skol
Kigali

Search: Christopher (258)

Ku masengonda yanyuma REG BBC yongeye gutsinda umukino wa kabiri wa BAL 2022[AMAFOTO]

Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC amanota 83-81 maze uba umukino wa 2 itsinze muri 5 igomba gukina.
10 March 2022 657 0

Ibyo wamenya ku gitangaza Bruce Melodie wujuje imyaka 30 nuko ibirori byangenze [AMAFOTO]

Tugiye kukugezaho ibyihariye ku muhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie] watunguwe na Eddy Kenzo ndetse na Producer Madebeats mbere y’uko yizihiza isabukuru ye...
3 March 2022 769 0

Amb.Rugwabiza yemejwe nk’umuyobozi wa MINUSCA

Ambassadeur Valentine Rugwabiza yagizwe umuyobozi w’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrika, MINUSCA akaba kandi n’intumwa yihariye y’umunyamabanga mukuru wa loni...
24 February 2022 624 0

Amb Rugwabiza Valentine yasezeye Umuyobozi wa UN

Ambasaderi Valentine Rugwabiza uherutse gusimbuzwa Amb. Claver Gatete, ku mwanya w’uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’abibumbye, yashimiye imikoranire myiza yagiranye n’uyu Muryango anabonera ho...
23 February 2022 927 0

Bukuru Christophe yagarutse mu ikipe ya Rayon Sports

Umukinnyi wo hagati mu kibuga Bukuru Christophe w’imyaka 25 y’amavuko, yasubiye mu ikipe yahozemo ya Rayon Sports yaherukaga kuvamo yerekeza muri APR FC muri 2019. Bukuru wari udafite ikipe...
28 January 2022 1348 0

Umuhanzi Danny Vumbi yatangaje urutonde rw’indirimbo zamunyuze kurusha izindi muri uyu mwaka[Urutonde]

Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika no guhimba indirimbo Danny Vumbi yatangaje urutonde ruriho indirimbo 10 zamunyuze kurusha izindi mu mwaka wose wa 2021 ubura amasaha make ngo...
31 December 2021 928 0

Udushya utamenye twaraze igitaramo cya Bruce Melodie kitabiriwe kurwego rushimishije[AMAFOTO]

Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki ubwo ufite indi nkuru uzabara. Ibaze umwana wawe nazakubaza...
8 November 2021 1639 0

Abahanzi bakomeye muri East Africa bakomeje gusaba abakunzi babo kwitabira igitaramo cya Bruce Melodie

Abahanzi barimo Eddy Kezo na Ykee Benda bakomeye mu gihugu cya Uganda na Harmonize wo muri Tanzania batangaje ko bishimiye umuhanzi Bruce Melodie, ugiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10...
4 November 2021 1034 0

Bruce Melodie yatangaje ibyamamare bikomeye bizamufasha mu kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 10

Igitaramo cy’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina mu muziki mu gihe kimyaka 10 , yatangaje abahanzi batandukanye bazakibonekamo ndetse n’abamwe mu byamamare...
3 November 2021 1109 0

Leta ya Nijeriya yigambye ibitero byahitanye inyeshamba 24

Igisirikare cya Nijeriya kiravuga ko kiciye inyeshyamba za kiyisilamu 24 mu bitero bibiri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’igihugu kandi cyafashe zimwe mu ntwaro z’izo...
19 October 2021 433 0

Udushya utamenye twaranze ubukwe bw’Umuhanzi Mico The Best wagabiwe inka n’ibyamamare bitandukanye

Nkiko Turatsinze Prosper benshi bazi nka Mico The Best,uri mu bahanzi batangiye umuziki mu mwaduko wawo akora injyana by’umwihariko ya Afrobeat, kuwa 26 Nzeri 2021 yasezeranye kubana akaramata na...
27 September 2021 3492 0

Manny Pacquiao wamamaye mu iteramakofe agiye kwiyamamariza kuyobora Philippines

Manny Pacquiao, umunya-Philippines w’icyamamare mu iteramakofe yatangaje ko aziyamamariza kuyobora iki gihugu mu matora y’umwaka utaha.
20 September 2021 329 0

Manchester United na FC Barcelona zatangiye nabi cyane UEFA Champions League

Amakipe y’ibigugu I Burayi ariyo FC Barcelona na Manchester United zatangiye imikino ya UEFA Champions League 2021/2022 zitsindwa ndetse zituma abakunzi ba ruhago bazibazaho...
15 September 2021 691 0

Amarira yari menshi mu gusezera bwa nyuma ku muhanzi Jay Polly [AMAFOTO]

Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima. Umurambo...
5 September 2021 3010 0

Pasiteri akurikiranyweho gutekera umutwe abayoboke be akacuza utwabo

Umupasiteri witwa Seth Malefetsane Radebe w’imyaka 47 ukomoka muri Afurika y’Epfo amerewe nabi n’abayoboke be bamushinja kubatekera umutwe akabatwara akayabo k’amafaranga. Uyu mupasiteri...
1 September 2021 1267 0

Davis D yasohoye indirimbo ishimira Papa we n’abandi bamubaye hafi[Video]

