Abahagarariye rutahizamu Erling Haaland barimo Mino Raiola na se Alf Inge bagaragaye muri Espagne bagiye kuganira na Real Madrid ndetse na FC Barcelona ariko binateganyijwe ko baraza gukomereza...
Ikipe ya Chelsea yongeye kugera ku mukino wa nyuma yaherukagaho muri 2012 nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League cyane ko mu mukino ubanza...
Rutahizamu w’ikipe ya Espagne,Alvaro Morata,yahishuye ko abafana bamututse cyane ndetse bamutera ubwoba bamubwira ko bazamwica we n’umuryango we kubera guhusha ibitego byabazwe mu mikino ya Euro...
Amakuru aturuka muri Espagne aratangaza ko Perezida wa Real Madrid,Florentino Perez ashaka kuva muri shampiyona ya La Liga kubera ubukene buyirimo akigira muri Premier League ifite abaterankunga...
Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa mu mupira w’amaguru niyo yegukanye igikombe cya UEFA Nations League,gikinwa n’ibihugu byo ku mugabane w’I Burayi,nyuma yo gutsinda Esipanye ibitego 2-1 i Milan mu...
Umuhanzi Davis D uri mubagezweho mu Rwanda yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Eva” ifite amashusho yo kurwego mpuzamahanga , igaragaramo ibizungerezi biri umwe wo mu gihugu cya Colombia...
Nubwo hashize amezi atandatu avuye muri FC Barcelona, kubona iyi kipe yo muri Espagne idafite Lionel Messi bikomeje kuba ibintu bidasanzwe kuri bamwe, ndetse...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’Amavubi usimbura Mashami Vincent wari umaze imyaka...
Mu murwa mukuru wa Angola habereye imihango yo gusezera no gushyingura uwahoze ari perezida José Eduardo dos Santos wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize kwa...
Indege bwite yo mu bwoko bwa Cessna yaguye mu nyanja hafi y’igihugu cya Latvia/ Lettonie mu buryo bukiri amayobera.
Indege z’intambara za OTAN zihutiye kuyikurikira mu rugendo rwayo rwarimo...
Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil wanakiniye FC Barcelone, ari mu mazi abira nyuma y’uko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo...
Turi Tariki ya 21 Kamena, ni umunsi w’ 172 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 193 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 21...
Ikipe ya FC Barcelona yahagaritse imyitozo yose yagombaga gukorwa mu makipe yabo yose yaba inkuru ndetse n’izakiri bato mu rwego rwo kwigaragambya no kwerekana ko ishyigikiye ubwigenge bw’intara...
Kuri uyu wa Gatandatu saa munani nibwo hategerejwe umukino ufatwa nk’uwa mbere ku isi uzahuza Real Madrid na FC Barcelona uzabera kuri stade ya Santiago Bernabeu ya Real Madrid.
Uyu mukino ugiye...
Abakinnyi 4 b’ikipe ya West Bromowich Albion yo mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza baherutse gukora agashya biba imodoka ya Taxi ubwo bari mu mwiherero mu gihugu cya Espagne mu cyumweru gishize....
Ikipe ya FC Barcelona ishobora gukora amateka yo kurangiza shampiyona ya Espagne idatsinzwe ,nyuma yo kunganya na Real Madrid ibitego 2-2,mu mukino wa El Clasico waranzwe no kubogama k’umusifuzi...
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool n’umukunzi we Larissa Pereira bashyize hanze amafoto yaciye ibintu ndetse yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga bari gusomanira ku bwato,ubwo bari basohokeye ku mucanga...
Umutoza Zinedine Zidane wari umaze kubaka izina mu ikipe ya Real Madrid, amaze gutungura benshi mu bakunzi ba ruhago atangaza ko asezeye ku kazi, nyuma y’imyaka 2 n’igice yari amaze akora amateka...
Uyu mugore n’umugabo bo mu gace ka Santo Domingo muri Espagne bafashwe basambanira hejuru y’inzu ku manywa y’ihangu kandi bo bari bazi ko nta muntu watekereza...
Myugariro wa mbere ku isi Sergio Ramos yatangaje abanyamakuru bamubajije niba agiye gusezera mu ikipe y’igihuguya Espagne nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka aho yababwiye ko we...
Rutahizamu w’ikipe ya Chelsea Olivier Giroud uherutse gufasha Ubufaransa gutwara igikombe cy’isi yagaragaye ari gusomana n’umugore we mu mazi mu buryo budasanzwe ubwo bari basohokeye ahitwa...
Ikipe ya Chelsea FC ikomeje urugamba rwo kugumana kabuhariwe wayo Eden Hazard wifuzwa na Real Madrid yo muri Espagne aho batangaje ko kugira ngo bamurekure igomba kubaha akayabo ka miliyoni 200...