Umunya Norway,Ole Gunnar Solskjaer, yirukanwe ku kazi ko gutoza Manchester United nyuma yo gutsindwa naWatford ibitego 4-1 ku wa gatandatu muri Premier...
John McAfee wakoze anti-virus akaba n’umushoramari mu ikoranabuhanga yapfiriye muri kasho ya polisi i Barcelona nyuma y’amasaha urukiko rwo muri Espagne rutegetse ko yoherezwa muri Amerika ku byaha...
Amakipe yo mu Bwongereza no muri Espagne yakomeje kuyobora Europa League muri iyi myaka ishize kuko ikipe iheruka gutwara iki gikombe idaturuka muri ibyo bihugu ari FC Porto, yatsindiye Braga ku...
Ntawashidikanya ko filimi y’uruhererekane ya LA CASA DE PAPEL yakunzwe na benshi mu bayirebye kubera amayeri n’udukuryo tw’ibisambo biba byiba muri Banki ya Espagne byariyise amazina y’imijyi...
Rutahizamu Lionel Messi yahishuye ku nshuro ya mbere ko mu myaka mike ishize yifuje kuva mu ikipe ya FC Barcelona agashaka ahandi yakwerekeza kubera ikibazo cy’imisoro ihanitse iba mu gihugu cya...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yabwiye abanyamakuru ko adakumbuye Messi ndetse we amaze kuzenguruka hose yerekana ubuhanga bwe mu gihe uyu munya Argentina we yiziritse muri Espagne...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo wagaragaye afite ubwanwa ku mukino wa Morocco kandi adasanzwe abugira yatangaje ko impamvu yabiteye ari umukino yakinaga na Ricardo Quaresma akamubwira ko natsinda...
Benshi mu bakunzi ba ruhago bategereje ihangana rya Cristiano Ronaldo na Sergio Ramos bakinana muri Real Madrid baraza gucakirana uyu munsi mu gikombe cy’isi bahagarariye ibihugu byabo Espagne na...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018, muri Espagne Minisitiri w’ Intebe yatakarijwe icyizere, mu Rwanda Bernard Makuza yakiriye ambasaderi wa Ethiopia, mu karere ingagi zo mu birunga...
Ubushinjacyaha bwo mu Bubirigi bwemeje ko Carles Puigdemont wirukanywe ku buyobozi bw’intara ya Catalonia n’abandi bahoze ari abaminisitiri be bane bishyize mu maboko y’igipolisi cy’icyo gihugu....
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...
Rutahizamu Vinicius Jr yabajijwe ikibazo cyijyanye n’irondaruhu muri ruhago araturika ararira gusa yemeza ko atazigera ava muri Real Madrid kubera abafana bo muri Espagne...
Ikipe ya Maroc yabaye ikipe ya 4 ya Afurika ibashije kugera muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsindira Espagne kuri penaliti 3-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza.
Muri uyu mukino...
Ikipe ya Real Madrid iheruka kurekura myugariro wayo Raphael Varane yari imaranye imyaka 10,igiye kumusimbuza uwitwa Pau Torres ukinira ikipe ya Villarreal mu gihugu cya...
Ikipe ya FC Barcelona yamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne irimenyesha ko umusifuzi uherutse kubasifurira ku mukino wa El Clasico bagatsindwa ibitego 3-1 ari umufana...
Umunyezamu w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Iker Casillas,wamamaye mu ikipe ya Real Madrid no muri Espagne yatangaje ko kuri we Cristiano Ronaldo arusha ubuhanga Messi ari uko Imana yahaye impano...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta mwanya n’umwe yahaye abamunenze ko atitwaye neza mu gikombe cy’isi ndetse ibyo bavuga byose ari ubucucu atabona umwanya wo...
Igihangange mu mukino wa Tennis cyane cyane ku bibuga by’igitaka Rafael Nadal umunya Espagne w’imyaka 31,agiye kongera kwisubiza umwanya wa mbere ku isi nyuma y’aho Andy Murray wari ufite uyu mwanya...
Umunya Espagne uzwi cyane kubera ubuhanga mu gusiganwa ku magare cyane cyane mu kuzamuka imisozi yatangaje ko nyuma y’irushanwa rya Vuelta a Espana izaba guhera ku italiki ya 19 kanama kugeza ku...
Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil wanakiniye FC Barcelone, ari mu mazi abira nyuma y’uko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo...
Indege bwite yo mu bwoko bwa Cessna yaguye mu nyanja hafi y’igihugu cya Latvia/ Lettonie mu buryo bukiri amayobera.
Indege z’intambara za OTAN zihutiye kuyikurikira mu rugendo rwayo rwarimo...
Mu murwa mukuru wa Angola habereye imihango yo gusezera no gushyingura uwahoze ari perezida José Eduardo dos Santos wapfiriye muri Espagne mu kwezi gushize kwa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Umunya-Espagne, Carlos Alós Ferrer ari we mutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’Amavubi usimbura Mashami Vincent wari umaze imyaka...
Nubwo hashize amezi atandatu avuye muri FC Barcelona, kubona iyi kipe yo muri Espagne idafite Lionel Messi bikomeje kuba ibintu bidasanzwe kuri bamwe, ndetse...