Kapiteni wa Real Madrid ashobora guhagarikwa igihe kinini kubera ibizamini yafashwe byagaragaje ko yakoresheje imiti yongera imbaraga ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League 2017 batsinzemo...
Umurundikazi Lydia Nsekera, uri mu buyobozi bw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ndetse akaba no mu bagize Komite Olempike ku isi yagiriye inama abanyarwandakazi bifuza kujya mu...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Mu mateka y’igikombe cy’Isi komite y’abasifuzi ya FIFA yashyizeho abasifuzi batatu b’abagore bazasifura mu gikombe cy’Isi kizabera muri Qatar mu mpera z’uyu...
Rutahizamu wa AC Milan na Sweden,Zlatan Ibrahimovic ari gukorwaho iperereza rikomeye na FIFA na UEFA kubera ibyaha akekwaho byo kuba yaba yarakoranye na kompanyi ikina ibyo gutega ku...
Kuri uyu wa gatanu, Ahmad Ahmad wahagaritswe na FIFA imyaka 5 kubera amakosa yo kunyereza umutungo wa CAF yashinjwe, yagaruwe ku mwanya w’umuyobozi w’umupira w’amaguru muri Afurika mu gihe...
Ikipe ya Chelsea ubu yemerewe gusinyisha abakinnyi bashya muri Mutarama ubwo isoko ry’igura n’igurisha rizaba rifunguye ku mugabane w’uburayi nyuma yo kugabanyirizwa ibihano yari yarafatiwe na FIFA...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid akomeje gukora amateka yo guca uduhigo mu mikino ya UEFA Champions League nyuma y’aho mu ijoro ryakeye yakoze agahigo ko gutsinda igitego muri buri mukino...
Umusore Cristiano Ronaldo wigeze kuvugwaho ibibazo byo kunyereza imisoro mu mezi ashize ndetse bigatangazwa ko yafashe umwanzuro wo kuva muri Real Madrid ku munsi w’ejo taliki ya 24 Nyakanga...
Urukiko rw’Ubutabera rw’Uburayi rwemeje ko amategeko ya UEFA na FIFA abuza amakipe kwitegurira amarushanwa yayo bwite arimo na European Super League anyuranye...
Umuzamu w’umunya Tanzania Ramadhani Kabwili yareze Rayon Sports FC muri FIFA, yanzura ko iyi kipe itazemererwa kwandikisha abakinnyi itarishyura Bwana...
Perezida Paul Kagame na Gianni Infantino uyobora FIFA, bafunguye ku mugaragaro Kigali Pelé Stadium, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Werurwe 2023.
Stade yahoze yitwa iya Kigali...
Umutoza wa Liverpool uheruka gutorwa na FIFA nk’uwahize abandi mu mupira w’amaguru ku isi yatangaje ko nubwo amaze imyaka myinshi akora aka kazi ariko atajya yifuza guhura na Pep Guardiola wa...
Ubuyobozi bwa FERWAFA bwamaze gufata umwanzuro w’uko guhera kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Nzeri 2019 nta munsi wateganyijwe na FIFA uzongera gucaho ikipe y’igihugu Amavubi idakinye umukino wa...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora guhagarikwa na FIFA imyaka 3 itagura abakinnyi, kubera ko yanze kubahiriza amasezerano yagiranye n’ikipe ya Dreams FC yo muri Ghana yahoze ikinamo rutahizamu Sarpong...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yashimiye Luka Modric na Mohamed Salah batsinze mu bihembo bya FIFA The Best ndetse yibutsa abamushinje kubagirira ishyari bigatuma yanga kwitabira uyu...