Perezida wa FIFA,Infantino yatangaje ko hagiye gutangira irushana ry’igikombe cy’isi cy’amakipe atari ay’ibihugu kizatangira mu mwaka wa 2025 kigizwe n’amakipe 32.
Yavuze ko iki gikombe cy’isi...
Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje Umutoza Adil Mohamed ko tariki ya 14 Ugushyingo agomba kugaruka mu kazi.
Amakuru akaba avuga ko uyu...
Ku wa w’iki cyumweru, hateganyijwe umukino uzahuza Rayon Sports na MUKURA VS itamerewe neza kubera ikibazo cy’umwenda iri kwishyuzwa nabi.
Rayon Sports irashaka gufasha Mukura VS gukusanya...
Rutahizamu wa Manchester United Mason Greenwood yarekuwe by’agateganyo nyuma yo gufungwa ashinjwa gufata ku ngufu umugore no kumukubita.
Uyu mukinyi w’imyaka 20 yafunzwe ku cyumweru kandi...
Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Kiyovu Sports na Police FC izimenyesha ko Kimenyi Yves na Rutanga Eric bakiri abakinnyi bayo bityo nibabakenera bagomba kubasaba ubuyobozi bwa Rayon Sports kuko...
Ikipe ya Manchester United yasinyishije umukinnyi w’imyaka 14 y’amavuko igihe kingana n’imyaka 2 nyuma yuko uyu mukinnyi ageragerejwe mu ikipe ya Liverpool.
Ishyirahamwe ry’umupira wamaguru mu Rwanda,FERWAFA, riratangaza ko ritagomba kubazwa amafranga yo kwishyura uwahoze ari umutoza w’Amavubi Jonathan Mckinstry ko agomba kubazwa MINISPOC kuko ariyo...
• Amavubi azacakirana na Ethiopia mu mukino ubanza wo gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN 2017 ku munsi w’ejo
• Ikipe ya Ethiopia niyo ifite amateka akomeye kurusha Amavubi
• Umukino wo kwishyura...
Muri iki cyumweru Ku ngengabihe y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA hateganyijwe imikino mpuzamahanga yaba mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ndetse n’imikino ya gicuti ku...
Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari...
Luis Manuel Rubiales Béjar,Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne yanze kwegura kuri uyu mwanya nyuma yo gusoma ku itama umukinnyi wa Espagne wari umaze kwegukana igikombe...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Umwongereza Frank James Lampard agiye guhabwa akazi ko gutoza Chelsea mu gihe cy’amezi abiri asigaye kugira ngo shampiyona ya 2022/2023 irangire.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 05 Mata 2023 nibwo...
Myugariro David Alaba ukomoka muri Austria yanze gutora Karim Benzema usanzwe ari kapiteni we mu ikipe ya Real Madrid ahubwo atora Lionel Messi mu bihembo bya FIFA The Best.
Uyu kapiteni wa...
Umutoza Adil Mohamed yamaze gutanga ikirego muri FIFA, arasaba indishyi za miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umutoza Mohamed Adil Erradi yatangarije B&B FM Umwezi ko yatandukanye na APR...
Umunyamabanga mukuru wa FIFA avuga ko Senegal izakoresha abapfumu kugira ngo Sadio Mane akine igikombe cy’isi.
Ku wa kabiri, tariki ya 8 Ugushyingo,nibwo uyu mukinnyi wa Bayern Munich,Sadio...
Abantu benshi bakomeje gusaba ko Irani yirukanwa mu gikombe cy’isi nyuma yo kohereza inzobere mu bya gisirikare muri Ukraine gufasha ingabo z’Uburusiya.
Iki gihugu gikaze ku mahame ya kisilamu...
Urutonde rw’amakipe 24 muri Afurika yemerewe kwitabira irushanwa rya CAF Super League ku nshuro ya mbere rwashyizwe ahagaragara aho nta kipe yo mu Rwanda irimo.
Iyi Super League izatangira muri...