David Ikishaka uzwi ku izina rya Davis D , nyuma y’iminsi mike arekuwe n’ubutabera, nyuma y’iminsi akurikiranyweho icyaha cyo kuba icyitso mu gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka...
17 May 2021 1211 0

Bamwe mu byamamare nyaRwanda bahaye ubutumwa ababyeyi babo ku munsi w’umubyeyi w’umugore [AMAFOTO]

Ku munsi w’ejo ku Cyumweru tariki 09 Gicurasi 2021 nibwo wari umunsi Mpuzamahanga w’umubyeyi w’umugore(Mother’s Day), usanzwe wizihizwa buri mwaka ku cyumweru cya kabiri cy’ukwezi kwa Gicurasi , dore...
10 May 2021 1289 0

Bwa mbere Nkusi Arthur yerekanye ifoto ari kumwe n’umukunzi we yazamuye amarangamutima ya benshi[AMFOTO]

Umunyarwenya akaba n’Umunyamakuru, Nkusi Arthur uzwi nka Rutura, bwa mbere mu mateka yashyize hanze ifoto ari kumwe n’umukunzi we Fiona Ntarindwa Muthoni. Abakunzi babo batangara babo...
23 April 2021 2662 0

Producer Knoxbeat warugaragiwe na Rocky Kirabiranya nka ’Parrain’ we yakoze ubukwe bw’agatangaza na...

Hari hashize amezi abiri Producer Knoxbeat asabye umukunzi we Akamikazi Bernice,ko bazabana akaramata, kuri ubu yarushinganye n’uyu mukunzi we.
5 April 2021 3264 0

Producer Knoxbeat yasezeranye na Akamikazi Bernice,Rocky Kirabiranya wari ugaragagiye umugeni yatunguye abatashye...

Nyuma y’amezi abiri yemeranyije n’umukunzi we ko bazabana akaramata, Producer Knoxbeat wo muri Monster Records yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Akamikazi...
26 March 2021 2211 0

Producer Knoxbeat wo muri Monster Records yatereye Ivi Akamikazi Bernice[AMAFOTO]

Producer Knoxbeat wo muri Monster Records yatangiye urugendo rushya rw’urukundo, ni nyuma y’uko yambitse impeta umukunzi we witwa Akamikazi Bernice.
3 January 2021 2688 0

US: Joe Biden yavuze ko adahabwa amakuru y’umutekano nkuko abyemerewe

Perezida watowe Joe Biden muri Amerika yatangaje ko inzego zikomeye mu by’umutekano "zangiritse cyane" mu butegetsi bwa Trump.
29 December 2020 1046 0

APR FC yamaze kugera muri Kenya guhangana na Gor Mahia

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu saa kumi n’igice, ikipe y’ingabo z’igihugu yahagurutse i Shyorongi yerekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe igiye kurira indege iyijyana mu...
3 December 2020 1220 0

Trump yirukanye uwari ukuriye amatora kubera ko ngo yamuvuguruje

Perezida Donald Trump w’Amerika yirukanye umukozi wo ku rwego rwo hejuru ushinzwe amatora wamuvuguruje ku byo yavuze ko habayeho uburiganya mu matora ya...
18 November 2020 2790 0

Bizimana Yannick yahishuye uko umutoza Adil yamufashije gutsinda igitego cya mbere muri APR FC

Rutahizamu mushya wa APR FC,Bizimana Yannick yatangaje ko kuba yaratsinze igitego cya mbere muri iyi kipe yabifashijwemo n’umutoza we Adil Mohamed wamuhaye imbaraga ubwo yari afashe...
15 November 2020 1720 0

US: Abashinzwe amatora batesheje agaciro ibirego bya Trump ko yibwe

Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo "matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika" - batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe...
13 November 2020 2240 0

FBI irashinja Iran n’Uburusiya koherereza ubutumwa bw’iterabwoba bamwe mu bazitabira amatora muri US

Abakuriye ubutasi muri Amerika batangaje ko Iran ari yo yoherereje ubutumwa bwa ’email’ abatora bo mu ishyaka ry’abademokarate ibatera ubwoba.
22 October 2020 784 0

USA: Ibibumbano bya Theodore Roosevelt na Abraham Lincoln byarimbuye n’abigaragambya bariye karungu

Mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize muri Portland Oregon, abigaragambyaga bahiritse amashusho y’abahoze ari ba Perezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Theodore Roosevelt na Abraham Lincoln ,...
13 October 2020 957 0

Microsoft ivuga ko aba ’hackers’ b’Uburusiya, Ubushinwa na Iran bibasiye Trump na Biden

Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...
11 September 2020 733 0

Umugore w’imyaka 38 atwite umwana wa 16 kandi ngo ntateganya kurekera.yashyize hanze urutonde rw’amazina y’abana...

Umugore witwa Patty Hernandez ufite imyaka 38 y’amavuko n’umugabo we Carlos ufite imyaka 37 babayemo mu nzu y’ibyumba bitanu, ahitwa i Charlotte, muri Carolina y’Amajyaruguru muri Leta zunze ubumwe...
6 September 2020 5834 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240