Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC amanota 83-81 maze uba umukino wa 2 itsinze muri 5 igomba gukina.
Tugiye kukugezaho ibyihariye ku muhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie] watunguwe na Eddy Kenzo ndetse na Producer Madebeats mbere y’uko yizihiza isabukuru ye...
Umukinnyi wo hagati mu kibuga Bukuru Christophe w’imyaka 25 y’amavuko, yasubiye mu ikipe yahozemo ya Rayon Sports yaherukaga kuvamo yerekeza muri APR FC muri 2019.
Bukuru wari udafite ikipe...
Umuhanzi w’umuhanga mu kwandika no guhimba indirimbo Danny Vumbi yatangaje urutonde ruriho indirimbo 10 zamunyuze kurusha izindi mu mwaka wose wa 2021 ubura amasaha make ngo...
Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki ubwo ufite indi nkuru uzabara. Ibaze umwana wawe nazakubaza...
Abahanzi barimo Eddy Kezo na Ykee Benda bakomeye mu gihugu cya Uganda na Harmonize wo muri Tanzania batangaje ko bishimiye umuhanzi Bruce Melodie, ugiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10...
Igitaramo cy’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina mu muziki mu gihe kimyaka 10 , yatangaje abahanzi batandukanye bazakibonekamo ndetse n’abamwe mu byamamare...
Igisirikare cya Nijeriya kiravuga ko kiciye inyeshyamba za kiyisilamu 24 mu bitero bibiri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’igihugu kandi cyafashe zimwe mu ntwaro z’izo...
Amakipe y’ibigugu I Burayi ariyo FC Barcelona na Manchester United zatangiye imikino ya UEFA Champions League 2021/2022 zitsindwa ndetse zituma abakunzi ba ruhago bazibazaho...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima.
Umurambo...
David Ikishaka uzwi ku izina rya Davis D , nyuma y’iminsi mike arekuwe n’ubutabera, nyuma y’iminsi akurikiranyweho icyaha cyo kuba icyitso mu gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka...
Nyuma y’amezi abiri yemeranyije n’umukunzi we ko bazabana akaramata, Producer Knoxbeat wo muri Monster Records yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Akamikazi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu saa kumi n’igice, ikipe y’ingabo z’igihugu yahagurutse i Shyorongi yerekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe igiye kurira indege iyijyana mu...
Perezida Donald Trump w’Amerika yirukanye umukozi wo ku rwego rwo hejuru ushinzwe amatora wamuvuguruje ku byo yavuze ko habayeho uburiganya mu matora ya...
Rutahizamu mushya wa APR FC,Bizimana Yannick yatangaje ko kuba yaratsinze igitego cya mbere muri iyi kipe yabifashijwemo n’umutoza we Adil Mohamed wamuhaye imbaraga ubwo yari afashe...
Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo "matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika" - batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe...
Mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize muri Portland Oregon, abigaragambyaga bahiritse amashusho y’abahoze ari ba Perezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Theodore Roosevelt na Abraham Lincoln ,...
Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...