i Remera.
The Ben ubwo yahuraga n’uwo mukobwa ari...
Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Umuririmbyikazi Juliana Kanyomozi wamamaye mu ruhando rwa muzika ya Uganda akanasagurira Afurika y’Iburasirazuba, yahembye umwe mu bantu bamukurikirana kuri Facebook.
Uyu mugore mu minsi ishize...
Umuririmbyi Niyibikora Safi Madiba yahuye n’umukobwa wiyita Super Sexy ku mbuga nkoranyambaga bahuriye mu mujyi wa Kampala mu muhango wo guherekeza bwa nyuma Nyakwigenda Mowzey Radio watabarutse...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Peter Okoye, umwe mu mpanga ebyiri zari zigize itsinda rya P Square ari mu nzira zerekeza i Kigali mu gitaramo cyo gusoza Inama Mpuzamahanga ku miyoborere ya yiswe ‘2018 Mo Ibrahim kizabera Kigali...
Umuhanzi Bebe Cool umwe mu bakunzwe muri Uganda yageze mu Rwanda aho azifatanya n’abafana be mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction kizaba kuri uyu wa Garanu taliki ya 30 Kamena...
Tumukunde Gisèle, umukobwa wamamaye mu mashusho y’indirimbo akaba n’umwe mu bazwi cyane kuri Instagrammu Rwanda, yarushinganye na Nshimiyimana Emmanuel[Matic] uri mu bayobozi ba rimwe mu matsinda...
Abahanzi barimo Jose Chameleone ,Palasso ,Weasel ndetse na Big Fizzo bageze mu Rwanda gushyigikira umuhanzi Dj Pius mu gitaramo cye cyo kumurika Album ye hanze yise...
Kuri uyu wa gatanu ahazwi nko kuri The Maner Hotel yabereye igitaramo kiswe Silent Disco kitabiriwe n’abakobwa benshi bari biyambitse imyambaro igaragaza imiterere...
Mu bihembo byo guhemba bimwe mu byamamare byitwaye neza mu marushanwa ya ‘Kiss Summer Awards’ mu matsinda atandukanye byegukanywe na Bob Pro ,The Ben ndetse na Urban Boys...
Indirimbo ‘Garagaza’ Yvan Buravan yahuriyemo na se yaciye agahigo ko kuba iyoboye indirimbo z’uyu muhanzi mu kurebwa n’abantu barenga miliyoni kurubuga rwa...
Ibyishimo byari byose ku basoje umwaka ahaturikirijwe ibishashi mu Mujyi wa Kigali, byarashwe mu gihe kingana n’iminota 14 ubudahagarara uyu mwaka wari akarusho kuko hanashyizwemo udushya mu buryo...
Umuhanzikazi Ingabire Marina Deborah,wamenyekanye ku izina rya Marina mu ruhando rw’umuziki Nyarwanda, yibasiye mugenzi we Butera Knowless nyuma y’uko aherutse gukurwa ku rubyiniro i Musanze...