GodFather inzu yo muri Afurika Y’epfo yamamaye mu gutunganya amafilimi,nyirayo akaba na Director yasuye u Rwanda anagirana ibiganiro na bamwe mu bo bahuje umwuga n’abahanzi...
Mu gihe umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Mashami Vincent yari yishimiye ko rutahizamu wa Saint Etienne mu Bufaransa, Kevin Monnet-Paquet yavuye mu mvune ku buryo yazanamwifashisha mu mikino iri...
Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025...
Umusore usanzwe amenyereweho kumurika imideli uzwi ku izina rya Twagira Prince Henry niwe watoranyijwe kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa ryo guhatanira ikamba rya Rudasumbwa ku rwego...
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo iri mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa hamaze kumenyekana abarwayi babiri ba Ebola, ni bwo bwa mbere iyi ndwara ihavuzwe kuva yakwaduka muri iki gihugu, umuntu wa...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea N’golo Kante ukundwa na benshi kubera ko yicisha bugufi ndetse akaba ari n’umuhanga bigaragarira buri wese,yabwiye abanyamakuru ko akiri umwana yakundaga...
Nyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane...
Tariki ya 07 Mata mu gihugu cy’Ubufaransa yagizwe umunsi wahariwe Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bikaba byasohotse mu iteka rya Perezida wa Repububulika.
Umutoza wa PSG,yabyukije intambara y’amagambo na Neymar Jr kuko yamunenze kubera imyitwarire mibi yagize kuwa Gatandatu,agakubita igipfunsi umufana wa Rennes warimo gufata amashusho abakinnyi ba...
Dady de Maximo Mwicira Mitali ni umuhanzi w’imyambaro y’ubugeni n’isanzwe, Dad de Maximo yatanze ubuhamya bw’uko yasambanyijwe akanangizwa igitsina muri Jenoside. wamenyekanye mu Rwanda mu bice...
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika ushinzwe ibya Gisirikare n’Umutekano, Gen. James Kabarebe, yatangaje ko hari ikibazo kitabonerwa igisubizo ku bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi...
Ndayisenga Valens ufite agahigo ko kuba ariwe munyarwanda wenyine watwaye Tour du Rwanda ubwo yari ku rwego rwa 2.2 mu mwaka wa 2014 na 2016,yavuze ko nta mahirwe menshi Abanyarwanda bafite yo...
Umunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir...
Abajura 3 bitwaje intwaro bateze abantu bari bagiye gusura ishusho y’icyamamare ya Yezu iherereye mu mujyi wa Rio de Janeiro bambura buri wese ibyo yari afite byose gusa nta muntu wapfiriye muri...
Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe yatowe n’umukinnyi w’umwaka wa 2018 atsinze bagenzi be bafatanyije gutwara igikombe cyisi cya 2018 mu Burusiya barimo Raphael Varane na Antoine...
Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...
Abanyarwandakazi batuye mu gace ka mbarara ntiborohewe na Leta y’ubugande kubera ibyaha birimo uburaya bweruye,Ubucuruzi ndetse no gutura muri iki gihugu binyuranyije...
Umunya Croatia Luka Modric w’imyaka 33 ukinira Real Madrid, niwe waraye atsindiye igihembo cya Ballon d’Or nyuma yo kwanikira bikomeye mu majwi Cristiano Ronaldo na Antoine Griezmann...
Nubwo bitemewe kunywera itabi mu ruhame kuri bimwe mu bibuga byo ku mugabane w’Iburayi ndetse bamwe mu bakinnyi bakaba bagatumura bihishe,hari abo byacitse bagaragara bari kurinywa ndetse amafoto...
Abasore 3 b’abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare bisanze ku rutonde ruzatoranywamo umukinnyi wahize abandi mu mukino wo gusiganwa ku magare muri...